Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Misiri yahakanye amakuru yatangajwe n’umutwe wa RSF uhanganye n’ingabo za Leta muri Sudani, kuba yarashe ku bagize uwo mutwe yifashishije indege.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Misiri yahakanye ibirego yashinjwe byo kurashisha indege zayo muri Sudani
10 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Perezida ucyennye cyane ku isi yapfuye
14 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuJosé Mujica, wamenyekanye cyane ku isi yose nka “Perezida ucyennye cyane”, yapfuye afite imyaka 89. Uyu munyapolitike w’Umunya-Uruguay, wanabaye inyeshyamba, yayoboye igihugu cye kuva mu 2010 kugeza mu 2015.
-
I Kirehe haravugwa Padiri Diregiteri ufunzwe azira gusambanya umunyeshuri we w’ imyaka 15
10 October 2024, by Joseph IradukundaMu Karere ka Kirehe haravugwa inkuru y’Umupadiri akaba n’Umuyobozi w’ikigo witwa Phocas Katabogama watawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB.
-
Louise Mushikiwabo yavuze ko Afrika ifite uburenganzira bwo gukorana n’abo ishaka
20 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa, OIF, Louise Mushikiwabo yatangaje ko Afurika ikwiye guhahira aho ishaka no gukorana n’abo yihitiyemo bashobora kuyifasha kugera ku ntego zayo yishyiriyeho.
-
Amerika yarashe ubundi bwato ikeka ko bwari bwikoreye ibiyobyabwenge
20 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intambara muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pette Hegseth, yatangaje ko tariki ya 17 Ukwakira 2025, ingabo z’iki gihugu zarashe ubwato bwari bwikoreye ibiyobyabwenge.
-
Cameroun: Paul Biya yizihije imyaka 42 amaze ku butegetsi
7 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Cameroun, Paul Biya kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Ugushyingo yizihije imyaka 42 amaze ku butegetsi.
-
Umusirikare wa Amerika yishe atemye umugore we utwite, amuta mu kimoteri
6 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmusirikare w’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahanishijwe igifungo cy’imyaka 23 kubera kwica umugore we wari utwite, yarangiza akamuta mu kimoteri.
-
Polisi ya Ethiopia irashima uruhare rwa RNP mu kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka mu karere
17 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye ari mu ruzinduko rw’akazi muri Ethiopia rugamije gushimangira ubufatanye hagati ya Polisi z’ibihugu byombi mu bijyanye no gucunga umutekano.
-
Atera imitoma abahita bakamwishyura
9 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu Buyapani, umugabo wahawe izina ry’irihimbano rya ‘Uncle Praise’, atunzwe n’umwuga yihimbiye wo guhagarara ku muhanda akajya abwira abatambuka amagambo meza wafata nk’imitoma, yo kubataka no kubasingiza abavugaho ibintu byiza kandi atabazi, maze bakamwishyura.
-
Alyn Sano yagaragaje ko yifuza umukunzi
27 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi Alyn Sano yagaragaje ko akeneye umukunzi asaba ababyifuza ko bamwandikira.
Umuryango.rw
Misiri yahakanye ibirego yashinjwe byo kurashisha indege zayo muri Sudani
Perezida ucyennye cyane ku isi yapfuye
I Kirehe haravugwa Padiri Diregiteri ufunzwe azira gusambanya umunyeshuri we w’ imyaka 15
Louise Mushikiwabo yavuze ko Afrika ifite uburenganzira bwo gukorana n’abo ishaka
Amerika yarashe ubundi bwato ikeka ko bwari bwikoreye ibiyobyabwenge
Cameroun: Paul Biya yizihije imyaka 42 amaze ku butegetsi
Umusirikare wa Amerika yishe atemye umugore we utwite, amuta mu kimoteri
Polisi ya Ethiopia irashima uruhare rwa RNP mu kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka mu karere
Atera imitoma abahita bakamwishyura
Alyn Sano yagaragaje ko yifuza umukunzi