Perezida w’inzibacyuho wa Burkina Faso, Captain Ibrahim Traoré, yashinje Emmanuel Macron uyobora u Bufaransa gutuka Abanyafurika bose ubwo yitaga bimwe mu bihugu byo ku Mugabane wa Afurika indashima.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Captain Traoré nawe yashinje Perezida Macron gutuka Abanyafurika
14 January 2025, by Joseph Iradukunda -
Ku myaka 95 yemerewe n’Umugore we w’imyaka 90 kwishakira undi
14 October 2024, by Joseph IradukundaUmukecuru w’imyaka 90 y’amavuko wo muri muri Kenya, ahitwa Nyeri yahaye uruhushya umugabo we rwo gushaka umugore wa kabiri, amwizeza ko ubu adashobora kumubuza gushaka undi mugore.
-
Akabariro ntikarimo: Dore ibintu 10 abagabo bakunda ku bagore
21 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu bihugu bitandukanye, ubushakashatsi bwagaragaje ko hari ibintu abagabo benshi bakunda ku bagore haba ku bigaragara inyuma ndetse no ku mico n’imyitwarire. Ibi bishobora gutandukana bitewe n’imico y’aho umuntu akomoka, ariko hari ibyo abashakashatsi bemeranyijeho ko bikurura abagabo mu buryo rusange.
-
Gicumbi: Umugore yiyahuye nyuma yi kwibwa inguzanyo binyuze ku mugabo we
6 November 2024, by Joseph IradukundaUmugore w’imyaka 22 wo mu Mudugudu wa Burindi, Akagari ka Nyaruka mu murenge wa Cyumba mu karere ka Gicumbi, yishwe n’ibinini byica imbeba yanyoye, aho bivugwa ko byaturutse ku madeni y’inguzanyo.
-
Dore ingaruka zo gukoresha ibinyobwa byongera imbaraga bizwi nka ‘Energy Drinks’
19 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuHari abanywa ibinyobwa bivugwa ko byongera ingufu cyangwa se byongera imbaraga, ariko hari ubushakashatsi butandukanye bugaragaza ko ibyo binyobwa bizwi nka ‘energy drinks’ bigirira nabi ubuzima bw’umuntu kurusha uko bimugirira neza.
-
Umujinya muri Korea y’Epfo nyuma y’uko umutegetsi avuze ngo bajye bavana abagore mu mahanga baze kubabyarira
9 February, by Angeline MUKANGENZIIshyaka ryo muri Korea y’Epfo yirukanwe n’ishyaka rye nyuma y’uko atanze igitekerezo ngo iki gihugu kijye “kivana abakobwa muri Vietnam cyangwa Sri Lanka” baze kubabyarira mu gufasha kuzamura imbyaro muri iki gihugu.
-
NIYONSENGA Olivier yasabye guhindura izina akitwa NIYONKURU Olivier
24 January 2025, by UbwanditsiUwitwa NIYONSENGA Olivier yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NIYONKURU Olivier mu bitabo by’irangamimerere
Impamvu atanga yo guhindura amazina mukaba muzisanga hano hasi mu itangazo: -
Nyamasheke: Imiryango 8 y’Ubucuruzi yafashwe n’inkongi y’umuriro irakongoka
26 March 2022, by Dusingizimana RemyInzu y’ubucuruzi yo muri Centre ya Ntendezi mu Karere ka Nyamasheke kuri uyu wa Gatandatu yafashwe n’inkongi y’umuriro imiryango 8 y’ubucuruzi yose ihita ishya irakongoka. Kugeza ubu ntiharamenyekana icyateje iyi nkongi.
Byabaye hagati ya saa tatu na saa tatu n’igice zo mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu.
Iyi nkongi yabaye mu gihe ahantu hose hari hafunze kuko abantu bari bagiye mu muganda usoza ukwezi.
Ubutabazi bwakozwe na kizimamoto yo ku kibuga cy’indege cya Kamembe yahageze (…) -
Leta ya RDC yasabwe gufungura Brig Gen. Banywesize wigeze kurinda Kabila
2 June 2025, by Angeline MUKANGENZIIhuriro rya sosiyete sivile muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryasabye ubutegetsi gufungura Brigadier Général Pierre Banywesize wigeze kurinda umutekano wa Joseph Kabila Kabange.
-
NAMUHORANYE Xxx yasabye guhindura amazina akitwa NAMUHORANYE ALLY LUCILE
1 October 2024, by UbwanditsiUwitwa NAMUHORANYE Xxx yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NAMUHORANYE ALLY LUCILE mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina , n’izina ry’umuryango…….
Umuryango.rw
Captain Traoré nawe yashinje Perezida Macron gutuka Abanyafurika
Ku myaka 95 yemerewe n’Umugore we w’imyaka 90 kwishakira undi
Akabariro ntikarimo: Dore ibintu 10 abagabo bakunda ku bagore
Gicumbi: Umugore yiyahuye nyuma yi kwibwa inguzanyo binyuze ku mugabo we
Dore ingaruka zo gukoresha ibinyobwa byongera imbaraga bizwi nka ‘Energy Drinks’
Nyamasheke: Imiryango 8 y’Ubucuruzi yafashwe n’inkongi y’umuriro irakongoka
Leta ya RDC yasabwe gufungura Brig Gen. Banywesize wigeze kurinda Kabila