Umuhanzikazi Rihanna uri mu byishimo byo kuba umukunzi we A$AP Rocky yatsinze urubanza yaregwagamo kurasa inshuti ye, ubu yamaze guhiga ko azitura umunyamategeko wamuburaniraga kumwitirira umwana wabo wa gatatu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rihanna yavuze uwo azitirira umwana we wa gatatu
21 February 2025, by Joseph Iradukunda -
Uburusiya bwatwitse impano ikomeye y’indege y’intambara ya Ukraine
30 August 2024, by Joseph IradukundaUmusirikare wo mu ngabo za Ukraine yabwiye BBC ko imwe mu ndege z’intambara zo mu bwoko bwa F-16, Ukraine yahawe n’inshuti zayo zo mu muryango wo gutabarana mu bya gisirikare w’Uburayi n’Amerika (OTAN), yashwanyagujwe.
-
Umukinnyi wa filime Peju Ogunmola yapfushije umusore w’ikinege
3 September 2025, by ISIMBI EstellaUmunyabigwi muri sinema ya Nigeria Peju Ogunmola, ari mu gahinda ko gupfusha umwana umwe yagiraga w’umuhungu witwa Shina.
-
50 Cent yasabye guhagarika itangwa rya Filime ya Skill House kubera ko atishyuwe
28 April 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi w’umunyamerika, 50 Cent, yatanze ikirego mu rukiko asaba guhagarika itangwa rya filime ya Skill House, avuga ko atigeze asinya amasezerano cyangwa ngo abone amafaranga ku bw’uruhare rwe muri iyo filime.
-
Urukiko rwa Loni rwagaragaje ko gufungura Kabuga Félicien by’agateganyo bitakoroha
1 May 2025, by Joseph IradukundaUrwego rw’Umuryango w’Abibumbye rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha, IRMCT, rwagaragaje ko gufungura by’agateganyo Kabuga Félicien bitakoroha mu gihe atarabona igihugu kimwakira
-
Grok ya Musk ikomeje kwibazwaho nyuma yo gutanga ibisubizo bihembera urwango
10 July 2025, by ISIMBI EstellaPorogaramu y’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano ya Elon Musk, izwi nka Grok ikomeje kwibazwaho cyane nyuma y’uko yagiye itanga ibisubizo bitajyanye n’ibyabajijwe ndetse rimwe na rimwe bikaba bihembera urwango.
-
Umunyamakuru Kamili Athanase atorewe kuba meya w’ agateganyo w’ akarere ka Gicumbi
1 June 2018, by Nsanzimana ErnestInama Njyanama y’ akarere ka Gicumbi yateranye kuri wa 1 Kamena 2018 yatoreye Umunyamakuru wa RBA Kamili Athanase kuba Umuyobozi w’ akarere ka Gicumbi.
-
Mwiseneza Josiane yavuze ku bafana be bakomeje kwisukiranya buri munsi
7 January 2019, by Dusingizimana RemyMwiseneza Josiane uri kuvugwa kurusha abandi bakobwa bo mu Rwanda muri iyi minsi,bitewe ahanini no kwitabira Miss Rwanda 2019 bikamufasha kwigarurira imitima y’abanyarwanda,yavuze ko nta gitutu na gito ari guterwa n’aba bafana batagira ingano ahubwo biri kumuha imbaraga zo gukomeza kwitwara neza muri iri rushanwa.
-
Nangaa yasabye Leta RDC kutifashisha amasezerano yayo n’u Rwanda iyobya abantu
30 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yagaragaje ko budakwiye kuyobya abantu bwifashishije amasezerano y’amahoro iki gihugu cyagiranye n’u Rwanda.
-
Akarere ka Nyaruguru kabaye aka mbere mu kwesa imihigo mu gihe Rusizi yabaye iya nyuma
30 October 2020, by Dusingizimana RemyKuri Uyu wa Gatanu tariki ya 30 Ukwakira 2020,Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye imihigo y’abayobozi b’Uturere ndetse hanatangazwa uko uturere twitwaye mu kwezi imihigo muri 2019-2020.
Umuryango.rw
Rihanna yavuze uwo azitirira umwana we wa gatatu
Uburusiya bwatwitse impano ikomeye y’indege y’intambara ya Ukraine
Umukinnyi wa filime Peju Ogunmola yapfushije umusore w’ikinege
50 Cent yasabye guhagarika itangwa rya Filime ya Skill House kubera ko atishyuwe
Urukiko rwa Loni rwagaragaje ko gufungura Kabuga Félicien by’agateganyo bitakoroha
Grok ya Musk ikomeje kwibazwaho nyuma yo gutanga ibisubizo bihembera urwango
Nangaa yasabye Leta RDC kutifashisha amasezerano yayo n’u Rwanda iyobya abantu