Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yise ‘abasazi’ ibihugu by’i Burayi bisanzwe ari inshuti z’akadasohoka zayo kubera kwemera ubwigenge bwa Palestine.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Trump yatutse ibihugu byemeye ubwigenge bwa Palestine
30 September 2025, by ISIMBI Estella -
Maroc: Aba-Gen Z basabye ko Guverinoma iseswa
3 October 2025, by ISIMBI EstellaUrubyiruko rwo muri Maroc ruri mu myigaragambyo rwasabye ko guverinoma y’iki gihugu isesaswa, hagashyirwaho indi kuko iriho yananiwe gushyiraho amategeko arengera abaturage cyane cyane mu gice cy’ubuzima n’uburezi.
-
Maj Gen Nyakarundi yitabiriye inama ya gisirikare muri Ghana
9 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yitabiriye Inama ihuza abayobozi bakuru mu ngabo zirwanira ku butaka muri Afurika irimo kubera i Accra muri Ghana.
-
Zelensky avuga ko abantu umunani biciwe mu gitero gikomeye cy’Uburusiya i Kyiv
28 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yatangaje kuri uyu wa kane ko abantu umunani, barimo n’umwana, biciwe mu murwa mukuru Kyiv, mu gitero gikomeye cy’Uburusiya cyabaye mu ijoro ryacyeye.
-
Pyramids FC yegukanye CAF Champions League ku nshuro ya mbere
2 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPyramids FC yo mu Misiri yegukanye CAF Champions League itsinze Mamelodi Sundowns yo muri Afurika y’Epfo ibitego 3-2 mu mikino yombi.
-
The Ben yashimiye abakunzi be babanye na we mu bihe ‘bikomeye’
10 January, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yageneye abakunzi b’umuziki we ubutumwa bw’ishimwe ku rukundo bamweretse mu bihe yise ibikomeye.
-
U Rwanda na Mauritanie byiyemeje gukorana mu miyoborere n’iterambere rya Ruhago
23 January, by ISIMBI EstellaIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Mauritania (FFRIM) byasinyanye amasezerano y’ubufatanye, azibanda ku guteza imbere imiyoborere y’umupira w’amaguru n’iterambere ryawo mu bihugu byombi.
-
Startimes yashyize igorora abakiriya bayo bakunda ruhago ibereka ½ cya FA Cup cyahuje ibihangange
16 July 2020, by Dusingizimana RemyStartimes igorora abakiriya bayo bakunda ruhago kuko izabereka imikino ya ½ cy’igikombe cy’Ubwongereza FA Cup kizahuriramo ibihangange muri iyi weekend nka Arsenal,Manchester United,Chelsea na Manchester City.
-
Uganda: Polisi iri mu bikorwa bigamije ituze ry’iminsi mikuru i Kampala
28 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi yo mu Mujyi wa Kampala yongereye ibikorwa byo kurwanya ibyaha mu murwa mukuru mu gihe hitegurwa iminsi mikuru. Ku wa 26 Ugushyingo 2024, ibikorwa byayobowe n’inzego z’ubutasi,byakozwe mu bice bitandukanye,hafatwa abantu barenga 100 bakekwaho ibyaha.
-
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#26: Urugendo rwa Col Tom BYABAGAMBA wabaye umurinzi wa Perezida KAGAME imyaka isaga 23 ubu akaba ari gereza
21 July 2021, by Dusingizimana RemyIkiganiro IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#26 kiragaruka ku musirikari mukuru Col Tom BYABAGAMBA wabaye umurinzi wa Perezida KAGAME hafi umyaka 23 ubu akaba akatiye imyaka 15 nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kugambanira uwo yarindaga n’indi 3 yo kwiba telefone ngo yari kumufasha gutoroka.
Umuryango.rw
Trump yatutse ibihugu byemeye ubwigenge bwa Palestine
Maroc: Aba-Gen Z basabye ko Guverinoma iseswa
Maj Gen Nyakarundi yitabiriye inama ya gisirikare muri Ghana
Zelensky avuga ko abantu umunani biciwe mu gitero gikomeye cy’Uburusiya i Kyiv
Pyramids FC yegukanye CAF Champions League ku nshuro ya mbere
The Ben yashimiye abakunzi be babanye na we mu bihe ‘bikomeye’
U Rwanda na Mauritanie byiyemeje gukorana mu miyoborere n’iterambere rya Ruhago
Startimes yashyize igorora abakiriya bayo bakunda ruhago ibereka ½ cya FA Cup cyahuje ibihangange
Uganda: Polisi iri mu bikorwa bigamije ituze ry’iminsi mikuru i Kampala
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#26: Urugendo rwa Col Tom BYABAGAMBA wabaye umurinzi wa Perezida KAGAME imyaka isaga 23 ubu akaba ari gereza