Abantu batandatu, Abarusiya bose, bapfuye nyuma y’uko ubwato bw’ubukerarugendo burohamye nko muri kilometero imwe uvuye ku nkombe za Misiri. Guverineri waho yavuze ko abakerarugendo 39 barokowe, kandi nta muntu wabuze.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abarusiya 6 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato bw’ubukerarugendo mu Nyanja Itukura
28 March 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amajyepfo: Polisi yaburiye abamotari batagira isuku
22 August 2025, by ISIMBI EstellaKu wa Kane tariki ya 21 Kanama, Polisi y’u Rwanda yakomeje gahunda y’ubukangurambaga bw’umutekano wo mu muhanda ‘Gerayo Amahoro’ mu bakoresha umuhanda bo mu ntara y’Iburengerazuba n’Amajyepfo.
-
Israel yishe umuvugizi wa IRGC - umutwe w’ingabo ukomeye muri Iran
20 March, by Angeline MUKANGENZIIbitero bya Israel kuri Iran kuri uyu wa 20 Werurwe 2026, byishe umuvugizi w’umutwe w’ingabo zirinda impinduramatwara ya Iran uzwi nka IRGC, nk’uko itangazamakuru rya leta yaho ribivuga.
-
Urwego Rukuru rwa Rayon Sports rwongeye gutumiza Inteko Rusange
21 August 2025, by ISIMBI EstellaNyuma y’uko Urwego Rukuru rwa Rayon Sports rutumije Inteko Rusange y’Umuryango wa Rayon Sports igaterwa utwatsi na Perezida Twagirayezu Thaddée, mugenzi we Muvunyi Paul yongeye gutumiza indi.
-
Israel yashinje u Bwongereza gushyigikira ibikorwa by’iterabwoba
31 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yashinje u Bwongereza "gushyigikira ibyihebe by’aba-jihadist," nyuma yuko icyo gihugu gitangaje ko gishobora kwemera Leta ya Palestine mu nama y’Inteko Rusange ya Loni, mu gihe Israel yaba idahagaritse ibikorwa bya gisirikare muri Gaza ndetse ikanorohereza abajyanayo imfashanyo.
-
Nyuma ya gatanya enye, Jennifer Lopez yatangaje ko yacitse intege zo kongera gushaka
18 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Jennifer Lopez benshi bakunze kwita JLo yatangaje ko yazinutswe kongera gushaka umugabo bagasezerana, nyuma yo kurushinga n’abagabo bane bose bananiranwa.
-
Pasiporo ya Amerika yavuye mu 10 zikomeye ku Isi
17 October 2025, by ISIMBI EstellaRaporo ya Henley Passport Index igaragaza uko pasiporo z’ibihugu zihagaze ku rwego mpuzamahanga yagaragaje ko pasiporo ya Amerika yageze ku mwanya wa 12, mu gihe mu myaka 10 ishize yari iya mbere.
-
Rutsiro: Umusore w’imyaka 29 arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka ine
7 February, by Angeline MUKANGENZIUmusore w’imyaka 29 wo mu Murenge wa Gihango mu Karere ka Rutsiro, yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka ine.
-
Jennifer Lopez yatandukanye n’umugabo we bamaranye imyaka 2
7 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuJennifer Lopez na Ben Affleck bamaze kurangiza ibyerekeye gutandukana kwabo, aho basabye urukiko rwo muri Los Angeles kwemeza burundu gatanya yabo.
-
Arambiwe guhozwa ku nkeke n’imodoka ye kubera kugira amaso mato
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu Bushinwa, umugabo uherutse kugura imwe mu modoka zigezweho ya ‘Xiaomi SU7 Max’ yavuze ko abangamiwe cyane n’uko ikoranabuhanga ryayo rihora rimuha ubutumwa bw’impuruza, bumusaba kwirinda gusinzira, kurangara, ahubwo akita ku muhanda mu rwego rwo kurengera umutekano we ndetse n’uw’abandi bakoresha umuhanda, kandi mu by’ukuri atarangaye ndetse atanananiwe, ahubwo ikibazo ari amaso ye mato cyane, ariko iryo koranabuhanga rikaba rimubona nk’usinziriye kandi atwaye ikinyabiziga.
Umuryango.rw
Abarusiya 6 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato bw’ubukerarugendo mu Nyanja Itukura
Amajyepfo: Polisi yaburiye abamotari batagira isuku
Urwego Rukuru rwa Rayon Sports rwongeye gutumiza Inteko Rusange
Israel yashinje u Bwongereza gushyigikira ibikorwa by’iterabwoba
Nyuma ya gatanya enye, Jennifer Lopez yatangaje ko yacitse intege zo kongera gushaka
Pasiporo ya Amerika yavuye mu 10 zikomeye ku Isi
Rutsiro: Umusore w’imyaka 29 arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka ine
Jennifer Lopez yatandukanye n’umugabo we bamaranye imyaka 2
Arambiwe guhozwa ku nkeke n’imodoka ye kubera kugira amaso mato