Mu gihugu cya Uganda, abafana ba Manchester United bakoze igikorwa cy’isengesho cyo gushyigikira umutoza mushya wa Manchester United, Ruben Amorim. Aba bafana, bari bambaye imyenda ya Manchester United, bihurije hamwe bafite amashusho y’umutoza w’umunyaporutugali kugira ngo bibukiranye mu buryo bw’umwuka. Nubwo hatamenyekanye aho aba bafana bakoreye ibi muri Uganda, umuryango witwa Manchester United Uganda wasangije iki gikorwa ku mbuga nkoranyambaga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abafana ba Manchester United bahuriye hamwe basengera umutoza mushya
28 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Goma: Imiryango y’aburiye ababo mu mpanuka y’ubwato yemerewe kubashyingura
10 October 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Gatatu, itariki 09 Ukwakira 2024, habonetse ubwumvikane hagati y’abayobozi ba Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo n’imiryango y’abazize irohama ry’ubwato bwa MV Merdi, yabaye ku itariki ya 3 Ukwakira hafi y’inkombe z’Ikiyaga cya Kivu.
-
Perezida Biden yagiriye urugendo rutunguranye i Kyiv
20 February 2023, by Dusingizimana RemyPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden yageze i Kyiv mu rugendo rwe rwa mbere akoreye muri Ukraine kuva Uburusiya buteye icyo gihugu mu mezi asaga 12 ashize.
Urwo rugendo rutari rwitezwe rubaye mu gihe yarimo kujya mu gihugu cya Pologne kubonana na Perezida Andrzej Duda.
Biden yabonanye na Perezida Volodomyr Zelensky ku munsi Ukraine yibukaho iyicwa ry’abantu 107 bari mu myigaragambyo yo kwamagana leta,ubu hashize imyaka icyenda.
Ukraine isanzwe imenyereye kwakira (…) -
Sudan: Impunzi zabuze ibiribwa zitangira kurya ibyatsi
19 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuImpunzi zitandukanye muri Sudan zahunze imirwano ikomeje kubera mu Ntara ya Darfur, ngo zatangiye kurya ibyatsi kubera kubura ibiryo.
-
Rayon Sports ishobora guhura na Yanga Africans mu mukino wa gicuti wo kwitegura Al Hilal Omdurman
23 July 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yatangiye imyitozo yo kwitegura guhangana na Al Hilal Omdurman mu ijonjora rya mbere ry’imikino ya CAF Confederations Cup,ishobora guhura na Yanga Africans mu mukino wa gicuti.
-
Umusirikari wo muri Afurika y’Epfo yiciwe i Goma
21 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmusirikare wo muri Afurika y’Epfo wari waraje mu butumwa bw’amahoro gufasha ingabo za SADC mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yiciwe i Goma.
-
Kenya ishobora kwamburwa kwakira Igikombe cya Afurika cya 2027
20 March, by ISIMBI EstellaKenya ishobora gukurwa mu bihugu bizakira imikino y’Igikombe cya Afurika cya 2027, nyuma y’uko ikomeje kugenda biguru ntege mu kubaka ibikorwaremezo ndetse no kubura miliyoni 30$ [43.501.260.000 Frw] y’ikiguzi cyo kwakira irushanwa.
-
Amakuru Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa wari umazeho amezi 3 yegujwe
6 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kane, itariki ya 05 Ukuboza 2024, Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yagejeje ijambo ku gihugu, nyuma y’amasaha make Minisitiri w’intebe Michel Barnier yeguye ku mirimo ye nyuma y’amatora yo kumweguza y’abadepite ku wa Gatatu
-
Abafatanyije na Aimable Bayingana kuyobora amagare baramushinja kurigisa umutungo wa FERWACY
4 November 2019, by UbwanditsiUmwuka si mwiza mu ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) aho Visi Perezida wa mbere ndetse na Visi Perezida wa 2 bashinja Perezida w’iri shyirahamwe Aimable Bayingana kubayoboza igitugu, kurigisa umutungo, gutonesha n’indi miyoborere idahwitse.
Ikinyamakuru taarifa.rw cyanditse inkuru ndende ivuga kuri ibi bibazo ndetse tuyigarukaho ku Umuryango TV mu makuru ane y’ingenzi aba akomeye kuri uwo munsi.
Byinshi kuri aya makuru wakurikirana iyi Video iri hasi -
AFC/M23 yamaganye igisirikare cy’u Burundi cyarashe abaturage i Kadasomwa
27 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ribabajwe n’ibitero bikomeje kugabwa n’ingabo z’u Burundi, FARDC, FDLR, Wazalendo n’abacanshuro ahitwa i Kadasomwa muri Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Umuryango.rw
Abafana ba Manchester United bahuriye hamwe basengera umutoza mushya
Goma: Imiryango y’aburiye ababo mu mpanuka y’ubwato yemerewe kubashyingura
Perezida Biden yagiriye urugendo rutunguranye i Kyiv
Sudan: Impunzi zabuze ibiribwa zitangira kurya ibyatsi
Umusirikari wo muri Afurika y’Epfo yiciwe i Goma
Kenya ishobora kwamburwa kwakira Igikombe cya Afurika cya 2027
Amakuru Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa wari umazeho amezi 3 yegujwe
AFC/M23 yamaganye igisirikare cy’u Burundi cyarashe abaturage i Kadasomwa