Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro mugenzi we Emmanuel Macron wageze i Kigali muri iki gitondo mu rugendo rugamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi wari umaze imyaka irenga 27 utameze neza.
Perezida wa France Emmanuel Macron yahise yerekeza ku rwibutso rwa Kigali aho yunamira abazize jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994.
Ubwo yari agiye guhaguruka mu Bufaransa aza mu Rwanda,Perezida Macron yatanze ubutumwa kuri Twitter,ati: “Mu masaha ari imbere tugiye kwandika ipaji (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Macron muri Village Urugwiro
27 May 2021, by Dusingizimana Remy -
Goma: Abaturage bakoze imyigaragambyo yamagana kuva muri Uvira kwa AFC/M23
22 December 2025, by ISIMBI EstellaAbatuye mu mujyi wa Goma no mu bice bihana imbibi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo babyukiye mu myigaragambyo yamagana kuva mu mujyi wa Uvira kw’abarwanyi b’ihuriro AFC/M23.
-
Itangazo ku bifuza kugura imodoka Y’ikamyo y’Uruganda rwa Skol
18 September 2024, by UbwanditsiUruganda rwenga inzoga rwa Skol ruri mu Nzove ruramenyesha ababishaka ko rugiye kugurisha imodoka y’ikamyo!
Ababyifuza bakaba bageza ibiciro byabo bifunze mu mabaruwa ku kicaro cya Skol bitarenze taliki 30/9/2024 saa kumi z’umugoroba!
Gusura iyi modoka biba iminsi yose mu masaha y’akazi bihagarariwe na Mr. Nepo Rugerinyange(0785759274)!
Ku bindi bisobanuro wareba ku itangazo ririr hano (...) -
Abanyarwanda 19% bakorerwa ivangurwa rishingiye ku moko - Ubushakashatsi
25 July 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Umuryango Never Again Rwanda, bwatangaje ko mu bushakashatsi bakoze mu 2020 basanze Abanyarwanda 19,9% bahura n’ihohoterwa rishingiye ku moko mu gihe 19,2% bakorerwa ivangura rishingiye ku moko.
-
Diamond yikuye mu rubanza rwe na Bien Aime asigarana urwa The Ben na Bruce Melodie
9 June 2025, by ISIMBI EstellaMu gihe Abanyarwanda benshi bategerezanyije amatsiko indirimbo ebyiri Diamond Platnumz yakoranye n’abahanzi babiri bakomeye mu Rwanda, yabanje gushyira hanze iyo yakoranye na Bien Aime wo muri Kenya.
-
Gicumbi: Umugabo yishe umugore we amukubise umuhini w’isekuru
3 February, by ISIMBI EstellaUmugabo witwa Byankundiye Emmanuel wo mu Murenge wa Giti mu Karere ka Gicumbi yatawe muri yombi akekwaho kwica umugore we witwa Mutuyimana Euphrasie w’imyaka 32 amukubise umuhini mu mutwe
-
USA: Umudepite n’umugabo we bishwe barashwe, umusenateri arakomeretswa
14 June 2025, by ISIMBI EstellaGuverineri wa Leta ya Minesota Tim Walz yatangaje ko abagize Inteko Ishinga Amategeko babiri bakomoka muri Leta ya Minnesota barashwe umudepite n’umugabo we barapfa, ahamya ko ari ubwicanyi bushingiye ku bitekerezo bya politike.
-
Dore impamvu tugomba kugabanya umunyu turya mu maguru mashya
6 September 2024, by Joseph IradukundaNgo ‘akabura bakarya ni umunyu’, ariko kandi umunyu ni indyoshyandyo itabura mu biryo cyangwa ku meza ya benshi. Umunyu - ahanini ugizwe n’ikinyabutabire cya chlorure de sodium (NaCl) – ni mwiza ku mubiri ariko ukagira ingaruka zikomeye.
-
Zimbabwe yasabye Afurika y’Epfo kudakangwa n’ibihano bya Amerika
29 July 2025, by Joseph IradukundaIshyaka ZANU-PF riri ku butegetsi bwa Zimbabwe ryasabye ANC yo muri Afurika y’Epfo kudakangwa n’ibihano bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika zibushinja kubangamira inyungu zabwo no gukorana n’umutwe w’iterabwoba.
-
Trump yatangaje ko ingabo za Amerika zizaguma hafi ya Iran mu gihe itaremeza amasezerano
9 April, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ubwato n’indege za gisirikare bya Amerika bizaguma hafi ya Iran bitegereje kurasa igihe cyose Iran yakwanga burundu gusinya amasezerano y’amahoro.
Umuryango.rw
Goma: Abaturage bakoze imyigaragambyo yamagana kuva muri Uvira kwa AFC/M23
Abanyarwanda 19% bakorerwa ivangurwa rishingiye ku moko - Ubushakashatsi
Diamond yikuye mu rubanza rwe na Bien Aime asigarana urwa The Ben na Bruce Melodie
Gicumbi: Umugabo yishe umugore we amukubise umuhini w’isekuru
USA: Umudepite n’umugabo we bishwe barashwe, umusenateri arakomeretswa
Dore impamvu tugomba kugabanya umunyu turya mu maguru mashya
Zimbabwe yasabye Afurika y’Epfo kudakangwa n’ibihano bya Amerika
Trump yatangaje ko ingabo za Amerika zizaguma hafi ya Iran mu gihe itaremeza amasezerano