Akanama kayobora Inzibacyuho ya Tchad kuri uyu wa 10 Ukuboza 2024 kazamuye mu ntera Perezida wako, Général Mahamat Déby Itno, kamuha ipeti rya Maréchal.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida wa Tchad yahawe ipeti rya Maréchal
11 December 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Oklahoma City Thunder yegukanye Igikombe cya NBA
23 June 2025, by ISIMBI EstellaIkipe ya Oklahoma City Thunder yegukanye Igikombe cya Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA), nyuma yo gutsinda Indiana Pacers mu mukino wa Karindwi amanota 103-91.
-
Putin yasobanuye ibisabwa kugira ngo habeho agahenge muri Ukraine
14 March 2025, by Joseph IradukundaPerezida Vladimir Putin w’Uburusiya yavuze ko yemeranya n’igitekerezo cy’agahenge muri Ukraine ariko ko hari "ibibazo" bigihari ku miterere y’agahenge, mu gihe yavugaga ku bisabwa bikomeye bimwe bigomba kubahirizwa.
-
"Hari abavugaga ko amasengesho yo gusabira igihugu ari aya FPR": Past Antoine Rutayisire (Video)
18 March 2019, by UbwanditsiMuri iyi video y’ikiganiro yagiranye n’Umuryango, Pasiteri Antoine Rutayisire aravuga imvo n’imvano y’amasengesho yo gusabira igihugu amenyerewe ko aba buri mwaka mu kwezi kwa mbere.
Aragaruka kandi no ku buzima busanzwe, aho Politiki ihurira n’iyobokamana, ikibazo cy’ingo zisenyuka, amarushanwa y’urubyiruko nka Miss Rwanda n’ibindi.
Kurikira ikiganiro cyose twagiranye hano -
Intambara ya Ukraine n’u Burusiya ntizarangira vuba: JD Vance
2 May 2025, by Joseph IradukundaVisi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, JD Vance, yaciye amarenga ko intambara iri guhuza u Burusiya na Ukraine itari hafi kurangira, avuga ko igikenewe ari uko Ukraine n’u Burusiya byashaka igisubizo, nubwo ari urugendo rutazoroha.
-
Umunsi u Bufaransa bumenya umugambi wo kurimbura Abatutsi bukaryumaho
9 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, abapfobya, abahakana n’abandi bafite umugambi wo gushinyagurira abarokotse, bakunze kwitwaza ko Jenoside itateguwe.
-
RDC:Abarwanyi ba AFC/M23 binjiye muri Walikale
21 October 2024, by Joseph IradukundaImirwano ikomeye hagati ya FARDC/Wazalendo n’abarwanyi ba Alliance Fleuve Congo, ifatanya na M23 yasize inyeshyamba zifashe agace ka Kalembe.
-
Dore ibyafasha abantu bakunze kubabara mu ngingo
18 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu bakunze kugira ububare mu ngingo cyane cyane mu mavi, mu tugombambari, no mu magufa yo mu rukenyerero, bakunze kubiterwa n’impamvu zitandukanye, harimo kugira ibiro by’umurengera, kunywa itabi, ibyo umuntu akunze kurya kenshi, uruhererekane rwo mu muryango (by’umwihariko mu bujana no mu ivi) ndetse n’ubwoko bw’akazi umuntu akora.
-
Malaysia:Trump yatunguranye acinya akadiho yishimana n’abaje kumwakira
26 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yagaragaye mu mashusho ari kubyinana n’abana bari baje kumwakira ubwo yageraga ku kibuga cy’indege cya Kuala Lumpur muri Malaysia.
-
Andriy Parubiy wayoboye Inteko Ishinga Amategeko ya Ukraine yishwe arashwe
31 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuDepite Andriy Parubiy wanabaye Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Ukraine, yarasiwe mu Mujyi wa Lviv, ahasiga ubuzima.
Umuryango.rw
Perezida wa Tchad yahawe ipeti rya Maréchal
Oklahoma City Thunder yegukanye Igikombe cya NBA
Putin yasobanuye ibisabwa kugira ngo habeho agahenge muri Ukraine
Intambara ya Ukraine n’u Burusiya ntizarangira vuba: JD Vance
Umunsi u Bufaransa bumenya umugambi wo kurimbura Abatutsi bukaryumaho
RDC:Abarwanyi ba AFC/M23 binjiye muri Walikale
Dore ibyafasha abantu bakunze kubabara mu ngingo
Malaysia:Trump yatunguranye acinya akadiho yishimana n’abaje kumwakira
Andriy Parubiy wayoboye Inteko Ishinga Amategeko ya Ukraine yishwe arashwe