Ibiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bishinzwe ububanyi n’amahanga byagaragaje ko Perezida Joe Biden n’umugore we, Dr Jill Biden, mu 2023 bahawe impano n’abayobozi batandukanye hirya no hino ku Isi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Hagaragajwe impano Perezida Biden n’umugore we bahawe n’abayobozi batandukanye
5 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Gukuramo inkweto ngo usakwe ku kibuga cy’indege muri America ntibikiri itegeko
9 July 2025, by Joseph IradukundaItegeko ryo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryasabaga abagenzi ku kibuga cy’indege gukuramo inkweto ngo basasakwe, ryakuweho nyuma y’imyaka 20 rikurikizwa.
-
U Burusiya bwarashe ‘misile 70’ muri Ukraine
7 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yatangaje ko ingabo z’u Burusiya zagabye mu gihugu cye ibitero bya misile n’utudege tutagira abapilote (drones), byangiza ibikorwaremezo.
-
Gakenke: Umushinga wo kubaka gare wadindijwe na rwiyemezamirimo
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbaturage ndetse n’abatwara ibinyabiziga bakorera ahazwi nk’ahateganyirijwe kubakwa gare ya Gakenke, bavuga ko bamaze umwaka n’igice bategereje ko imirimo yo kuyubaka itangira, ariko amaso yaheze mu kirere.
-
Museveni yaburiye urubyiruko ruteganya kumukorera nk’ibyakorewe Ruto
22 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIPerezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yaburiye urubyiruko rwo mu gihugu cye ruteganya gukorera imyigaragambyo mu mujyi wa Kampala, aruteguza ingamba zikakaye.
-
John Legend yagarutse ku bihe byiza yagiriye muri Pariki y’Ibirunga
17 March 2025, by ISIMBI EstellaUbwo yari mu Rwanda aho yakoreye igitaramo ku wa 21 Gashyantare 2025, John Legend yagize umwanya wo gusura ibice bitandukanye by’u Rwanda birimo na Pariki y’Igihugu y’Ibirunga ibarizwamo ingagi.
-
AU yavuze ku cyemezo cya Amerika gikumira abo mu bihugu bya Afurika kwinjirayo
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wakebuye ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wakumiriye abanyamahanga barimo abaturuka mu bihugu byinshi bya Afurika.
-
Minisitiri Ugirashebuja ahangayikishijwe n’amahanga atarafatiye isomo ku Rwanda ngo akumire ibibera muri RDC
27 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubutabera, Dr. Emmanuel Ugirashebuja, yatangaje ko umuryango mpuzamahanga utakuye isomo ku bihe by’umwijima u Rwanda rwanyuzemo mu myaka 32 ishize ngo akumire indi Jenoside iri gututumba muri Repubulika Iharanira Demokarasis ya Congo.
-
Trump yibukije Zelensky ko nta mahatimo afite uretse kumvikana na Putin
17 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yibukije mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelensky ko nta yandi mahitamo afite, uretse kumvikana na Vladmir Putin, ku buryo bwo kurangiza intambara.
-
Basketball: Los Angeles Lakers igiye kugurishwa arenga miliyari 10$
19 June 2025, by ISIMBI EstellaLos Angeles Lakers iri mu makipe akomeye ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yari mu biganza by’umuryango wa Jerry Buss [The Buss family], igiye kwegukanwa na TWG Global Holdings ya Mark Walter ayitanzeho arenga miliyari 10$.
Umuryango.rw
Hagaragajwe impano Perezida Biden n’umugore we bahawe n’abayobozi batandukanye
Gukuramo inkweto ngo usakwe ku kibuga cy’indege muri America ntibikiri itegeko
U Burusiya bwarashe ‘misile 70’ muri Ukraine
Gakenke: Umushinga wo kubaka gare wadindijwe na rwiyemezamirimo
Museveni yaburiye urubyiruko ruteganya kumukorera nk’ibyakorewe Ruto
John Legend yagarutse ku bihe byiza yagiriye muri Pariki y’Ibirunga
AU yavuze ku cyemezo cya Amerika gikumira abo mu bihugu bya Afurika kwinjirayo
Minisitiri Ugirashebuja ahangayikishijwe n’amahanga atarafatiye isomo ku Rwanda ngo akumire ibibera muri RDC
Trump yibukije Zelensky ko nta mahatimo afite uretse kumvikana na Putin
Basketball: Los Angeles Lakers igiye kugurishwa arenga miliyari 10$