Nyuma y’uko Perezida Joe Biden atangaje ko ahagaritse ibikorwa byo kwiyamamaza akanavuga ko azashyigikira Kamala Harris nk’uzamusimbura, Donald Trump bazaba bahanganye yavuze ko bizamworohera cyane gutsinda uyu mugore usanzwe ari Visi Perezida wa Amerika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Trump yavuze ko gutsinda Kamala Harris bizamworohera
22 July 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Rusizi: Abaturage barishima kuva mu mwijima kubera REG yabagejejeho umuriro w’amashanyarazi.
29 August 2024, by Joseph IradukundaMu karere ka Rusizi, abaturage barashimira Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG) mu bikorwa yakoze bigamije guhindura ubuzima n’imibereho yabo harimo no kubagezaho umuriro w’amashanyarazi.
-
Rucagu avuga ko muri 93 yandikiye Leta ya Habyalimana ayisaba kugabana ubutegetsi na FPR
2 April 2019, by UbwanditsiMu gice cya nyuma cy’ikiganiro twagiranye na Rucagu Boniface, yadutangarije ko inshuro nyinshi abacengezi bagiye bamwandikira bamwiyama kuba ngo yirirwa abwira abaturage ba Perefegitura Ruhengeli yari ayoboye ko batsinzwe intambara bagomba kuyoboka ubutegetsi bushya bwa FPR kuko yabonaga bufitiye umurongo mwiza igihugu utarangwa n’amacakubiri nk’ubwayibanjirije.
-
Kenya: Imyigaragambyo yongeye kubura
31 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa mbere ku itariki 30 Ukuboza, abaturage biraye mu mihanda mu Murwa Mukuru wa Kenya, Nairobi, bongera kwigaragambya bashinja Polisi y’icyo gihugu n’inzego z’ubutasi gufata abantu mu buryo butemewe n’amategko bakabashimuta.
-
Abasifuzi bazashyirirwaho umushahara- Shema wiyamamariza kuyobora FERWAFA
22 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuShema Ngoga Fabrice uri kwiyamamariza kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yatangaje ko azashyiraho umushahara w’abasifuzi, aho guhemberwa ku mukino gusa.
-
Perezida Macron yavugirijwe induru muri Mayotte
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yavugirijwe induru n’abaturage ubwo yasuraga ikirwa cya Mayotte giherutse kwibasirwa bikomeye n’imvura ivanze n’umuyaga uremereye yahawe izina rya ‘Chido’.
-
Perezida Lourenço yasabye Tshisekedi kurenga umurongo utukura yihaye
14 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida João Lourenço wa Angola, yagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igomba kujya mu mishyikirano n’umutwe wa M23 kugira ngo amahoro agaruke mu burasirazuba bwa kiriya gihugu.
-
Abapolosi n’abasirikare 25 bahagarariye ibihugu 22 bya Afurika barahugurirwa mu Rwanda
3 December 2025, by ISIMBI EstellaAbapolisi n’abasirikare bakomoka mu bihugu 22 by’Afurika birimo n’u Rwanda, batangiye amahugurwa agenewe abazajya bigisha abitegura kujya mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye.
-
Museveni yavuze uburyo yakiriye Netanyahu akamubaza impamvu batemera Palestine nk’igihugu
6 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko yakiriye inshuro nyinshi Minisitiri w’Intebe wa Israel amubaza impamvu atemera ko Palestine yagirwa igihugu.
-
Norvege: Hafashwe umusekirite kuri Ambasade ya Amerika wavuganaga n’intasi z’u Burusiya na Iran
25 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuInzego z’umutekano muri Norvege zatangaje ko umuzamu wakoreraga kuri Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Norvege yatawe muri yombi akekwaho gukorera ubutasi ibihugu by’u Burusiya na Irani.
Umuryango.rw
Trump yavuze ko gutsinda Kamala Harris bizamworohera
Rusizi: Abaturage barishima kuva mu mwijima kubera REG yabagejejeho umuriro w’amashanyarazi.
Kenya: Imyigaragambyo yongeye kubura
Abasifuzi bazashyirirwaho umushahara- Shema wiyamamariza kuyobora FERWAFA
Perezida Macron yavugirijwe induru muri Mayotte
Perezida Lourenço yasabye Tshisekedi kurenga umurongo utukura yihaye
Abapolosi n’abasirikare 25 bahagarariye ibihugu 22 bya Afurika barahugurirwa mu Rwanda
Museveni yavuze uburyo yakiriye Netanyahu akamubaza impamvu batemera Palestine nk’igihugu
Norvege: Hafashwe umusekirite kuri Ambasade ya Amerika wavuganaga n’intasi z’u Burusiya na Iran