Ubushinjacyaha bwo muri Koreya y’Epfo bwasabye urukiko gushyiraho impapuro zo guta muri yombi Kim Keon Hee, umugore wa Yoon Suk Yeol wahoze ari Perezida w’iki gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umugore w’uwahoze ari Perezida wa Koreya y’Epfo yasabiwe gutabwa muri yombi
7 August 2025, by ISIMBI Estella -
Rubavu: Umusore w’imyaka 18 yafashwe ageragezaga gutoroka nyuma yo gusambanya umwana w’imyaka itatu
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmusore w’imyaka 18 wo mu Karere ka Rubavu yafunzwe akekwaho gusambanya umwana w’imyaka itatu, nyuma agashaka gutoroka ubwo yamenyaga amakuru ko ari gushakishwa.
-
Trump yamaganye igitero Israel yagabye kuri Qatar
10 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze Israel yagabye igitero kuri Qatar kigamije kwivugana abayobozi b’umutwe wa Hamas bari i Doha.
-
U Rwanda rugiye kongera kwakira Inama Mpuzamahanga ya AfSBT
26 March, by Angeline MUKANGENZIMu mwaka wa 2028, u Rwanda rwemerewe kwakira ku nshuro ya kabiri Inama Mpuzamahanga y’Ishyirahamwe Nyafurika ryo Gutanga Amaraso (AfSBT) rwaherukaga kwakira mu mwaka wa 2016, binyuze mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), mu Ishami ryo Gutanga Amaraso (BTD).
-
Afurika: Amahanga Yatangiye Gutanga Ubufasha bw’Inkingo z’Ubushita bw’Inkende
29 August 2024, by Joseph IradukundaIbihugu bikomeje gutanga doze z’inkingo z’ubushita bw’inkende mu rwego rwo kurwanya icyorezo cy’iyo ndwara muri Afurika, nyuma y’uko Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku buzima, OMS, itangarije ko yugarije ubuzima rusanga bw’abaturage, ku ncuro ya kabiri mu myaka ibiri.
-
Wizkid yatanze impano y’imodoka ihenze kuri Manager we
8 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi wo muri Nigeria, Wizkid yatunguye Manager we, Femmy amuha impano y’imodoka yo mu bwoko nwa Mercedes Benz nshya nk’uko amafoto n’amashusho yakomeje gucaracara ku rubuga rwa Instagram abigaragaza
-
Afhamia Lotfi yagizwe umutoza wa Rayon Sports
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Impanuka ya bus yatikiriyemo Abanyeshuri mu Misiri
15 October 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’ubuzima ya Misiri yavuze ko ku wa Mbere byibuze abantu 12 bishwe abandi 33 barakomereka nyuma y’uko bus yibiranduye mu muhanda uhuza Cairo n’inkombe z’Inyanja Itukura mu gihugu cya Misiri .
-
U Budage bugowe no kubona abasirikare bashya
26 July 2025, by Joseph IradukundaLeta y’u Budage iri kugorwa no kubona abasirikare bashya nyuma y’uko icyo gihugu gifashe icyemezo cyo kongera gushora imari mu gisirikare no kukivugurura, kubera ibyago by’umutekano kivuga ko gitejwe n’u Burusiya.
-
U Burusiya bwashimiye ubufatanye bwa Koreya ya Ruguru mu kubohora Kursk
28 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya, Maria Zakharova, yashimiye Koreya ya Ruguru ikomeje gufasha igihugu cye mu kubohora intara ya Kursk binyuze mu koherezayo ingabo zayo mu guhangana n’ibitero bya Ukraine.
Umuryango.rw
Umugore w’uwahoze ari Perezida wa Koreya y’Epfo yasabiwe gutabwa muri yombi
Rubavu: Umusore w’imyaka 18 yafashwe ageragezaga gutoroka nyuma yo gusambanya umwana w’imyaka itatu
Trump yamaganye igitero Israel yagabye kuri Qatar
U Rwanda rugiye kongera kwakira Inama Mpuzamahanga ya AfSBT
Afurika: Amahanga Yatangiye Gutanga Ubufasha bw’Inkingo z’Ubushita bw’Inkende
Wizkid yatanze impano y’imodoka ihenze kuri Manager we
Afhamia Lotfi yagizwe umutoza wa Rayon Sports
Impanuka ya bus yatikiriyemo Abanyeshuri mu Misiri
U Budage bugowe no kubona abasirikare bashya
U Burusiya bwashimiye ubufatanye bwa Koreya ya Ruguru mu kubohora Kursk