Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda), Dr Frank Habineza wari mu bahatanira kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi avuga ko yatsinzwe amatora y’umukuru agahita atekereza kuva muri Politiki burundu.
Mu kiganiro na IGIHE, Uyu mugabo washakanye na Kabarira Edith yavuze bimwe mu bikomereye ishyaka rye nyuma yo gutsindwa amatora birimo no kuba batarashobora kwishyura amafaranga y’inguzanyo bafashe kugirango ibikorwa byo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Habineza yatsinzwe amatora atekereza guhita akuramo ake karenge mu gukina politiki
10 August 2017, by Iyamuremye Janvier -
Mbappé yigaramye abamushinja gufata ku ngufu
15 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuRutahizamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa, Kylian Mbappé, yahakanye amakuru yamwanditsweho avuga ko akurikiranyweho na Polisi ya Suède ku kuba yarafashe ku ngufu.
-
Trump yongeye gushinja Congo kohereza muri Amerika abimukira bakoze ibyaha bikomeye
18 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongeye gushinja ‘Congo’ kohereza mu gihugu cye abikumira bakoze ibyaha bikomeye.
-
Andrés Iniesta wamamaye mu ikipe ya Barcelona agiye guhagarika gukina ruhago
1 October 2024, by Joseph IradukundaUmunya Espgane Andrés Iniesta wakiniye FC Barcelona yatangaje ko yahagaritse gukina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga ku myaka 40 ariko avuga ko azabishyira ku mugaragaro mu cyumweru gitaha.
-
Umunyarwandakazi ari mu bantu 19 bahitanwe n’indege yaguye muri Victoria
7 November 2022, by Dusingizimana RemyUmunyarwandakazi ari mu bantu 19 bazize impanuka y’indege ya kompanyi ya Precision Air yo muri Tanzaniya,kuri iki cyumweru,tariki ya 06 Ugushyingo 2023.
Hanifa Hamza w’imyaka 29 y’amavuko,wabyawe na nyina wo mu Rwanda na se wo muri Tanzaniya, yari mu ndege ya Precision Air,urugendo PW 494, yaguye mu kiyaga cya Victoria mu rukerera rwo ku cyumweru, tariki ya 6 Ugushyingo.
Iyi ndege, yavaga mu mujyi wa Dar es Salaam ukomeye mu bucuruzi bwa Tanzaniya yerekeza i Mwanza inyuze i Bukoba, (…) -
SIBOMANA Anaclet yasabye guhindura amazina akitwa RUGAMBA GASHAYIJA Emmy
25 March, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa SIBOMANA Anaclet yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa RUGAMBA GASHAYIJA Emmy mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri hano hasi. -
M23 yakubise ahababaza Wazalendo yashakaga gufata Kavumu
14 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 ku Cyumweru wakubise ahababaza abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo, nyuma yo kugaba ibitero mu gace ka Kavumu bashakaga kwigarurira.
-
Uko Mpiranya Protais yihishe ubutabera kugeza apfuye muri 2006 ntibubimenye
13 May 2022, by Dusingizimana RemyProtais Mpiranya, umwe mu bakekwagaho uruhare muri jenoside washakishwaga yarapfuye, nk’uko urwego rwasimbuye urukiko rwashyiriweho u Rwanda rwabitangaje.
-
Obasanjo yasabye ko ibibazo byo muri RDC bikemurwa guhera mu mizi ya kera
4 February, by Angeline MUKANGENZIOlusegun Obasanjo uri mu bahuza bashyizweho n’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe kugira ngo bafashe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukemura ibibazo byayo, yagaragaje ko kugira ngo bikemuke mu buryo burambye bisaba kubihera mu mizi ya kera.
-
Leta igiye gushyira miliyari 38 FRW muri gahunda yo kugaburira abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye
2 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yatangaje ko muri gahunda yo kugaburira abanyeshuri bose uhereye mu mashuri abanza kugera mu yisumbuye, uyu mwaka abarenga miliyoni 3.3 bazahabwa ifunguro aho Guverinoma yateganyije mu ngengo y’imari y’uyu mwaka amafaranga yo gushyigikira icyo gikorwa.
Umuryango.rw
Mbappé yigaramye abamushinja gufata ku ngufu
Trump yongeye gushinja Congo kohereza muri Amerika abimukira bakoze ibyaha bikomeye
Andrés Iniesta wamamaye mu ikipe ya Barcelona agiye guhagarika gukina ruhago
Umunyarwandakazi ari mu bantu 19 bahitanwe n’indege yaguye muri Victoria
SIBOMANA Anaclet yasabye guhindura amazina akitwa RUGAMBA GASHAYIJA Emmy
M23 yakubise ahababaza Wazalendo yashakaga gufata Kavumu
Uko Mpiranya Protais yihishe ubutabera kugeza apfuye muri 2006 ntibubimenye
Obasanjo yasabye ko ibibazo byo muri RDC bikemurwa guhera mu mizi ya kera