Abanyamideli babiri Cyusa Brandon na Cynthia Uwikunda batsindiye amafaranga ibihumbi 400 y’amanyarwanda nyuma yo guhiga abandi 12 bari bahanganye mu irushanwa ryiswe "The Power Pageant" rigamije guteza imbere abakora uyu mwuga.
The Power Fashion Boutique ni imwe mu nzu z’imideli ziri kuzamukana imbaduko mu ruganda rw’imideli mu Rwanda, ugereranyije n’igihe batangiriye. Nyuma y’amezi make batangiye gukora, bambitse abakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Supranational Rwanda 2019 kuva ku (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Inzu y’imideli ’The Power Fashion Boutique’ ari nayo yambitse abitabiriye Miss Supranational yatangije irushanwa ryo gufasha abanyamideli
16 August 2020, by Ubwanditsi -
Rubavu: Abaturage bafashe babiri biyise abapolisi baje kubambura
5 April, by ISIMBI EstellaHabumugisha Dieudonnée w’imyaka 27 na Nsabiyaremye Berson w’imyaka 37 bacakiwe n’abaturage ubwo bagendaga barata ipingu biyita abapolisi, bagatera ubwoba abacuruzi bo mu Mudugudu wa Byima, Akagari ka Rwaza, Umurenge wa Rugerero, Akarere ka Rubavu.
-
Umunyamakuru Aimée Beauté Mushashi agiye kurongorwa
19 December 2025, by ISIMBI EstellaAimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo agiye gukora ubukwe n’umusore bakundana.
-
Rubio yagaragaje uburyarya bw’Abanyaburayi basaba Amerika guhana u Burusiya bo bakajya guhahayo
24 September 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamabanga wa Amerika Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yashinje Abanyaburayi kugira uburyarya bukomeye, basaba igihugu cye gushyiriraho u Burusiya ibihano bikakaye nyamara bagaca inyuma bakajya guhahira i Moscow.
-
Abashyigikiye umutwe wiyita IS muri Mozambike bibasiye u Rwanda kuri interineti
13 August 2021, by Dusingizimana RemyAbashyigikiye umutwe wiyita Leta ya Kiyisilamu (IS) bibasiye u Rwanda mu butumwa bashyize kuri interineti mu gisa n’igikorwa gihurijwe hamwe cyo guha ingufu ibyo uyu mutwe uherutse kuvuga wamagana iki gihugu.
Umutwe wa IS uherutse gutunga agatoki u Rwanda muri nimero iherutse y’ikinyamakuru cyawo gisohoka buri cyumweru mu rwego rwo kwamagana muri rusange ingamba z’ibihugu bya Afurika byo kunesha uyu mutwe uvuga ko urwana intambara ntagatifu ya Jihad, cyane cyane muri Mozambique.
Ingabo (…) -
Ibiribwa bihunitse mu bigega by’u Rwanda byariyongereye cyane mu 2024
12 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRaporo ya Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi ya 2023/24 yagaragaje ko ibigega by’igihugu bihunitsemo ibinyampeke birimo ibigori n’ibishyimbo byiyongereye cyane ugereranyije n’umwaka ushize wa 2022/2023, hanabaho bimwe mu bikorwa byo kugoboka bimwe mu bihugu byibasiwe n’amapfa.
-
Haruna Niyonzima uherutse kwerekeza muri AS Kigali yatangiye imyitozo
13 January 2025, by Joseph IradukundaHaruna Niyonzima uheruka gutandukana na Rayon Sports, yatangiye gukora imyitozo muri AS Kigali aheruka kwerekezamo ku nshuro ya gatatu.
-
Kanye West yongeye guhindura amazina
11 June 2025, by ISIMBI EstellaNyuma y’uko mu mwaka wa 2021 ahinduye amazina akiyita Ye, Kanye West yongeye guhindura amazina ku nshuro ya kabiri yiyita ‘Ye Ye’.
-
Uru ni urutonde NEC yatangaje rw’Abasenateri batowe by’Agateganyo
17 September 2024, by Joseph IradukundaKomisiyo y’Igihugu y’Amatora(NEC) yatangaje Abasenateri 12 batowe mu matora yo ku wa tariki ya 16 Nzeri 2024.
-
Butera Knowless agiye gukorera igitaramo muri BK Arena
24 March, by Angeline MUKANGENZIUmuhanzi Butera Knowless yatangaje ko ateganya gukorera igitaramo gikomeye muri BK Arena hatagize igihinduka asezeranya abakunzi b’ibihangano bye ko yazishimana nabo umwaka utaha.
Umuryango.rw
Inzu y’imideli ’The Power Fashion Boutique’ ari nayo yambitse abitabiriye Miss Supranational yatangije irushanwa ryo gufasha abanyamideli
Rubavu: Abaturage bafashe babiri biyise abapolisi baje kubambura
Umunyamakuru Aimée Beauté Mushashi agiye kurongorwa
Rubio yagaragaje uburyarya bw’Abanyaburayi basaba Amerika guhana u Burusiya bo bakajya guhahayo
Abashyigikiye umutwe wiyita IS muri Mozambike bibasiye u Rwanda kuri interineti
Ibiribwa bihunitse mu bigega by’u Rwanda byariyongereye cyane mu 2024
Haruna Niyonzima uherutse kwerekeza muri AS Kigali yatangiye imyitozo
Kanye West yongeye guhindura amazina
Uru ni urutonde NEC yatangaje rw’Abasenateri batowe by’Agateganyo
Butera Knowless agiye gukorera igitaramo muri BK Arena