Ifoto:Internet
Byiringiro Michel wari umwarimu rwunge rw’amashuri rwa Kavumu Muslim ruherereye mu murenge wa Busasamana ho muri Nyanza, yitabye Imana azira kugubwa nabi n’inzoga nyinshi yanyoye ku wa gatandatu w’icyumweru gishize.
Umuryango.rw
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
Ifoto:Internet
Byiringiro Michel wari umwarimu rwunge rw’amashuri rwa Kavumu Muslim ruherereye mu murenge wa Busasamana ho muri Nyanza, yitabye Imana azira kugubwa nabi n’inzoga nyinshi yanyoye ku wa gatandatu w’icyumweru gishize.
Amerika igiye kongera kugerageza intwaro kirimbuzi
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yavuze ko agiye kongera kugerageza intwaro kirimbuzi mu rwego rwo kwihumura ku bihugu bahanganye nk’u Burusiya, u Bushinwa n’ibindi.
Perezida Ruto yaterewe urukweto mu mbaga yagezagaho ijambo
Polisi ya Kenya iri guhata ibibazo abantu batatu nyuma y’ibyabaye aho umugabo yateye urukweto Perezida William Ruto mu Kuria y’Uburengerazuba, mu Ntara ya Migori.
Lomami afite Intego yo gukura Kiyovu Sports mu murongo utukura
Umutoza wa Kiyovu Sports, Lomami Marcel, yiteguye gukora igishoboka cyose agakinisha abakinnyi bakiri bato mu gufasha Urucaca kuva ku mwanya wa nyuma no mu makipe arwana no kutamanuka mu Cyiciro cya Kabiri.
Twigereyeyo: Amatora muri Uganda yahumuye…Dore uko byifashe habura iminsi ibiri
Muri Uganda ubu intero n’inyikirizo ntayindi uretse amatora y’Umukuru w’Igihugu azaba kuri uyu wa Kane tariki 15 Mutarama 2026, yabanjirijwe n’ibikorwa byo kwiyamamaza ku bakandida barimo Yoweri Kaguta Museveni uhabwa amahirwe. Imyiteguro irarimbanyije, umutekano wakajijwe.
Nyuma y’akazi gakomeye kakozwe mu mikino yabanje ya UEFA Europa League,amakipe 3 yo mu Bwongereza yamaze kubona itike yo kwerekeza mu mikino ya 1/32 ari nayo mpamvu azajya mu mikino y’umunsi wa nyuma nta mihangayiko.
Kevin Kade yasuye Ambasade y’u Rwanda muri Uganda
Kevin Kade n’itsinda ry’abamuherekeje mu bitaramo ategerejwemo muri Uganda, basuye Ambasade y’u Rwanda muri iki gihugu agirana ibiganiro na ACP Ismael Baguma, Police Attaché muri Ambasade y’u Rwanda.
Amerika: Umugabo yajyanye irimbi mu nkiko nyuma y’igihe asura igituro cy’undi muntu yibwira ko ari umubyeyi we
Umugabo witwa Chris Demirchyan yajyanye mu nkiko irimbi rya Forest Lawn Memorial Park riherereye I Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yo gusanga ikibumbano cyanditseho izina rya nyina cyari kimaze imyaka isaga itatu kiri ku gituro kitari icye.
DRC yababajwe n’uko abakozi ba EU bagenzura ikawa na cacao byayo baba mu bihugu birimo Rwanda
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragaje ko ibabazwa n’uko abakozi b’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) bagenzura imirima yayo y’ikawa na cacao baba mu Rwanda, Kenya na Uganda.
Yafunzwe inshuro 3 mu myaka 13 azira kwitiranwa n’umunyacyaha amazina yombi
Umugabo wo muri Colombia, yagize ibyago byo kwisanga yitiranwa n’umuntu amazina yombi kandi uwo bitiranwa ashakishwa n’inzego z’umutekano, bituma afungwa inshuro eshatu (3) mu myaka 13, kubera kumwitiranya.