Abaturage 91 baturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bamaze iminsi itatu barara rwantambi ku mupaka wa Shakufwa utandukanya iki gihugu na Angola, nyuma y’aho Leta ya Angola ifashe icyemezo cyo kubirukana.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Angola yirukanye abanye_Congo kubera Uburangare bw’ubuyobozi
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umuhungu wa Ali Khamenei yatorewe gusimbura se nk’Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran
4 March, by Angeline MUKANGENZIUmuhungu w’uwahoze ari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran Ayatollah Ali Khamenei, Mojtaba Khamenei, yatorewe gusimbura se uherutse kwicwa, kuri uwo mwanya.
-
U Bushinwa: Sosiyete zirenga 200 zigiye kumurikirwa amahirwe y’ishoramari ari mu Rwanda
22 July 2025, by ISIMBI EstellaSosiyete zirenga 200 zo mu nzego zitandukanye mu Bushinwa, zigiye kwitabira gahunda ya “Meet Rwanda in China” izabera mu Mujyi wa Wuhan hagati ya tariki ya 1 n’iya 2 Kanama 2025.
-
Munyanshoza agiye kumurika igitabo gikubiyemo indirimbo 100 zigaruka kuri Jenoside yakorewe Abatutsi
10 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’inararibonye Munyanshoza Dieudonné uzwi kandi nka ‘Mibirizi’ kubera uruhare rwe rukomeye mu ndirimbo zo kwibuka Jenoside, yatangaje ko agiye gushyira hanze igitabo cya mbere gikubiyemo indirimbo 100 zigaruka kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Ibyerekezo 24 muri Kigali byongewemo uburyo bwo kwishyura amafaranga ahwanye n’urugendo
16 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuRURA yatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere tariki 16 Ukuboza, ibyerekezo (lignes) 24 bikoreramo imodoka zitwara abagenzi mu mujyi wa Kigali, bizongerwa mu buryo bushya bwo kwishyura amafaranga ahwanye n’urugendo umugenzi yakoze
-
Ibinyamakuru byo muri RDC byabujijwe gutangaza inkuru za Kabila n’ishyaka rye
3 June 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’urwego rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rushinzwe kugenzura imikorere y’ibinyamakuru n’imiyoboro y’itumanaho (CSAC), Christian Bosembe, yabujije ibinyamakuru gutangaza inkuru za Joseph Kabila n’ishyaka rye, PPRD.
-
Abanduye Coronavirus mu Rwanda bamaze kuba 104…Hagaragaye abantu 2 kuri iki cyumweru
5 April 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko kuri iki cyumweru tariki ya 05 Mata 2020, hagaragaye abantu bashya 2 bafite ubwandu bwa Coronavirus,bituma umubare w’abantu bamaze kwandura COVID-19 uba 104 gusa 4 muribo barakize ndetse basezerewe kuri iki Cyumweru.
-
Hamenyekanye igihe Diddy azafungurirwa
28 October 2025, by ISIMBI EstellaNyuma yo gukatirwa mu ntangiro za Ukwakira 2025, hamaze kumenyekana igihe umuraperi Sean ‘‘Diddy’’ Combs azavira muri Gereza.
-
Urubyiruko rw’abakorerabushake rwahize kumvana imitsi na M23
21 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrubyiruko rw’abakorerabushake rw’i Beni mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru rwiyemeje gufata intwaro rukagana ku mirongo y’urugamba guhangana n’umutwe wa M23 ukomeje gukinagiza ingabo za Leta ya Congo n’abafatanyabikorwa bayo.
Kuva ku wa Gatanu, urubyiruko rugera ku magana ruri muri Stade yo mu gace ka Ngongolio i Beni aho rutegerereje imyitozo ya gisirikare.
Ruvuga ko rwahisemo gukambika muri iyi Stade kugira ngo ingabo zifate icyemezo cyo kubakarishya ngo binjire mu rugamba rwo kurengera (…) -
RDC: Ntibavuga rumwe na Leta ku kwambura Joseph Kabila ubudahangarwa
15 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAbanyapolitiki bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ntibavuga rumwe na Leta ku kuba Sena yakwambura ubudahangarwa Joseph Kabila wabaye Perezida w’iki gihugu kuva mu 2001 kugeza mu 2019 ubwo yasimburwaga na Félix Tshisekedi.
Umuryango.rw
Angola yirukanye abanye_Congo kubera Uburangare bw’ubuyobozi
U Bushinwa: Sosiyete zirenga 200 zigiye kumurikirwa amahirwe y’ishoramari ari mu Rwanda
Munyanshoza agiye kumurika igitabo gikubiyemo indirimbo 100 zigaruka kuri Jenoside yakorewe Abatutsi
Ibyerekezo 24 muri Kigali byongewemo uburyo bwo kwishyura amafaranga ahwanye n’urugendo
Ibinyamakuru byo muri RDC byabujijwe gutangaza inkuru za Kabila n’ishyaka rye
Abanduye Coronavirus mu Rwanda bamaze kuba 104…Hagaragaye abantu 2 kuri iki cyumweru
Hamenyekanye igihe Diddy azafungurirwa
Urubyiruko rw’abakorerabushake rwahize kumvana imitsi na M23
RDC: Ntibavuga rumwe na Leta ku kwambura Joseph Kabila ubudahangarwa