Filime ya Joël Karekezi ivuga ku musirikare w’Umunya-Sénégal warokoye benshi muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yahawe akayabo mu Kigega cyo guteza imbere inganda za sinema n’ibikorwa by’amajwi n’amashusho muri Sénégal kizwi nka Fonds de promotion de l’industrie cinématographique et audiovisuelle [FOPICA].
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Filime ya Joël Karekezi ivuga ku musirikare warokoye benshi muri Jenoside yatsindiye amafaranga menshi
19 April 2025, by ISIMBI Estella -
Marina na Khalfan ntibari gucana uwaka
27 May 2025, by ISIMBI EstellaMuri iyi minsi ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru bitandukanye hakomeje kumvikana guterana amagambo hagati ya Marina na Khalfan bari baherutse gukorana indirimbo bise ‘We made it’ bahuriyemo na Jay C.
-
Byahishuwe ko igitero cya Amerika muri Iran nta gifatika cyagezeho
25 June 2025, by ISIMBI EstellaNubwo Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakoresheje imbaraga nyinshi mu gitero zagabye ku bikorwaremezo bitunganyirizwamo ingufu za nucléaire muri Iran, amakuru y’ibanga yashyizwe hanze yagaragaje ko bitangiritse cyane.
-
Menya ibintu byakwereka ko umubiri wawe wuzuyemo imyanda
1 October 2024, by Joseph IradukundaMuri iki gihe ibyanduza ikirere ni byinshi n’imyanda ni myinshi, ni ngombwa gusukura umubiri wacu. Kugira imyanda myinshi mu mubiri bitera uburwayi bunyuranye uretse ko hari n’ibimenyetso wagenderaho ukamenya ko yabaye myinshi mu mubiri wawe, ukamenya uko wabikosora.
-
50 Cent yanze akayabo mu madolali yagenewe na Donald Trump ngo amwamamaze
31 October 2024, by Joseph IradukundaUmuraperi w’umunyamerika Curtis James Jackson III uzwi cyane nka 50 Cent, yatangaje ko yanze kuririmba mu bikorwa byo kwamamaza Donald Trump aho yari bwiyamamarize kuri MadisonSquare garden yanga kwakira agera muri million eshatu z’amadolari y’Amerika.
-
Mozambique: Imyigaragambyo yongeye kubura nyuma y’icyemezo cy’urukiko
24 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihugu cya Mozambique kuri uyu wa Mbere, itariki 24 Ukuboza 2024, imyigaragambyo yongeye kubura nyuma y’uko urukiko rw’ikirenga rushimangiye intsinzi y’umukandida Daniel Chapo w’ishyaka riri ku butegetsi mu matora ya perezida yabaye mu Kwakira ataravuzweho rumwe.
-
Harmonize yanyomoje amakuru yavugaga ko agiye gusubirana na Kajala
30 October 2024, by Joseph IradukundaUmuhanzi Rajab Abdul Kahali uzwi cyane nka Harmonize, yahakanye amakuru y’ibihuha bimaze iminsi bivugwa by’uko yiyunze n’uwahoze ari umukunzi we Frida Kajala Masanja.
-
Abakobwa ba P’ Diddy basobanuye izina ry’inzu yabo y’imideli
16 July 2025, by ISIMBI EstellaAbakobwa b’umuraperi P’Dddy b’impanga, basobanuye icyo bashingiyeho bita inzu yabo y’imideli ‘12TWINTY1’ baherutse gufungura, n’icyo iryo zina risobanuye.
-
Cameroun yabaye igihugu cya mbere cyaguze peteroli y’uruganda rwa Dangote
14 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cya ’Dangote Petroleum Refinery and Petrochemicals’ gicukura kikanacuruza peteroli muri Nigeria, cyatangiye gucuruza iyi peteroli mu bindi bihugu birimo Cameroun, iyi ikaba n’imwe mu ntego nyamukuru za Aliko Dangote wagishinze yifuza kugabanya ingano ya peteroli ibihugu bya Afurika bitumiza hanze yayo, kandi biyifite munsi y’ubutaka.
-
Inshuti y’akadasohoka ya Trump yagizwe Umuyobozi wa FBI
1 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahisemo inshuti ye Kash Patel ngo ayobore Urwego rushinzwe Iperereza (FBI).
Umuryango.rw
Filime ya Joël Karekezi ivuga ku musirikare warokoye benshi muri Jenoside yatsindiye amafaranga menshi
Marina na Khalfan ntibari gucana uwaka
Byahishuwe ko igitero cya Amerika muri Iran nta gifatika cyagezeho
Menya ibintu byakwereka ko umubiri wawe wuzuyemo imyanda
50 Cent yanze akayabo mu madolali yagenewe na Donald Trump ngo amwamamaze
Mozambique: Imyigaragambyo yongeye kubura nyuma y’icyemezo cy’urukiko
Harmonize yanyomoje amakuru yavugaga ko agiye gusubirana na Kajala
Abakobwa ba P’ Diddy basobanuye izina ry’inzu yabo y’imideli
Cameroun yabaye igihugu cya mbere cyaguze peteroli y’uruganda rwa Dangote
Inshuti y’akadasohoka ya Trump yagizwe Umuyobozi wa FBI