Leta Zunze Ubumwe za Amerika zataye muri yombi Umunyarwanda Nsabumukunzi Faustin w’imyaka 65, wari utuye muri Leta ya New York, akurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, akaba yari atuye muri Amerika kuva mu 2003 yarahishe urwo ruhare.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amerika yataye muri yombi umunyarwanda ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi
25 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Inama zagufasha kudasiragira mu gihe cyo kugura inzu n’indi mitungo itimukanwa
22 October 2019, by UbwanditsiInshuro nyinshi usanga abantu bakunze kugorwa no kubona aho gutura, inzu zo gukodesha cyangwa ubutaka bwo gukoreraho ibikorwa bitandukanye bitewe no kutamenya aho babariza.
Ikigo cy’Ubucuruzi Multi Design Group Ltd cyashyizemo imbaraga mu gutanga izi serivisi ku bantu bazifuza zerekeranye no kugurisha, gukodesha no gukodeshereza ba nyir’imitungo ndetse no guhuza abagura n’abagurisha inzu n’ibibanza.
-
Samusure wahungiye Mozambique agiye gutaha
3 February, by ISIMBI EstellaUmukinnyi wa filime Kalisa Ernest alias Samusure, Makuta, Rurinda n’andi menshi azwiho wari umaze imyaka itanu ahungiye amadeni muri Mozambique, kuri ubu ari mu myiteguro yo gutaha mu Rwanda.
-
Umuryango wa Jay Polly wibutse imyaka ine ishize yitabye Imana
3 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu gicamunsi cyo kuri uyu wa 2 Nzeri 2025, abagize umuryango wa Jay Polly basuye imva ye baramwunamira, mu rwego rwo kuzirikana imyaka ine ishize uyu muraperi yitabye Imana.
-
Walikale: Wazalendo yavuye mu birindiro byose yaherukaga kwambura AFC/M23
13 October 2025, by ISIMBI EstellaImitwe yitwaje intwaro yibumbiye mu ihuriro Wazalendo rishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yavuye mu birindiro byose yaherukaga kwambura AFC/M23 muri teritwari ya Walikale.
-
CG Murenzi yakiriye mu biro bye Umuyobozi wa Prison Fellowship International
15 January, by ISIMBI EstellaKomiseri Mukuru w’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS, CG Evariste Murenzi yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga, Prison Fellowship International (PFI), Andrew Corley ku Cyicaro Gikuru cya RCS.
-
Ibihugu by’Abarabu byamaganye ibyo kwemeza Somaliland nk’igihugu cyigenga
28 December 2025, by ISIMBI EstellaIbihugu 21 byiganjemo iby’Abarabu, Afurika n’imiryango mpuzamhanga y’Abiyisilamu byasohoye itangazo bihuriyeho ryamagana icyemezo cya Guverinoma ya Israel cyo kwemeza Somaliland nk’igihugu cyigenga kitakibarizwa muri Somalia.
-
U Burusiya bwamaganye inkunga nshya Amerika yemereye Ukraine
31 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasade y’u Burusiya muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamaganye inkunga ya miliyari 2,47 z’Amadolari Perezida Joe Biden yemereye igisirikare cya Ukraine.
-
Bitunguranye Vladimir Putin yashyigikiye Kamala Harris
6 September 2024, by Joseph IradukundaMu gihe benshi bari biteze ko Perezida w’u Burisiya, Vladimir Putin, ashyigikira Trump basanzwe bafitanye umubano wihariye, yatunguranye avuga ko Kamala Harris ariwe ukwiriye kuyobora USA muri manda iri mbere.
-
Abashinwa barakekwaho kwangiza insinga zigaburira internet ibihugu 4 mu Burayi
28 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUbwato bw’imizigo bw’Abashinwa, Yi Peng 3, bwabaye igikoresho gikekwaho gukoresha icyaha nyuma y’uko insinga ebyiri za fibre optic zigemurira Sweden internet zangijwe mu Nyanja ya Baltique.
Umuryango.rw
Amerika yataye muri yombi umunyarwanda ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi
Inama zagufasha kudasiragira mu gihe cyo kugura inzu n’indi mitungo itimukanwa
Samusure wahungiye Mozambique agiye gutaha
Umuryango wa Jay Polly wibutse imyaka ine ishize yitabye Imana
Walikale: Wazalendo yavuye mu birindiro byose yaherukaga kwambura AFC/M23
CG Murenzi yakiriye mu biro bye Umuyobozi wa Prison Fellowship International
Ibihugu by’Abarabu byamaganye ibyo kwemeza Somaliland nk’igihugu cyigenga
U Burusiya bwamaganye inkunga nshya Amerika yemereye Ukraine
Bitunguranye Vladimir Putin yashyigikiye Kamala Harris
Abashinwa barakekwaho kwangiza insinga zigaburira internet ibihugu 4 mu Burayi