Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu, banenga umugabo bavugaho ubushurashuzi wahengereye mugenzi we yagiye mu kabari akajya kuryamana n’umugore we, ariko uwaciwe inyuma na we akagawa uburyo yihaniye agakubita uwo mugabo ubwo yamusanganaga n’umugore we, akamunegekaza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibyakurikiye ikibazo cy’umugabo wasanze undi amuca inyuma n’umugore we iwe kuri ‘Saint Valentin’
20 February, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Kwibuka27: Igihe kirageze ngo buri wese ashimangire ko Jenoside itazongera-Dr Peter Muthuki
20 June 2021, by Dusingizimana RemyKuwa gatanu ku cyicaro cy’umuryango w’afurika y’iburasirazuba habaye umuhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi,aho Dr Peter Muthuki umunyamabanga Mukuru w’uyu muryango yavuze ko bikwiriye kwibuka izo nzirakarengane zazize uko zaremwe.
Dr Peter Muthuki ati "Igihe kirageze ko buri wese yashimangira ko Jenoside itazongera kuba ukundi mu Karere ndetse no kw’isi.Tuzakomeza guhangana n’abapfobya Jenoside byamaganwe burundu."
Dr Muthuki yasabye buri wese gushikama ku ngamba zo guhangana (…) -
Gloria Kayitesi umugore wa Lt. Joel Mutabazi uherutse kugumishirizwaho igifungo cya burundu yatakambiye Perezida Kagame
26 November 2019, by Martin MunezeroGloria Kayitesi umugore wa Lt. Joel Mutabazi uherutse kugumishirizwaho n’urukiko rw’ubujurire gukomeza igifungo cya burundu, yasabye Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame guca inkonizamba nk’umubyeyi we nyuma y’uwo mwanzuro.
-
Ambasaderi wa Brazil mu Rwanda akomeje kugira ibihe byiza azenguruka uturere tw’u Rwanda
20 January, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi wa Brazil mu Rwanda, Irene Vida Gala; akomeje kugaragaza ibihe byiza agirira mu Rwanda bikamunyura, birimo kuba yarasogongeye bwa mbere ku nzoga y’ibitoki izwi nk’Urwagwa, akayinywera mu gacuma.
-
Kamala Harris : Amerika yaba yiteguye kugira Perezida w’umugore?
30 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIItangazo rishya rya Joe Biden ryo kuva mu matora ya perezida ryahinduye isura ya politiki muri Amerika.
Nyuma yo kwikura ku kuziyamamariza umwanya wa Perezida, Kamala Harris ubu ni we uzwi cyane mu Ishyaka ry’Abademokarate. Nk’uwari visi perezida, ashobora kwisanga ahanganye na Donald Trump mu kwezi k’Ugushyingo, kandi natsinda amatora, yaba abaye umugore wa mbere uyoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Nk’uko yabitangarije africanews dukesha iyi nkuru, Barbara Perry, Umwarimu wigisha muri (…) -
Ukraine yakangishije kurasa i Moscow
1 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yavuze ko igihugu cye gifite intwaro nshya zishobora kurasa i Moscow mu Burusiya, kandi ko icyo gihugu kidafite uburyo bwo kuzirinda cyangwa kuzisenya.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
20 September 2024, by UbwanditsiMe Kagame k.Festo aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara binyuze mu buryo bw’ikoranabuhanga, umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu yo guturamo iherereye mu karere ka Kicukiro mu mugi wa Kigali.
Itangazo rirambuye warisoma aho hasi……… -
Loni yasabye ko intwaro zihabwa impande zihanganye muri Sudani zihagarikwa
15 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango w’Abibumbye wasabye ibihugu bitandukanye guhagarika gutanga intwaro ku mpande ziri mu ntambara muri Sudani, ivuga ko izo ntwaro ari zo ziri gutiza umurindi iyo ntambara bikagira ingaruka no ku baturage.
-
Impamvu MINISANTE yabanje gukingira Ebola abantu ibihumbi 3 gusa muri miliyoni zisaga 12 z’Abanyarwanda yamenyekanye [Yavuguruwe]
16 January 2020, by Dusingizimana RemyKuwa 08 Ukuboza nibwo ku mipaka y’u Rwanda yegereye Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo hatangijwe urukingo rwa Ebola ku babishaka ariko abanyarwanda bamaze gukingirwa n’ibihumbi 3000 gusa muri miliyoni 12 barutuye.
-
Mu Rwanda havumbuwe ’lithium’ ya mbere nziza
10 July 2025, by ISIMBI EstellaIkigo gikora imirimo ijyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Aterian PLC, cyatangaje ko ubushakashatsi bw’ibanze cyakoze, bwagaragaje ko mu Rwanda hari amabuye ya ‘Lithium’ ya mbere meza
Umuryango.rw
Ibyakurikiye ikibazo cy’umugabo wasanze undi amuca inyuma n’umugore we iwe kuri ‘Saint Valentin’
Kwibuka27: Igihe kirageze ngo buri wese ashimangire ko Jenoside itazongera-Dr Peter Muthuki
Ambasaderi wa Brazil mu Rwanda akomeje kugira ibihe byiza azenguruka uturere tw’u Rwanda
Kamala Harris : Amerika yaba yiteguye kugira Perezida w’umugore?
Ukraine yakangishije kurasa i Moscow
Loni yasabye ko intwaro zihabwa impande zihanganye muri Sudani zihagarikwa
Impamvu MINISANTE yabanje gukingira Ebola abantu ibihumbi 3 gusa muri miliyoni zisaga 12 z’Abanyarwanda yamenyekanye [Yavuguruwe]
Mu Rwanda havumbuwe ’lithium’ ya mbere nziza