Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, MINICOM, yatangaje ko leta yatangiye ibiganiro n’abacuruza bakanatumiza ibikomoka kuri peteroli n’abandi bacuruzi bashobora kugerwaho n’intambara iri mu Burasirazuba bwo hagati.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda rwafashe ingamba zizatuma hataba ibura ry’ibikomoka kuri Peteroli
3 March, by Angeline MUKANGENZI -
UPDF yatangaje umusaruro iri gukura muri ’Operasiyo Shujaa’
30 August 2024, by Joseph IradukundaIgisirikare cya Uganda UPDF cyatangaje ko binyuze mu gikorwa cyiswe ’Operasiyo Shujaa’ ifatanyijemo n’igisirikare cya Congo (FARDC), bamaze kugaruza imbohe zirenga 100 zari zarigaruriwe n’inyeshyamba za ADF.
-
Minisitiri Gashumba yavuze aho urukundo akunda Rayon Sports rwaturutse n’igihe yatangiriye kuyifana
2 September 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima Dr.Diane Gashumba ufana bikomeye ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yishimiye ko iyi kipe yatangiye gufana agifite imyaka 4 yambuye Mukura VS igikombe cyo kwibuka padiri yari imaranye imyaka 39 yose.
-
Kimwe kigurishwa Amadolari 233: Muri Kenya hadutse ubushimusi bw’ibimonyo
24 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi ya Kenya iherutse gukora umukwabu mu nyubako yakira ba mukerarugendo ya Jane Guesthouse iherereye mu karere ka Naivasha, mu marembo ya Pariki ya Hell’s Gate nyuma yo kumenya ko hari ba rushimusi bacumbitsemo.
-
U Rwanda na Repubulika ya Congo byasinyanye amasezerano y’ubufatanye
13 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROMu ruzinduko arimo muri Repubulika ya Congo, Perezida Paul Kagame na mugenzi we Denis Sassou Nguesso, bayoboye umuhango wo gusinya amasezerano y’ubufatanye mu nzego zitandukanye mu bukungu harimo ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, ubukorikori, umuco n’ubuhanzi.
Kuri uyu munsi kandi abakuru b’ibihugu byombi bagiranye ibiganiro mu muhezo, ni ibiganiro byabanjirije indi nama yahuje abandi bayobozi bahagariye ibihugu byombi.
Kuri uyu wa Mbere nibwo Perezida Kagame yageze i Brazzaville muri (…) -
RURA yasubije abanyarwanda bakekaga ko ibiciro by’ingendo birazamurwa kubera kugabanya abagenzi mu modoka rusange
15 December 2020, by Dusingizimana RemyMu ijoro ryakeye nibwo Inama y’abaminisitiri yemeje ko Imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange zemerewe gutwara 50% by’umubare w’abantu zemerewe gutwara kandi hakubahirizwa amabwiriza yo kwirinda COVID-19.
-
Abantu 25 bakekwaho gukorana n’imitwe ya RNC na FDLR bagejejwe imbere y’urukiko
2 October 2019, by Dusingizimana RemyAbantu 25 biganjemo urubyiruko, baregwa gukorana n’imitwe y’iterabwoba igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda,irimo FDLR,RNC,bagejejwe imbere y’Urukiko rwa gisirikare ruri i Nyamirambo mu Mujyi wa Kigali kuri uyu wa 02 Ukwakira 2019.
-
Chairman wa APR FC yavuze ku mutoza Darko Nović usabirwa kwirukanwa
13 January 2025, by Joseph IradukundaMu gihe abafana ba APR FC bakomeje gusabira umutoza Darko Nović kwirukanwa, Chairman w’iyi kipe, Brig Gen Déo Rusanganwa, yavuze ko ifite abatekinisiye, bityo aribo bagomba kuzareba umusaruro we.
-
Nigeria: Umunyeshuri utambaye isutiye ntiyemererwa gukora ikizamini
19 June 2025, by ISIMBI EstellaKaminuza ya Olabisi Onabanjo yo muri Nigeria, yarikoroje nyuma yuko hasohotse amashusho agaragaza abanyeshuri b’abakobwa basakwa mu mabere ngo harebwe ko bambaye amasutiye, mbere yuko binjira mu kizamini.
-
Umuramyi Sano Olivier yakoze ubukwe
24 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuramyi akaba n’umuvugabutumwa wo ku mbuga nkoranyambaga Sano Olivier yakoze ubukwe n’umugore we Irene.
Umuryango.rw
U Rwanda rwafashe ingamba zizatuma hataba ibura ry’ibikomoka kuri Peteroli
UPDF yatangaje umusaruro iri gukura muri ’Operasiyo Shujaa’
Kimwe kigurishwa Amadolari 233: Muri Kenya hadutse ubushimusi bw’ibimonyo
U Rwanda na Repubulika ya Congo byasinyanye amasezerano y’ubufatanye
Chairman wa APR FC yavuze ku mutoza Darko Nović usabirwa kwirukanwa
Nigeria: Umunyeshuri utambaye isutiye ntiyemererwa gukora ikizamini
Umuramyi Sano Olivier yakoze ubukwe