Umutwe wa Hamas watangaje ko wemeye kurekura imfungwa zose z’Abanya-Israel zaba iziriho cyangwa izapfuye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Hamas yemeye kurekura imfungwa z’Abanya-Israel nyuma yo kotswa igitutu na Trump
4 October 2025, by ISIMBI Estella -
Abacamanza Barasabwa Guhuza Imisesengurire Y’Imanza N’Imyandikire Yazo
22 July 2025, by Joseph IradukundaMukantaganzwa Domitilla uyobora Urukiko rw’Ikirenga asaba abacamanza ‘bose’ guhuza imitekerereze mu gusesengura imanza no kuzandika neza, akabibutsa ko bigira uruhare mu gutanga ubutabera bunoze.
-
Inkomoko y’umuco w’ibiganiro mpaka bihuza Abakandida Perezi muri America
13 September 2024, by Joseph IradukundaIbiganiro-mpaka kuri televiziyo ku bakandida perezida bihera mu 1960, ubwo John F Kennedy yahatanagana na Richard Nixon.
-
Kinshasa yahagaritsw Abapolisi bakuru 2 bazira guhutaza abadipolomate
1 September 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 31 Kanama, Minisitiri w’intebe wungirije wa Congo akaba na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Shabani Lukoo, yategetse ihagarikwa ry’agateganyo mu rwego ry’abapolisi bakuru babiri ba Polisi y’igihugu cya Congo (PNC).
-
Abanyeshuri b’abanyamahanga biga muri Amerika bahangayikishijwe n’imibereho yabo
19 April 2025, by Angeline MUKANGENZIAbanyeshuri b’abanyamahanga biga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bahangayikishijwe n’imibereho yabo muri iki gihugu nyuma yuko iki gihugu gitangiye kwirukana, gufunga no kwaka Visa abanyeshuri b’abanyamahanga
-
Amerika yagabanyije igihe Abanya-Uganda bemerewe kumara ku butaka bwayo
14 July 2025, by ISIMBI EstellaLeta Zunze Ubumwe za Amerika yakoze impinduka mu mitangire ya visa zihabwa Abanya-Uganda, aho yagabanyije igihe zamaraga kiva ku myaka ibiri kigera ku minsi 90 gusa.
-
Rutsiro: Afunzwe akekwaho kwica mugenzi we amuteye icyuma mu mutima
1 August 2025, by ISIMBI EstellaUmusore w’imyaka 35 wo mu Karere ka Rutsiro, afunzwe akekwaho kwica ateye icyuma mu mutima mugenzi we w’imyaka 42, afatirwa mu gihuru aho yarimo agerageza kwihisha.
-
Kayonza: Uwabaye Pasiteri akurikiranyweho gukubita awamwishyuzaga
23 November 2024, by Joseph IradukundaPolisi y’u Rwanda yatangaje ko Tumusifu John wahoze ari Pasiteri, yatawe muri yombi, akekwaho icyaha cyo gukubitira mu ruhame, umugore wamwishyuzaga amafaranga yari yaramugurije.
-
Gorilla Games igiye gufasha abanyamahirwe 3 kuzareba umukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi bari muri Qatar
19 August 2022, by Dusingizimana RemyKompanyi y’imikino y’amahirwe iri mu zikomeye mu Rwanda "Gorilla Games" yazanye ubukangurambaga bwiswe "Qatar twagiye na Gorilla Games"buzafasha abakiriya 3 bayo b’abanyamahirwe kuzareba umukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi bari muri Qatar imbonankubone.
Ubu bukangurambaga kandi buzaha abandi banyamahirwe basaga ibihumbi 10 kuba barebera umupira wa nyuma w’igikombe cy’Isi bari i Kigali ariko bakamera nk’abibereye muri "Qatar" ahazabera iki gikombe.
Ushinzwe itumanaho n’imenyekanishabikorwa (…) -
Gisagara: Bishimira ibikorwaremezo arenga miliyari 1 Frw bahawe mu kwibohora
8 July 2025, by ISIMBI EstellaAbatuye mu Karere ka Gisagara bishimiye Umunsi Mukuru wo Kwibohora k’u Rwanda, bawuhuza no gutaha ibikorwaremezo bubakiwe bifite agaciro k’asaga miliyari 1 Frw.
Umuryango.rw
Hamas yemeye kurekura imfungwa z’Abanya-Israel nyuma yo kotswa igitutu na Trump
Abacamanza Barasabwa Guhuza Imisesengurire Y’Imanza N’Imyandikire Yazo
Inkomoko y’umuco w’ibiganiro mpaka bihuza Abakandida Perezi muri America
Kinshasa yahagaritsw Abapolisi bakuru 2 bazira guhutaza abadipolomate
Abanyeshuri b’abanyamahanga biga muri Amerika bahangayikishijwe n’imibereho yabo
Amerika yagabanyije igihe Abanya-Uganda bemerewe kumara ku butaka bwayo
Rutsiro: Afunzwe akekwaho kwica mugenzi we amuteye icyuma mu mutima
Kayonza: Uwabaye Pasiteri akurikiranyweho gukubita awamwishyuzaga
Gorilla Games igiye gufasha abanyamahirwe 3 kuzareba umukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi bari muri Qatar
Gisagara: Bishimira ibikorwaremezo arenga miliyari 1 Frw bahawe mu kwibohora