Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Papa Leo XIV yavuze ko adashaka guterana amagambo na Perezida Donald Trump nyuma yuko amwibasiye avuga ko atari umufana we, amuziza kuba yaramaganye ibitero bya America kuri Iran.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Igisubizo Papa Leo XIV yahaye Trump wamuvuzeho amagambo amwibasira
14 April, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Uwahoze ari ‘fiancée’ wa R.Kelly yijunditse umuryango we
23 June 2025, by ISIMBI EstellaJoycelyn Savage wigeze kuba umukunzi w’igihe kirekire wa R.Kelly kugeza aho uyu muhanzi amwambitse impeta y’urukundo, yahakanye yivuye inyuma amakuru yatangajwe n’umuryango we ko uyu mukobwa yari umucakara we mu mibonano mpuzabitsina.
-
Mutesi Scovia yatabarije Itangazamakuru imbere y’Abadepite
24 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi w’Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC), Mutesi Scovia yasabye Abadepite gukorera ubuvugizi itangazamakuru rigahabwa inkunga mu buryo bw’amikoro ku buryo ryoroherwa no gukora kinyamwuga.
-
DR Congo – Rwanda: Muyaya yavuze ’ingingo ebyiri’ zirimo kuganirwaho i Luanda
10 September 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’itumanaho wa DR Congo Patrick Muyaya yatangaje ingingo ebyiri igihugu cye n’u Rwanda birimo kuganiraho mu biganiro by’i Luanda muri Angola bigamije gushaka amahoro mu burasiraziba bwa DR Congo.
-
Iran yemeye gufungura umuhora wa Hormuz mu minsi y’agahenge Yandits
17 April, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Seyed Abbas Araghchi yatangaje ko nyuma y’uko hemejwe agahenge ku ntambara iri kubera muri Liban, ubu ubwato bunyura mu muhora wa Hormuz bushobora gutambuka mu gihe cyose aka gahenge kazamara.
-
Israel: Abaminisitiri 3 beguye kubera gushaka guhagarika imirwano muri Gaza
20 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’umutekano wa Israel, Itamar Ben-Gvir hamwe n’abandi baminisitiri babiri bo mu ishyaka ry’Abayahudi beguye.
-
APR FC yagarutse mu irushanwa ry’Agaciro nyuma y’umwanzuro FERWAFA yafashe
29 August 2019, by Dusingizimana RemyNKuko amakuru dukesha ikinyamakuru Fun Club abitangaza,FERWAFA yahinduye amataliki y’imikino y’irushanwa Agaciro,bituma n’ikipe ya APR FC nayo ihindura umwanzuro yari yafashe wo kurisezeramo.
-
Ingabo z’u Burundi ziheruka koherezwa muri Kivu y’Amajyepfo zahuye n’akaga
22 April 2025, by Angeline MUKANGENZILeta y’u Burundi iherutse kohereza mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo abasirikare bo mu mutwe w’ingabo zidasanzwe kugira ngo bahangane n’umutwe wa Twirwaneho uri mu ihuriro AFC rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Netanyahu yariye ibiryo bihumanye
21 July 2025, by ISIMBI EstellaUrubanza ruregwamo Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, ibyaha birimo kwakira ruswa rugiye gusubikwa biturutse ku biryo bihumanye aherutse guhabwa, byamuteye uburwayi buzatuma atitaba urukiko.
-
Perezida wa Maldives yamaze amasaha 15 mu kiganiro n’abanyamakuru
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’Ibirwa bya Maldives, Mohamed Muizzu, yashyizeho agahigo ko kuganira n’abanyamakuru amasaha 14 n’iminota 54.
Umuryango.rw
Igisubizo Papa Leo XIV yahaye Trump wamuvuzeho amagambo amwibasira
Uwahoze ari ‘fiancée’ wa R.Kelly yijunditse umuryango we
Mutesi Scovia yatabarije Itangazamakuru imbere y’Abadepite
DR Congo – Rwanda: Muyaya yavuze ’ingingo ebyiri’ zirimo kuganirwaho i Luanda
Iran yemeye gufungura umuhora wa Hormuz mu minsi y’agahenge Yandits
Israel: Abaminisitiri 3 beguye kubera gushaka guhagarika imirwano muri Gaza
Ingabo z’u Burundi ziheruka koherezwa muri Kivu y’Amajyepfo zahuye n’akaga
Netanyahu yariye ibiryo bihumanye
Perezida wa Maldives yamaze amasaha 15 mu kiganiro n’abanyamakuru