Umukandida w’Abademokarate Joe Biden imibare yerekanye ko yizeye gutsinda muri leta ya Michigan, aho Biden yahise agira ati: “nta kabuza tuzatsinda”.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Joe Biden yatangiye kubyina Intsinzi,Trump asaba ko bahagarika kubara amajwi
6 November 2020, by Martin Munezero -
Imvubu yari yarabujije abaturage kuvoma yakuwe mu idamu iratwikwa
12 December 2017, by Nsanzimana ErnestIngabo z’ u Rwanda na polisi y’ u Rwanda bahuriye mu gikorwa cyo gukiza abaturage imvubu yari yarabazengereje ibabuza kuvoma amazi mu idamu ngo buhire imyaka yabo.
Iki gikorwa cyabereye mu murenge wa Murundi akarere ka Kayonza tariki 10 Ukuboza 2017.
Iyi mvubu yakuwe mu idamu iraraswa ndetse iranatwika. Amakuru UMURYANGO ufite ni uko iki gikorwa cyagenze neza.
Umuvugizi wa polisi y’ u Rwanda mu ntara y’ iburengerazuba IP Gakwaya Eulade yatangarije UMURYANGO ko hari amadamu menshi arimo (…) -
RIB yaburiye abashobora kugwa mu cyaha mu rubanza rwa Bishop Gafaranga
23 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatanze umuburo ku bari gukora inkuru zijyanye n’urubanza rwa Habiyaremye Zacharie uzwi nka Bishop Gafaranga, ukurikiranyweho ihohoterwa rishingiye ku gitsina, rugaragaza ko bamwe bashobora kwisanga bahohoteye uwakorewe icyaha.
-
Felix Tshisekedi yandikiye ibaruwa ndende Paul Kagame amusaba ko yamufasha RDC igashyirwa muri EAC
13 June 2019, by Dusingizimana RemyUmukuru w’igihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo,Félix Tshisekedi yandikiye ibaruwa ndende mugenzi we Paul Kagame uyoboye EAC muri uyu mwaka,amusaba ko yamufasha igihugu cye cya RDC kikinjira mu muryango wa EAC.
-
Syria yakuriweho ibihano by’ubukungu na Amerika
2 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye iteka rigamije gukuraho ibihano by’ubukungu byari bimaze imyaka myinshi byarashyiriweho Syria.
-
AFC/M23 yakuye intumwa zayo muri Qatar
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryakuye intumwa zaryo mu biganiro by’amahoro byaberaga i Doha muri Qatar.
-
Perezida Kagame yashimiye gahunda ya COVAX yahaye inkingo za Covid-19 ibihugu by’Afurika
3 March 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yashimiye gahunda ya Covax kuri uyu munsi u Rwanda rwakiriye inkingo za mbere 240,000 za AstraZeneca zatanzwe binyuze muri iyi gahunda.
-
Israel: Abasirikari babujijwe kujya mu Buholandi
9 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuItangazo ribuza abasirikari b’abanya Isiraheli kujya mu buhorandi, ryasohowe kuri uyu wa gatanu nyuma y’umukino w’umupira w’amaguru wabaye ku munsi w’ejo ugahuza ikipe ya Ajax yo mu mujyi wa Amsterdam na Maccabi Tel Aviv yo muri Isiraheli.
-
Vanessa Bryant yanyomoje ibihuha bivuga ko atwite
3 June 2025, by ISIMBI EstellaVanessa Bryant, umugore w’icyamamare nyakwigendera Kobe Bryant, yahakanye ibihuha byacicikanye ku mbuga nkoranyambaga bivuga ko yaba atwite umwana wa gatanu, ashimangira ko yihagije kandi yishimira ubuzima arimo kubamo muri iyi mpeshyi.
-
Abarenga 17% bagororewe Iwawa basubizwayo
22 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Igihugu gishinzwe Igororamuco, NRS cyatangaje ko 17% by’abantu baba baragororewe mu kigo ngororamuco cya Iwawa bongera gusubirayo, nyuma yo gusubira mu bikorwa biba byatumye bajya kuhagororerwa.
Umuryango.rw
RIB yaburiye abashobora kugwa mu cyaha mu rubanza rwa Bishop Gafaranga
Syria yakuriweho ibihano by’ubukungu na Amerika
AFC/M23 yakuye intumwa zayo muri Qatar
Israel: Abasirikari babujijwe kujya mu Buholandi
Vanessa Bryant yanyomoje ibihuha bivuga ko atwite
Abarenga 17% bagororewe Iwawa basubizwayo