Raporo yasohowe n’itsinda ry’abashakashatsi The Sentry yagaragaje ko mu ngabo za Mali hakomeje kugaragara umwuka w’amakimbirane n’ukutumvikana bijyanye n’imyitwarire y’abacanshuro b’Abarusiya bakorana n’iyo leta.
Nk’uko iyo raporo ibivuga, bamwe mu basirikare b’Abanyamali batangaje ko babangamiwe n’uburyo abo bacanshuro bitwara ndetse n’ububasha bahawe mu bikorwa by’umutekano. Hari aho byagaragaye ko bafite ijambo rikomeye mu ngamba za gisirikare, bikaba bivugwa ko rimwe na rimwe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
MALI: Raporo nshya yerekanye umwuka mubi mu ngabo z’igihugu ku birebana n’abacanshuro b’Abarusiya
29 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
U Bugereki: Abarenga 1000 bahungishijwe inkongi y’umuriro
3 July 2025, by ISIMBI EstellaInkongi y’umuriro yatangiye ku mugoroba wo ku wa 02 Nyakanga ikomeje kwibasira ikirwa cya Crete mu Bugereki hafi y’Umujyi wa Lerapetra mu Ntara ya Lasithi ikomeje gutuma abantu barenga 1500 bava mu byabo.
-
Bwiza yamuritse igitabo gisoza icyiciro cya kabiri cya kaminuza
21 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBwiza uri kugana ku musozo w’amasomo y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza, yamurikiye akanama nkemurampaka kagizwe n’abarimu bamwigishije igitabo gikubiyemo ubushakashatsi yakoze, mbere y’uko ahabwa impamyabumenyi ye.
-
Tanzania: Wema Sepetu yagowe no kwakira ko atazabyara
4 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIcyamamare mu gukina filimi muri Tanzania, Wema Sepetu, yahishuye ibihe bigoye yanyuzemo ashaka urubyaro, ariko mu myaka myinshi ishize agerageza bikaba byaranze nk’uko abivuga agira ati “ntiwahinyuza Imana”.
-
Uganda: Ubushita Bw’Inkende Buraca Ibintu
22 October 2024, by Joseph IradukundaMu gihe u Rwanda rumaze igihe ruhugiye mu kurwanya Marburg kubera ubukana bwayo, ku rundi ruhande indi ndwara ya Monkey Pox isa n’itibukwa na benshi. Icyakora irahari ndetse no muri Uganda iriyo kandi nyinshi.
-
Igitekerezo cya Donald Trump n’uko abimukira bica Abanyamerika na bo bajya bicwa
12 October 2024, by Joseph IradukundaDonald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje icyifuzo cy’uko abimukira bica Abanyamerika na bo bajya bakatirwa igihano cy’urupfu.
-
Hagiye gutangizwa igerageza mu kwishyuza umugenzi urugendo yakoze
3 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA) rwatangaje ko guhera ku itariki ya 04 Ukuboza 2024, hazatangizwa igerageza ry’uburyo bushya bwo kwishyura mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange hakurikijwe urugendo umugenzi yakoze, aho kwishyura amafaranga ahwanye n’urugendo (ligne) rwose.
-
U Bufaransa mu iperereza ku Banyarwanda 36 bakekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi
24 April, by ISIMBI EstellaIbi byatangajwe n’Umushinjacyaha ushinzwe kurwanya Iterabwoba mu Rukiko rwa Paris mu Bufaransa, Olivier Christen, ku wa Kane tariki ya 23 Mata i Kigali, ubwo Ambasade y’u Bufaransa yibutse abakoreraga serivisi z’u Bufaransa mu Rwanda bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Burna Boy wahuriye n’uruva gusenya muri Houston, yahorejwe amarira muri Dallas
25 November 2025, by ISIMBI EstellaBurna Boy uherutse guhurira n’uruva gusenya mu Mujyi wa Houston muri Leta ya Texas aho yakoreye igitaramo akabura abantu, yahorejwe amarira muri Dallas mu gitaramo yahakoreye mu ijoro ryo ku wa 24 Ugushyingo 2025.
-
Uwarashe kwa Rihanna ashobora guhagarikwa mu kazi ka Leta
26 March, by ISIMBI EstellaUmugore ushinjwa kurasa ku rugo rwa Rihanna n’umugabo we, A$AP Rocky ashobora kwamburwa uruhushya rwo gukora akazi ka Leta yari afite nafungurwa akava mu buroko.
Umuryango.rw
MALI: Raporo nshya yerekanye umwuka mubi mu ngabo z’igihugu ku birebana n’abacanshuro b’Abarusiya
U Bugereki: Abarenga 1000 bahungishijwe inkongi y’umuriro
Bwiza yamuritse igitabo gisoza icyiciro cya kabiri cya kaminuza
Tanzania: Wema Sepetu yagowe no kwakira ko atazabyara
Uganda: Ubushita Bw’Inkende Buraca Ibintu
Igitekerezo cya Donald Trump n’uko abimukira bica Abanyamerika na bo bajya bicwa
Hagiye gutangizwa igerageza mu kwishyuza umugenzi urugendo yakoze
U Bufaransa mu iperereza ku Banyarwanda 36 bakekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi
Burna Boy wahuriye n’uruva gusenya muri Houston, yahorejwe amarira muri Dallas
Uwarashe kwa Rihanna ashobora guhagarikwa mu kazi ka Leta