Mu kiganiro Pasteur Antoine Rutayisire yahaye Umuryango, yagaye ko haba hari ingo zitandukanwa n’ikibazo cy’imibonano mpuzabitsina aho yemeza ko igitsina ari akantu gatokatagombye gutandukanya abashakanye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Imibonano mpuzabitsina siyo yubaka urugo, ni akantu gato, n’inyamaswa zitagira ubwenge zirayikora/ Past. A Rutayisire
1 April 2019, by Ubwanditsi -
Rwanda Revenue yavuze ku makuru avugwa Ko Hari Umusoro Mushya Ku Banyabirori
15 April 2025, by Joseph IradukundaJean Paulin Uwitonze Komiseri mukuru ushinzwe serivisi z’abasora n’itumanaho mu Kigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro yabwiye Taarifa Rwanda ko abavuga ko hari umusoro mushya washyiriweho abategura ibirori bibeshya.
-
Iby’ingenzi wamenya kuri Minisitiri w’Intebe wa Karindwi w’u Rwanda mu myaka 31
24 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Kagame yagize Dr. Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe, wari usanzwe ari Visi Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu (BNR), umwanya yagiyeho ku wa 25 Gashyantare 2025.
-
Perezida Museveni yangiye Abuzukuru be kuza mu Rwanda mu ikipe ya Basketball
10 June 2019, by UbwanditsiMu ikipe ya Uganda y’abakobwa n’abahungu ya Basketball yari igiye kuza mu Rwanda ku munsi w’ejo mu marushanwa ya Basketball y’abatarengeje imyaka 16 igiye kubera mu Rwanda, Abuzukuru batatu ba Perezida Museveni bari muri izi kipe bakuwe ku rutonde ku munota wa nyuma.
Harakekwa umubano mubi uri hagati y’ibihugu byombi muri iyi minsi.
Ibindi kuri aya makuru ni muri iyi nkuru:
Foto: Ikipe ya Uganda ya Basketball U16/Credit: Chimpreports -
Israel igiye kongera umubare w’abatuye mu gace ka Golan yambuye Syria
16 December 2024, by Joseph IradukundaLeta ya Israel yatangaje umugambi wo gukuba kabiri umubare w’abaturage batuye mu gace ka Golan kahoze ari aka Syria, ikaza kukamburwa mu ntambara y’Iminsi Itandatu yabaye mu 1967.
-
Perezida Putin yagaragaje ibyatuma yemera kuganira na Zelensky
19 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko igihugu cye kizagirana ibiganiro na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, mu gihe uyu mugabo azaba yongeye gutorwa, kuko umwanya ubu ariho u Burusiya buwufata nk’udakurikije amategeko.
-
Kiliziya Gatolika na Angilikani byanze kwitabira ibiganiro bishya by’amahoro byasabwe na Tshisekedi
15 January, by Angeline MUKANGENZIKiliziya Gatolika na Angilikani byo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byamenyesheje Leta ya RDC ko bidateze kwitabira ibiganiro by’amahoro bishya byifuzwa na Perezida Félix Tshisekedi mu gihe bitakwemererwa kubiyobora.
-
Gen. Muhoozi Kainerugaba yasabye Sudani kumusaba imbabazi
23 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo z’igihugu cya Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yasabye ko Sudani yasaba imbabazi ku mugaragaro nyuma y’amagambo yatangajwe na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga wa Sudani imushinja kuvugira amagambo rutwitsi kuri X (yahoze ari Twitter). Sudani ivuga ko Muhoozi yavuze ko azafata Khartoum Perezida wa Amerika watowe, Donald Trump natangira imirimo, avuga ko aya magambo ari ukurenga ku mategeko mpuzamahanga kandi ko bibangamiye amahoro mu karere.
-
Perezida Trump yategetse ko abatwika ibendera rya Amerika bafungwa
4 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko umuntu wese uzongera gutwika ibendera ry’igihugu azahita afatwa agafungwa umwaka umwe.
-
Umuyobozi wa HCR agiye gusura u Rwanda
26 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Impunzi (UNCHR), Filippo Grandi, agiye gusura u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kugira ngo aganire n’abayobozi bo muri ibi bihugu ku bibazo by’impunzi.
Umuryango.rw
Rwanda Revenue yavuze ku makuru avugwa Ko Hari Umusoro Mushya Ku Banyabirori
Iby’ingenzi wamenya kuri Minisitiri w’Intebe wa Karindwi w’u Rwanda mu myaka 31
Israel igiye kongera umubare w’abatuye mu gace ka Golan yambuye Syria
Perezida Putin yagaragaje ibyatuma yemera kuganira na Zelensky
Kiliziya Gatolika na Angilikani byanze kwitabira ibiganiro bishya by’amahoro byasabwe na Tshisekedi
Gen. Muhoozi Kainerugaba yasabye Sudani kumusaba imbabazi
Perezida Trump yategetse ko abatwika ibendera rya Amerika bafungwa
Umuyobozi wa HCR agiye gusura u Rwanda