Umupasiteri witwa John Anosike ukomoka muri Nigeria ariko akaba akorera muri Afurika y’Epfo, yahanuye ko umuhanzi Davido yatoranyijwe n’Imana ngo azabe Perezida wa Nigeria, akazahindura byinshi muri iki gihugu birimo kwagura ubukungu no guteza imbere ubumwe bw’abaturage.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Davido yahanuriwe kuzaba Perezida wa Nigeria
11 June 2025, by ISIMBI Estella -
Umurundi uzafatanwa ishashi azajya ayimira: Gélase Ndabirabe
3 March 2025, by Joseph IradukundaUmuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Burundi, Daniel Gélase Ndabirabe, yasabye ko haba igihano gikakaye ku bakoresha amashashi, ku buryo uzajya ayifatanwa yazajya ategekwa kuyimira.
-
Umugore w’imyaka 25 yakubiswe n’inkuba iramuhitana
2 October 2024, by Joseph IradukundaNyirangirimana Euphraise w’imyaka 25 wo mu Mudugudu wa Musasa, Akagari ka Raro, Umurenge wa Kanjongo mu Karere ka Nyamasheke yakubiswe n’inkuba mu mvura yagwaga mu ma saa cyenda z’igicamunsi ku wa Kabiri, tariki ya 1 Ukwakira ahita apfa.
-
Canada: Umunyarwanda wahamijwe kwica umugore we ashobora koherezwa mu Rwanda
23 September 2025, by ISIMBI EstellaRamadhan Nizigiyimana w’imyaka 33 ashobora koherezwa mu Rwanda n’ubutabera bwa Canada, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica umugore we.
-
RDB yasobanuye aho imirimo yo kubaka uruganda ruzajya rutunganya urumogi igeze
15 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) rwamenyesheje abagize Inteko Ishinga Amategeko ko imirimo yo kubaka uruganda ruzatunganya urumogi rwo kwifashisha mu rwego rw’ubuvuzi igeze kuri 83%.
-
Prof. Bossuyt wayoboye Urukiko rw’Ikirenga rw’u Bubiligi yanenze politiki yabwo ku Rwanda
24 March 2025, by Angeline MUKANGENZIProf. Marc Bossuyt wayoboye Urukiko rw’Ikirenga rw’u Bubiligi akaba n’umwarimu w’amategeko mpuzamahanga muri Kaminuza ya Antwerp, yanenze uko Guverinoma y’igihugu cyabo ikomeje kwitwara ku Rwanda.
-
Umuyobozi wa Mukura VS yatanze kandidatire yo kwiyamamariza kuyobora FERWAFA
4 June 2021, by Dusingizimana RemyNkuko byari bimaze iminsi bivugwa,NIZEYIMANA Olivier, Perezida wa Mukura VS akaba n’umufana wayo w’imena,yamaze gutanga kandidatire yiyamariza kuyobora FERWAFA.
-
Gisagara: Abangavu 145 batewe inda
10 July 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Akarere ka Gisagara bwatangaje ko buhangayikishijwe n’imyitwarire ya bamwe mu rubyiruko bishora mu biyobyabwenge bakajyanwa Iwawa abandi bakagwa mu bishuko bibakururira gutwara inda zitifuzwa bakiri bato.
-
Mu muziki si aho gukinira ‘sinabyaye’- Bruce Melodie kuri Yampano wagaragaje ko atamuzi
30 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBruce Melodie yavuze ko amagambo Yampano yamuvuzeho mu minsi ishize, agaragaza ko bataziranye abantu badakwiriye kuyakuririza kuko hari impamvu yabivuze kandi ashobora kuba ari mu kuri.
-
Perezida Kagame yongeye kugaragara atwaye igare [AMAFOTO]
21 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 21 Ukwakira 2018 yifatanye n’ abanyaKigali muri siporo rusange isigaye iba kabiri mu kwezi mu mihanda itarimo ibinyabiziga bya moteri. Ni ku nshuro ya kabiri agaragaye atwaye igare kuko yaherukaga kugaragara aritwaye ubwo hafatwaga amashusho ya filime mbarankuru ku Rwanda ’Rwanda The Royal tour’
Umuryango.rw
Davido yahanuriwe kuzaba Perezida wa Nigeria
Umurundi uzafatanwa ishashi azajya ayimira: Gélase Ndabirabe
Umugore w’imyaka 25 yakubiswe n’inkuba iramuhitana
Canada: Umunyarwanda wahamijwe kwica umugore we ashobora koherezwa mu Rwanda
RDB yasobanuye aho imirimo yo kubaka uruganda ruzajya rutunganya urumogi igeze
Prof. Bossuyt wayoboye Urukiko rw’Ikirenga rw’u Bubiligi yanenze politiki yabwo ku Rwanda
Gisagara: Abangavu 145 batewe inda
Mu muziki si aho gukinira ‘sinabyaye’- Bruce Melodie kuri Yampano wagaragaje ko atamuzi