Ubutegetsi bwa Perezida Biden buravuga ko burimo gukurikirana ikibazo cy’ifungwa ry’Umunyamerika ukomoka muri Irani.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ubutegetsi bwa Irani Bwafunze Umunyamakuru Reza Valizadeh
3 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Syria: Abarenga 20 bapfuye bari gusenga
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu 22 bapfuye abandi barenga 60 bakomerekera mu gitero cy’iterabwoba cyabagabweho ubwo bari mu Kiliziya cya Mar Elias kiri i Dweil’a,mu nkengero z’Umujyi wa Damascus.
-
Diamond Platnumz akeka ko bamwe mu bana afite atari abe
6 August 2025, by ISIMBI EstellaDiamond Platnumz yemeye ko atazi neza umubare nyawo w’abana yabyaye, kandi ko ashidikanya niba abo bivugwa ko yabyaranye n’abagore batandukanye bose ari abe koko.
-
AMAFOTO: Kim Jong Un yerekanye ubuhanga bwe mu kurasa n’intwaro zikomeye z’igihugu cye
9 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yagaragaje ko ashoboye kurasisha intwaro zikomeye igihugu cye gifite zirimo imbunda za ba mudahusha n’izindi zikoreshwa n’abasirikare bo mu mutwe w’ingabo udasanzwe (special force).
-
Startimes yongeye guha abakunzi b’imikino ibyishimo ibereka umukino wa nyuma wa FA Cup
27 July 2020, by Dusingizimana RemyAbafatabuguzi ba Startimes bongeye gushyirwa igorora kuko Kuwa Gatandatu tariki ya 01 Kanama 2020 bazareba umukino wa nyuma wa w’igikombe cy’Ubwongereza FA Cup uzahuza ibihangange birimo Arsenal na Chelsea FC.
-
Igihugu cya Ukraine cyashyikirijwe imibiri y’abasirikari baguye ku rugamba
9 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatanu, igihugu cy’Uburusiya cyashyikirije kigenzi cyacyo cya Ukraine, imibiri y’abasirikare 563 baguye ku rugamba rumaze igihe rushyamiranyije ibihugu byombi.
-
Sobanukirwa- Ibihe udakwiriye gukora imibonano mpuzabitsina
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuImibonano mpuzabitsina y’abashakanye ni igikorwa gikorwa n’abantu babairi babyumvikanye,ibyo bigatuma umuntu atekereza ku gihe cyiza cyo kubonana n’uwo mwashakanye n’igihe mudakwiye guhangara icyo gikorwa ,harindwa ubuzima.
-
Bayingana yahakanye iby’ivangura yavuzweho na Fatakumavuta mu rukiko
9 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamakuru David Bayingana yahakanye yivuye inyuma ivangura aherutse kuvugwaho na Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta, ubwo yireguraga mu Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro.
-
Perezida Kagame nta mateka yo gutsindwa urugamba afite-Gen. James Kabarebe
9 March 2019, by Martin MunezeroUmujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano, Gen James Kabarebe, yavuze ko abirirwa bavuga ko bashaka kurwana ntacyo bashobora kugeraho, ko icyo bakora gusa ari ukwirirwa bavuga ku mbuga nkoranyambaga n’ahandi.
-
Niba utagira umuco wo guhoberana waracikanwe
15 September 2024, by Joseph IradukundaGuhoberana ni umuco usanga mu bihugu byinshi ku Isi, bigakunda gukorwa mu byishimo n’akababaro, rimwe bikaba uburyo bwo kwereka mugenzi wawe uburyo umuri hafi mu bihe bigoye, ubundi bikaba uburyo bwo kumwerekana akanyamuneza no kwifatanya nawe.
Umuryango.rw
Ubutegetsi bwa Irani Bwafunze Umunyamakuru Reza Valizadeh
Syria: Abarenga 20 bapfuye bari gusenga
Diamond Platnumz akeka ko bamwe mu bana afite atari abe
AMAFOTO: Kim Jong Un yerekanye ubuhanga bwe mu kurasa n’intwaro zikomeye z’igihugu cye
Startimes yongeye guha abakunzi b’imikino ibyishimo ibereka umukino wa nyuma wa FA Cup
Igihugu cya Ukraine cyashyikirijwe imibiri y’abasirikari baguye ku rugamba
Sobanukirwa- Ibihe udakwiriye gukora imibonano mpuzabitsina
Bayingana yahakanye iby’ivangura yavuzweho na Fatakumavuta mu rukiko
Niba utagira umuco wo guhoberana waracikanwe