Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yagarutse ku rubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter yari amaze iminsi mike atangaje ko ahagaritse gukoresha.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Gen Muhoozi byamwanze mu nda, agaruka ‘gitigisa Isi’ yifashishije Twitter
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Muri Kenya umugabo yatawe muri yombi azira gutaburura umurambo wa se
22 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmugabo w’imyaka 28 wo mu gace ka Uasin Gishu muri Kenya yatawe muri yombi azira gutaburura umurambo wa Se witwaga Stephen Rono.
-
Menya uko ukwiye kwirinda indwara y’umusonga idatinya umuto cyangwa ukuze
1 December 2024, by Joseph IradukundaUmusonga ubundi ni indwara ivurwa igakira ariko iyo irangaranywe ishobora guhitana umuntu yirwaye byihuse, cyane ko imibare yo mu 2021, yagaragaje ko yahitanye abarenga miliyoni 2.5 hirya no hino ku Isi barimo abana ndetse n’abantu bakuru.
-
Perezida Kagame yasubije abashinje u Rwanda gukoresha Pegasus mu butasi n’impamvu u Rwanda rwemerewe gukora inkingo
5 September 2021, by Dusingizimana RemyKuri iki cyumweru,Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n’Abanyarwanda gitambuka ku kigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru RBA kuri iki Cyumweru tariki 05 Nzeri 2021 guhera Saa 11:00.
Perezida Kagame ari gusubiza ibibazo by’abanyamakuru ku ngingo zitandukanye aho yavuze kuri Covid-19,ikoranabuhanga rya Pegasus,Rusesabagina n’ibindi.
Perezida Kagame yabajijwe ku ikoranabuhanga rya Pegasus,ibinyamakuru byo mu burengerazuba bw’isi bwashinja u Rwanda ko rukoresha mu gukora ubutasi ku bantu barimo (…) -
Hatangajwe irengero ry’umusizi Bahati Innocent ukekwaho gukorana n’abanzi b’u Rwanda
16 February 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, (RIB) Dr.Murangira B. Thierry yatangaje ko hagikorwa iperereza ku irengero ry’umusizi Innocent Bahati, umaze umwaka urenga ashakishwa n’abagize umuryango we ndetse n’inshuti ze.
RIB yavuze ko amakuru yizewe ari uko uyu yaba yararengeye muri Uganda.
Dr Murangira B. Thierry yagiranye ikiganiro naTaarifa.rw, avuga ko Bahati bikekwa ko yabuze tariki 07 Gashyantare, 2021 ubwo yari yagiye i Nyanza.
Taliki 09, Gashyantare, 2021 nibwo uwitwa Joseph (…) -
Unity Club Intwararumuri na NURC baratangira ubukangurambaga ku bumwe n’ ubwiyunge mu gihugu hose
12 November 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 12 Ugushyingo 2018, mu mirenge 30 yatoranyijwe mu turere twose tw’ u Rwanda haratangizwa ubukangurambaga ku bumwe n’ ubwiyunge bugamije gukangurira Abanyarwanda kwimakaza no gusigasira ubumwe mu muryango, kwegera abaturage n’abayobozi b’inzego z’ibanze no gufatanya nabo gusesengura ibibazo bibangamiye ubumwe mu muryango.
-
Kwigunga biganisha kuri ’Stroke’- Ubushakashatsi
18 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUbushakashatsi bwagaragaje ko indwara ya ‘Stroke’ itera guturika kw’imitsi y’ubwonko yiganje mu bantu bamara igihe kinini bihugiyeho, cyangwa abafite ingeso wo kwigunga kubera impamvu zitandukanye.
-
Ramaphosa yemeje ko abagaba bakuru b’ingabo bo muri EAC na SADC batarahura
21 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yemeje ko abagaba bakuru b’ingabo bo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika y’Amajyepfo (SADC) batigeze bahura mu cyumweru gishize.
-
Amakuru Umuti mushya ufasha uwunyoye kutandura SIDA ugiye gutangira gukoreshwa mu Rwanda
6 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Ubuzima (RBC) guhera mu mpera z’uku kwezi kizatangira gukoresha umuti mushya ufasha uwunyoye kutandura agakoko ka Virusi itera SIDA.
-
U Rwanda ruzageza mu gihugu hose umuti urinda abantu kwandura SIDA mu mezi abiri
11 August 2025, by ISIMBI EstellaInzego z’ubuzima zatangaje ko gahunda yo gutanga umuti utuma abantu batandura Virusi itera SIDA mu mezi abiri, ikomeje nubwo ikiboneka ku bitaro bike muri Kigali ariko hari gahunda ko yagezwa hirya no hino mu gihugu.
Umuryango.rw
Gen Muhoozi byamwanze mu nda, agaruka ‘gitigisa Isi’ yifashishije Twitter
Muri Kenya umugabo yatawe muri yombi azira gutaburura umurambo wa se
Menya uko ukwiye kwirinda indwara y’umusonga idatinya umuto cyangwa ukuze
Perezida Kagame yasubije abashinje u Rwanda gukoresha Pegasus mu butasi n’impamvu u Rwanda rwemerewe gukora inkingo
Hatangajwe irengero ry’umusizi Bahati Innocent ukekwaho gukorana n’abanzi b’u Rwanda
Kwigunga biganisha kuri ’Stroke’- Ubushakashatsi
Ramaphosa yemeje ko abagaba bakuru b’ingabo bo muri EAC na SADC batarahura
Amakuru Umuti mushya ufasha uwunyoye kutandura SIDA ugiye gutangira gukoreshwa mu Rwanda
U Rwanda ruzageza mu gihugu hose umuti urinda abantu kwandura SIDA mu mezi abiri