Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, agiye guhura na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, nyuma y’ibyumweru bibiri ibihugu byombi bigabye ibitero kuri Iran.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Netanyahu agiye gusura Amerika nyuma y’intambara ya Israel na Iran
7 July 2025, by ISIMBI Estella -
Ubutegetsi bwa Kinshasa bwashinje AFC/M23 gushaka gufata Uvira
13 July 2025, by Joseph IradukundaRepubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashinje ingabo za AFC/M23 gushaka kwambura FARDC ibice igenzura by’umwihariko Uvira, nubwo impande zombi ziri mu biganiro i Doha muri Qatar.
-
Ntabwo tuzicara ngo turindire ko abantu baza gukora nk’ibyo bakoze mu 1994- Minisitiri Nduhungirehe
30 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rutazicara ngo rurindire ko abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi bongera gukora nk’ibyo bakoze mu 1994.
-
BAL 2025: Al Ahli Tripoli yasubiriye APR BBC ubugira gatatu igera ku mukino wa nyuma
11 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAl Ahli Tripoli yatsinze APR BBC amanota 84-71 igera ku mukino wa nyuma wa BAL 2025, ku nshuro ya mbere mu mateka.
-
Pakistan iravuga ko u Buhinde bwitegura kuyitera mu masaha atarenze 36
30 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu, Minisitiri w’Itangazamakuru muri Pakistan yavuze ko Islamabad ifite “amakuru yizewe” ko u Buhinde buri kwitegura kugaba igitero cya gisirikare kuri Pakistan mu masaha 24-36 ari imbere.
-
Israel yemeje ko yishe Yahya Sinwar wayoboraga Hamas
18 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Israel, yatangaje ko umuyobozi mushya w’umutwe wa Hamas, Yahya Sinwar yaguye mu bitero bya Israel yagabye muri Gaza.
-
Amerika yanze ko Perezida wa Palestine ajya ku cyicaro cya Loni
30 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwimye Perezida wa Palestine, Mahmoud Abbas, uruhushya rwo kujya i New York kwitabira Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye iteganyijwe mu kwezi gutaha.
-
Abagaba b’ingabo ba SADC bwa mbere bahuriye i Goma
3 October 2024, by Joseph IradukundaAbagaba bakuru b’ingabo bo mu bihugu bigize Umuryango w’iterambere w’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) bateraniye, kuwa Kabiri, itariki ya 1 Ukwakira 2024, ku nshuro yabo ya mbere i Goma muri Kivu y’Amajyaruguru aho ingabo zabo zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo .
-
U Rwanda mu nzira yo gushyiraho ibigega bizigama ibikomoka kuri peretoli litiro miliyoni 334
28 April 2025, by Angeline MUKANGENZIU Rwanda rurateganya kugira ibigega byo kuzigama ibikomoka kuri peteroli bifite ubushobozi bwo kuzigama nibura litiro miliyoni 334 zishobora gukoreshwa mu gihe cy’amezi arenga 4 bivuye kuri miliyoni 66,4 rufite uyu munsi.
-
Uganda: Teta Sandra yigongeye umugabo we Weasel?
7 August 2025, by ISIMBI EstellaAmakuru aturuka muri Uganda ahamya ko Weasel usanzwe ari umugabo wa Teta Sandra ari mu bitaro bya Nsambya nyuma yo gukora impanuka yamuvunnye amaguru yombi, bikavugwa ko yagonzwe n’umugore we ku bushake.
Umuryango.rw
Netanyahu agiye gusura Amerika nyuma y’intambara ya Israel na Iran
Ubutegetsi bwa Kinshasa bwashinje AFC/M23 gushaka gufata Uvira
Ntabwo tuzicara ngo turindire ko abantu baza gukora nk’ibyo bakoze mu 1994- Minisitiri Nduhungirehe
BAL 2025: Al Ahli Tripoli yasubiriye APR BBC ubugira gatatu igera ku mukino wa nyuma
Pakistan iravuga ko u Buhinde bwitegura kuyitera mu masaha atarenze 36
Israel yemeje ko yishe Yahya Sinwar wayoboraga Hamas
Amerika yanze ko Perezida wa Palestine ajya ku cyicaro cya Loni
Abagaba b’ingabo ba SADC bwa mbere bahuriye i Goma
U Rwanda mu nzira yo gushyiraho ibigega bizigama ibikomoka kuri peretoli litiro miliyoni 334
Uganda: Teta Sandra yigongeye umugabo we Weasel?