Mu Murenge wa Rubengera, Akarere ka Karongi, habereye impanuka y’ikamyo yagonganye na Coaster yari itwaye abagenzi, hakomereka abantu 13 bari muri iyo Coaster.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Karongi:Impanuka ikomeye yakomerekeyemo Abantu
2 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Umuryango w’umukobwa wagabye igitero ku musore wanze kurongora umukobwa wabo
21 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gace ka Karauli mu ntara ya Rajasthan mu Buhinde, habereye inkuru idasanzwe ubwo umuryango w’umukobwa warakazwaga bikomeye n’umusore wambitse impeta umukobwa wabo maze ntiyamurongora.
-
Minisitiri w’Ubutabera wa DRC yasabwe kwegura aregwa kunyereza umutungo wa gereza
22 May 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba Tungunga, asabwa kwegura by’agateganyo nyuma y’aho Ubushinjacyaha Bukuru busabye Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumwambura ubudahangarwa.
-
Abasirikare bakekwaho gukorera "ibyaha bikomeye" abaturage bo mu karere ka Gasabo batangiye kuburanishwa
11 May 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Gicurasi 2020,Urukiko rwa Gisirikare ruri gukorera i Kanombe ruri kuburanisha urubanza ku ifunga n’ifungura ry’agateganyo ruregwamo abasirikare 5 n’abasivili 2 bakurikiranyweho ibyaha binyuranye bakekwa ko bakoreye ahazwi nka Bannyahe muri Nyarutarama.
-
Hatangajwe igihe inyandiko z’Inkiko Gacaca zizaba zarangiye gushyirwa mu ikoranabuhanga
19 May 2025, by Angeline MUKANGENZIU Rwanda rugeze mu cyiciro cya nyuma cyo gushyira mu ikoranabuhanga no kubika neza inyandiko z’Inkiko Gacaca, zagize uruhare rukomeye mu kubanisha Abanyarwanda no gukemura ibibazo byaturutse kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
REG BBC yigaranzuye APR BBC zinganya intsinzi mu mikino ya nyuma
5 July 2025, by Joseph IradukundaREG BBC yatsinze APR BBC amanota 79-72 mu mukino wa kabiri w’iya nyuma ya kamarampaka muri Shampiyona ya Basketball, amakipe yombi anganya intsinzi imwe.
-
RMC yatorewe guhagararira EAC mu muryango w’inzego z’itangazamakuru zigenga muri Afurika
21 July 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Abanyamakuru Bigenzura mu Rwanda [Rwanda Media Commission], rwahawe umwanya wo guhagararira inzego zigenga z’itangazamakuru zo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba mu Muryango w’Inzego z’Itangazamakuru zigenga muri Afurika, Network of Independent Media Councils in Africa- NIMCA.
-
Kabila yasabiwe kwamburwa ubudahangarwa
1 May 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yatangaje ko Ubushinjacyaha bw’igisirikare bwasabye Sena kwambura Joseph Kabila ubudahangarwa kugira ngo bumukurikirane.
-
Abatumirwa basabwe kutitwaza impano! Ubukwe bw’umuherwe wa gatatu ku Isi, Jeff Bezos bwahumuye
24 June 2025, by ISIMBI EstellaJeff Bezos, washinze urubuga rwa Amazon, n’umukunzi we Lauren Sánchez, umunyamakuru wigeze kwegukana igihembo cya Emmy, bari mu myiteguro y’ubukwe bukomeje kuvugisha benshi ku isi. Biteganyijwe ko ibirori by’ubu bukwe bizamara icyumweru bitangira kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Kamena 2025, mu mujyi wa Venice mu Butaliyani.
-
Depite Kamanzi yeguye mu nteko ishinga amategeko nawe ashinjwa ubusinzi
29 December 2022, by Dusingizimana RemyDepite Kamanzi Ernest wari mu Nteko Ishinga Amategeko nk’uhagarariye Urubyiruko nawe yeguye ku mwanya we,aba Umudepite wa Gatatu weguye ku nshingano ze mu gihe kitageze ku mezi abiri.
Visi Perezida w’Umutwe w’Abadepite, Mussa Fazil Harerimana, yatangarije RBA ko uyu mudepite yeguye ku wa Gatatu, avuga ko ari ku mpamvu ze bwite.
Mu ibaruwa yandikiye Perezida w’umutwe wabadepite,yavuze ko yeguye ku mpamvu ze bwite ndetse aboneraho umwanya wo gushimira Perezida Kagame n’abanyarwanda (…)
Umuryango.rw
Karongi:Impanuka ikomeye yakomerekeyemo Abantu
Umuryango w’umukobwa wagabye igitero ku musore wanze kurongora umukobwa wabo
Minisitiri w’Ubutabera wa DRC yasabwe kwegura aregwa kunyereza umutungo wa gereza
Hatangajwe igihe inyandiko z’Inkiko Gacaca zizaba zarangiye gushyirwa mu ikoranabuhanga
REG BBC yigaranzuye APR BBC zinganya intsinzi mu mikino ya nyuma
RMC yatorewe guhagararira EAC mu muryango w’inzego z’itangazamakuru zigenga muri Afurika
Kabila yasabiwe kwamburwa ubudahangarwa
Abatumirwa basabwe kutitwaza impano! Ubukwe bw’umuherwe wa gatatu ku Isi, Jeff Bezos bwahumuye
Depite Kamanzi yeguye mu nteko ishinga amategeko nawe ashinjwa ubusinzi