Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yababajwe n’abamushinja guhimba inkuru y’uko yatewe amabuye kandi nyamara ngo ashaka kwamamara akavuga ko biba biyobowe n’urwango.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Spice Diana yababajwe n’abamushinja ko yahimbye inkuru y’abamuteye amabuye
21 October 2025, by ISIMBI Estella -
Diddy ateganya gusaba gufungirwa mu rugo rwe
9 August 2025, by ISIMBI EstellaAbunganira umuraperi Sean ‘Diddy’ Combs, wamamaye cyane mu muziki n’ubucuruzi mu Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bateganya gusaba ko mu gihe yaba yakatiwe yafungirwa iwe mu rugo, aho kugumana n’izindi mfungwa.
-
Umugabo afunzwe azira guhamagara umugore we inshuro zirenga 100 ku munsi
20 September 2024, by Joseph IradukundaMu Buyapani, umugabo w’imyaka 38 y’amavuko yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano, kubera guhamagara umugore kuri telefoni inshuro zirenga 100 ku munsi yiyoberanyije, kandi no mu gihe amwitabye ntagire icyo avuga agaceceka kugeza ubwo umugore akupye telefoni.
-
Hezbollah yarashe ibisasu byinshi muri Israel
25 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIntambara hagati y’Ingabo za Israel na Hezbollah ikomeje guhindura isura uko bwije n’uko bukeye, nyuma y’uko uyu mutwe urashe ’rockets’ zirenga 250 muri Israel, isubiza icyo gihugu nacyo cyari kimaze kurasa ibisasu karundura mu Murwa Mukuru wa Liban, Beirut, mu gitero cyari kigamije gusenya ibirindiro by’uwo mutwe.
-
Malawi: Mutharika wahoze ari Perezida mu nzira imusubiza ubutegetsi
24 September 2025, by ISIMBI EstellaPeter Mutharika wabaye Perezida wa Malawi akomeje guhabwa amahirwe yo gutsinda amatora aherutse guhanganamo na Perezida Lazarus Chakwera uri gushaka indi manda.
-
Umwuka si mwiza hagati y’ingabo z’u Burundi na Wazalendo
17 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIngabo z’u Burundi zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ntizibanye neza n’imitwe yitwaje intwaro igize ihuriro rya Wazalendo, nyuma y’aho impande zombi zinaniwe kumvikana ku mitegurire y’urugamba rwo kurwanya AFC/M23.
-
BREAKING: Impanuka ikomeye y’indege yagonganye n’imodoka muri America
23 March, by ISHIMWE Jean de DieuIndege ya Sosiyete ya Canada (Air Canada) yagonganiye n’imodoka ku kibuga cy’Indege cya LaGuardia i New York muri Leta Zunze Ubumwe za America, abantu babiri bahita bahasiga ubuzima, abandi benshi barakomereka.
-
Reba Ibyemezo by’Inama idasanzwe y’abaminisitiri yo ku wa 10 Ukwakira 2019
11 October 2019, by Martin MunezeroKu wa Kane, tariki ya 10 Ukwakira 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
Amerika gushinja Israel jenoside, Algerie iyibutsa ko iri gukora amakosa nk’ayakorewe Abanyarwanda mu 1994
19 September 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi wa Algerie mu Muryango w’Abibumbye, Amar Bendjama, yavuze ko nihatagira icyo uyu muryango ukora ngo uhagarike ubwicanyi Israel iri gukora muri Gaza, uzisanga wakoze amakosa nk’ayo mu 1994 ubwo mu Rwanda habaga Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Nyanza: Batatu batawe muri yombi bakekwaho urupfu rw’umusore wamaze icyumweru yarabuze
7 August 2025, by ISIMBI EstellaAbantu batatu bo mu Karere ka Nyanza, Umurenge wa Rwabicuma bari mu maboko y’ubugenzacyaha (RIB), bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umusore w’imyaka 19, wari umaze icyumweru yaraburiwe irengero nyuma umurambo we ukaboneka mu mufuka.
Umuryango.rw
Spice Diana yababajwe n’abamushinja ko yahimbye inkuru y’abamuteye amabuye
Diddy ateganya gusaba gufungirwa mu rugo rwe
Umugabo afunzwe azira guhamagara umugore we inshuro zirenga 100 ku munsi
Hezbollah yarashe ibisasu byinshi muri Israel
Malawi: Mutharika wahoze ari Perezida mu nzira imusubiza ubutegetsi
Umwuka si mwiza hagati y’ingabo z’u Burundi na Wazalendo
BREAKING: Impanuka ikomeye y’indege yagonganye n’imodoka muri America
Amerika gushinja Israel jenoside, Algerie iyibutsa ko iri gukora amakosa nk’ayakorewe Abanyarwanda mu 1994
Nyanza: Batatu batawe muri yombi bakekwaho urupfu rw’umusore wamaze icyumweru yarabuze