Inyeshyamba zitaramenyekana umutwe zikomokamo, zari zifite imbunda, zivuga neza ururimi rw’Ikinyarwanda, zahungiye mu Burundi nyuma yo kuraswa n’abantu bataramenyekana bivugwa ko ari abasirikare b’u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Inyeshyamba zivuga Ikinyarwanda zagaragaye ku butaka bw’u Burundi zinaniwe
12 April 2019, by Dusingizimana Remy -
U Bushinwa na Amerika bikomeje kwitana ba mwana ku nkomoko ya Covid-19
1 May 2025, by Angeline MUKANGENZIU Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bikomeje kwitana ba mwana no kwigiza nkana ku nkomoko ya Covid-19 imaze kugaragara ku bantu 700 bayanduye ndetse abarenga miliyoni zirindwi ikabahitana
-
Bruce Melodie yageze i Kampala
18 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAherekejwe n’itsinda rya Symphony Band rizamucurangira ndetse na Coach Gael, Bruce Melodie yageze i Kampala mu ijoro ryakeye, aho agiye gutaramira.
-
RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana
12 July 2025, by Joseph IradukundaUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwateguje ko buzasaba Uganda ibisobanuro nyuma y’aho ifunguye umupaka wa Bunagana n’indi ikoze ku bice bigenzurwa n’ihuriro AFC/M23.
-
Rusizi: Ubuyobozi bwaburiye abasengera ku ibuye rya Ryankana
3 December 2025, by ISIMBI EstellaIbuye rya Ryankana riherereye mu cyanya cy’ubuhinzi mu kibaya cya Bugarama ahitaruye aho abaturage batuye. Ni ibuye ridasanzwe bitewe n’ubunini bwaryo n’aho riherereye.
-
Umubano wa AFC/M23 n’uwa SAMIDRC wongeye kuzamo agatotsi
16 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmubano w’Ihuriro rya AFC/M23 n’uw’Ingabo z’Umuryango wa SADC ziri mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (SAMIDRC), wongeye kuzamo agatotsi nyuma y’aho rishinje izo ngabo kugira uruhare mu bitero riherutse kugabwaho mu Mujyi wa Goma.
-
Koreya y’Epfo: Polisi yasatse ibiro bya Perezida, uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo ashaka kwiyahura
11 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi yo muri Koreya y’Epfo kuri uyu wa Gatatu yasatse ibiro bya Perezida Yoon Suk Yeol, nyuma y’amakuru y’uko uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo Kim Yong-hyun yashatse kwiyahurira muri kasho bikaburizwamo.
-
Trump yaburiye Hamas mu gihe yatangira akazi itararekura imbohe
1 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Amerika watowe, Donald Trump, yavuze ko Hamas igomba kurekura vuba imbohe zajyanwe mu bunyage muri Gaza, ubwo yaganiraga n’abanyamakuru mu birori bye byo kwizihiza umwaka mushya iwe i Mar-a-Lago.
-
Jim Lovell uri mu ba mbere bageze hafi y’Ukwezi yitabye Imana
9 August 2025, by ISIMBI EstellaJim Lovell wari umugabo w’icyamamare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera uruhare yagize mu butumwa bwa Apollo 13, yitabye Imana afite imyaka 97.
-
Kenya yohereje Odinga muri Sudani y’Epfo guhosha amakimbirane yongeye kubura
28 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKenya yohereje uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Raila Odinga, muri Sudani y’Epfo nk’intumwa idasanzwe yo gufasha guhosha amakimbirane yongeye kubura hagati ya Perezida Salva Kiir na mukeba we umaze igihe kinini bahanganye akaba na Visi Perezida wa mbere, Riek Machar, ashobora gusubiza igihugu mu ntambara.
Umuryango.rw
U Bushinwa na Amerika bikomeje kwitana ba mwana ku nkomoko ya Covid-19
Bruce Melodie yageze i Kampala
RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana
Rusizi: Ubuyobozi bwaburiye abasengera ku ibuye rya Ryankana
Umubano wa AFC/M23 n’uwa SAMIDRC wongeye kuzamo agatotsi
Koreya y’Epfo: Polisi yasatse ibiro bya Perezida, uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo ashaka kwiyahura
Trump yaburiye Hamas mu gihe yatangira akazi itararekura imbohe
Jim Lovell uri mu ba mbere bageze hafi y’Ukwezi yitabye Imana
Kenya yohereje Odinga muri Sudani y’Epfo guhosha amakimbirane yongeye kubura