Perezida Paul Kagame yavuze ko abanyarwanda banyuze muri byinshi bikomeye birimo na Jenoside yakorewe abatutsi 1994 ariko ko ikitarabishe cyabakomeje kandi cyabateguriye guhangana n’ibiri imbere uko byaba bisa kose
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida kagame yavuze ko ibitarishe abanyarwanda mu myaka 31 ishize byabakomeje
7 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
RDC: Nicolas Kazadi wari Minisitiri w’Imari yatawe muri yombi
9 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwahoze ari Minisitiri w’imari muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Nicolas Kazadi, yaraye afatiwe mu mujyi wa Mbuji-Mayi, umurwa mukuru w’intara ya Kasai Oriental. Icyo gikorwa cyakozwe mu ibanga rikomeye, ariko nk’uko amakuru aturuka aho ndetse n’amashusho yihariye, ifatwa ryakozwe mu buryo burimo guhutaza gukabije.
-
Amerika yifuza ko u Rwanda na RDC bigirana masezerano y’amahoro vuba
13 June 2025, by ISIMBI EstellaLeta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zifuza ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byagirana amasezerano y’amahoro vuba muri Kamena cyangwa se byatinda ntibirenze Nyakanga 2025.
-
Rayon Sports yateye utwatsi ubusabe bwa Sadate uyisaba kuganira ku masezerano bafitanye
19 December 2024, by Joseph IradukundaUbuyobozi bwa Rayon Sports bwasubije Munyakazi Sadate wahoze ayiyobora, ko budashobora kuganira na we ku bijyanye n’amasezerano yavuze ko yagiranye na yo mu 2018 na 2019, binyuze muri kompanyi ze, ubu ibyo zakoraga bikaba byarahawe abandi.
-
Kamonyi: Umugore n’umukobwa we w’imyaka 14 batawe muri yombi bakekwaho kwica
8 July 2025, by ISIMBI EstellaUmugore w’imyaka 37 n’umukobwa we w’imyaka 14 batawe muri yombi nyuma yo gukekwaho urupfu rw’umugabo we ari nawe se w’uwo mukobwa.
-
Amb Gasamagera yagaragaje ko Umuryango FPR-Inkotanyi na NRM basangiye byinshi
29 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango RPF- Inkotanyi Amb. Wellars Gasamagera, yagaragaje ko hari byinshi ishyaka NRM ( National Resistance Movement) riri ku butegetsi muri Uganda hari byinshi risangiye n’Uyu Muryango.
-
Bwongereza bwiyemeje kwinjira mu mugambi w’ubuhuza k’u Rwanda na RDC
2 October 2024, by Joseph IradukundaAmbasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda, Alison Thorpe yatangaje ko igihugu cye cyiyemeje gutanga umusanzu mu gukemura amakimbirane ari hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi (RDC), kuko bigira ingaruka ku iterambere ry’akarere kose.
-
Coronavirus: Abantu 3 bakize Coronavirus mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu haboneka babiri bashya banduye
8 May 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 08 Gicurasi 2020, mu Rwanda habonetse abantu babiri basanganywe Coronavirus mu bipimo 1,353 byafashwe, bituma umubare w’abamaze kwandura ugera kuri 273. Abakize bo biyongereyeho batatu baba 136, abakirwaye ni 137.
-
RRA yakusanyije akayabo ka miliyari zibarirwa mu bihumbi z’imisoro mu 2024/2025
8 July 2025, by Joseph IradukundaIkigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko mu mwaka w’isoresha wa 2024/2025 cyakusanyije miliyari 3.079,8 Frw z’imisoro, yarenzeho 1,3% kuri miliyari 3.041,2 Frw cyateganyaga gukusanya.
-
Ruhango: Abagizi ba nabi bamutemeye inka yashumbushijwe batwara umurizo
28 October 2024, by Joseph IradukundaKanyumba Madeleine utuye mu Karere ka Ruhango, mu Murenge wa Ruhango, mu Kagari Munini, mu Mudugudu wa Ruhuha yatemewe inka yashumbushijwe muri gahunda ya Girinka Munyarwanda, nyuma y’uko iyo yari yahawe imaze gupfa, iyo nka ikaba abayitemye batwaye umurizo wayo aho utaraboneka.
Umuryango.rw
Perezida kagame yavuze ko ibitarishe abanyarwanda mu myaka 31 ishize byabakomeje
RDC: Nicolas Kazadi wari Minisitiri w’Imari yatawe muri yombi
Amerika yifuza ko u Rwanda na RDC bigirana masezerano y’amahoro vuba
Rayon Sports yateye utwatsi ubusabe bwa Sadate uyisaba kuganira ku masezerano bafitanye
Kamonyi: Umugore n’umukobwa we w’imyaka 14 batawe muri yombi bakekwaho kwica
Amb Gasamagera yagaragaje ko Umuryango FPR-Inkotanyi na NRM basangiye byinshi
Bwongereza bwiyemeje kwinjira mu mugambi w’ubuhuza k’u Rwanda na RDC
Coronavirus: Abantu 3 bakize Coronavirus mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu haboneka babiri bashya banduye
RRA yakusanyije akayabo ka miliyari zibarirwa mu bihumbi z’imisoro mu 2024/2025
Ruhango: Abagizi ba nabi bamutemeye inka yashumbushijwe batwara umurizo