Kiliziya Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yanenze icyemezo cya Leta cyo gufunga banki n’ibibuga by’indege mu bice bigenzurwa n’ihuriro AFC/M23.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kiliziya Gatolika yanenze icyemezo cyo gufunga banki mu bice bigenzurwa na AFC/M23
19 May 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Mwiseneza Josiane yamaze kugura imodoka mu mafaranga yahawe na Mimi Mirage [AMAFOTO]
24 March 2019, by Dusingizimana RemyMiss Popularity 2019,Mwiseneza Josiane yamaze kwinjira mu Banyarwanda batunze imodoka ye bwite nyuma y’amafaranga yahawe n’umunyamideli Mimi Mirage uba mu gihugu cy’Ububiligi wamufanye cyane ubwo yari mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019.
-
Niyibizi Ramadhan yatumiwe mu ikipe yo muri Canada
4 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNiyibizi Ramadhan usoje amasezerano muri APR FC, yahawe ubutumire n’Ikipe ya Cavalry FC yo muri Canada ngo azakore igerageza kuva tariki ya 21 Nyakanga kugeza ku ya 21 Kanama 2025.
-
Umunyamakuru DC Clement arafunzwe nyuma yo gusenyerwa inzu
1 April, by Angeline MUKANGENZIKu mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 31 Werurwe 2026, umunyamakuru wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga, Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement, yatawe muri yombi, aho afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Jabana mu Mujyi wa Kigali.
-
Israel yatangaje abasirikare yatakaje,yanavuze aba Hezbollah imaze kwica
5 October 2024, by Joseph IradukundaIgisirikare cya Israel (IDF) cyatangaje ko kimaze kwivugana abarwanyi bo mu mutwe wa Hezbollah babarirwa muri 250, nyuma yo kuwutangizaho ibitero byo ku butaka.
-
Visi Perezida mushya wa Kenya yarahiye
1 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Kenya, Dr William Samoei Ruto, kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2024 yakiriye indahiro ya Visi Perezida mushya, Prof Abraham Kindiki Kithure.
-
Uganda: Amatora yasubitswe nyuma y’uko Abanya-Kenya bambutse bakajya gutora
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIbikorwa by’amatora mu bice bimwe na bimwe bya Uganda byahagaritswe ny’uma y’uko Abanya-Kenya bambutse imipaka bakajya gutora mu gihugu cy’abaturanyi babo, bigateza imvururu mu baturage.
-
U Bafaransa: Umugeni yarashwe ku munsi w’ubukwe
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugeni w’imyaka 27 yarashwe ahita apfa ku munsi w’ubukwe mu gihe umugabo we yakomeretse ubwo ikirori cyari kirimbanyije mu bukwe bwabereye mu cyaro kiri hafi y’Umujyi wa Avignon mu Majyepfo y’u Burasirazuba bw’u Bufaransa.
-
APR na Police VC ntiziratsindwa: uko umunsi wa gatanu wa Shampiyona Nyafurika wagenze
27 April, by ISHIMWE Jean de DieuAmakipe abiri muri ane ahagarariye u Rwanda mu mikino ya Shampiyona Nyafurika ya ‘CAVB Club Championship 2026’ ariyo APR VC, Police VC, mu makipe ane ataratsindwa mu mikino ine imaze gukinwa mu matsinda.
-
Ituri: Umusirikare wa FARDC yishe arashe umwana na nyina
6 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu ijoro ryo ku wa Gatanu ushize, itariki ya 4 Mata 2025, Umusirikare wa FARDC yarashe yegereye umwana na nyina w’imyaka 20, i Bwanasura, umudugudu uherereye ku birometero 39 uvuye muri centre y’ubucuruzi ya Komanda muri Teritwari ya Irumu mu Ntara ya Ituri.
Umuryango.rw
Kiliziya Gatolika yanenze icyemezo cyo gufunga banki mu bice bigenzurwa na AFC/M23
Niyibizi Ramadhan yatumiwe mu ikipe yo muri Canada
Umunyamakuru DC Clement arafunzwe nyuma yo gusenyerwa inzu
Israel yatangaje abasirikare yatakaje,yanavuze aba Hezbollah imaze kwica
Visi Perezida mushya wa Kenya yarahiye
Uganda: Amatora yasubitswe nyuma y’uko Abanya-Kenya bambutse bakajya gutora
U Bafaransa: Umugeni yarashwe ku munsi w’ubukwe
APR na Police VC ntiziratsindwa: uko umunsi wa gatanu wa Shampiyona Nyafurika wagenze
Ituri: Umusirikare wa FARDC yishe arashe umwana na nyina