Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Ntwali Fiacre, yagaragaje ko abakinnyi biteguye kwitwara neza bakabona itike ibajyana mu Gikombe cy’Afurika cya 2025 asaba Abanyarwanda kubashyigikira arı benshi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ntwari Fiacre yavuze umugambi ahuriyeho na bagenzi be mbere yo guhura na Benin
8 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Uko Isi yiriwe tariki 12 Kamena 2018 [AMAFOTO]
12 June 2018, by Nsanzimana ErnestMu nshamake y’ uko Isi yiriwe kuri uyu 12 Kamena 2018 harimo ibyo Perezida wa US n’ uwa Koreya ya Ruguru bemeranyije ubwo bahuraga bwa mbere mu mateka y’ ibihugu byabo, Loni yababajwe n’ umusirikare w’ Umurundi wiciwe mu butumwa bw’ amahoro. U Rwanda rwerekanye aho rugeze mu gushyira mu bikorwa imyanzuro ku burenganzira bwa muntu.
-
Urukiko rw’ikirenga rw’Amerika rwahagaritse iyirukanwa ry’Abanya-Venezuela bafunze
19 April 2025, by Joseph IradukundaUrukiko rw’ikirenga rw’Amerika rwategetse ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump kuba buhagaritse kwirukana muri Amerika itsinda ry’Abanya-Venezuela bashinjwa kuba mu gico cy’abagizi ba nabi.
-
Zelensky yasabye Amerika kuzahana Putin niyanga ibiganiro
21 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuzakora igikorwa gikomeye mu gihe Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yakwanga guhura na we mu biganiro.
-
Tanzania yateye utwatsi iby’icyorezo cya Marburg ku butaka bwayo
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’aho ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, rivuze ko abantu byibuze umunani mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’igihugu, bakekwaho kuba barazize Marburg, Guverinoma ya Tanzaniya yavuze ko nta muntu n’umwe muri iki gihugu wigeze asanganwa iyo virusi.
-
Rutaremara avuga ko Tshisekedi yishyuye abanyamahanga kugira ngo bagire uruhare muri Jenoside
10 January, by ISIMBI EstellaUmuyobozi w’Urubuga Ngishwanama rw’Inararibonye z’u Rwanda, Tito Rutaremara, yagaragaje ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, agura abanyamahanga kugira ngo bamufashe gukora Jenoside.
-
Amerika Irashakisha Uko Agahenge Kaboneka mu Ntambara yo muri Gaza
19 September 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Antony Blinken, ejo na none yari i Kayiro mu rwego rwo gushakisha agahenge mu ntambara yo muri Gaza.
-
Misiri yohereje ubwato bwuzuye intwaro i Mogadishu! Harakekwa intambara yeruye
24 September 2024, by Joseph IradukundaUbwato bw’intambara bwa Misiri bwagejeje ikiciro cya kabiri cy’intwaro muri Somalia zirimo n’imbunda nini zirasa indege na za muzinga, nk’uko abategetsi ku cyambu babitangaje ku wa mbere.
-
Aisha avuze igitera abakobwa gukunda abasaza kurusha abahugu batarashaka
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMuri iki kinyejana abantu benshi bakunze kwitotombera ko abakobwa basigaye bakundana ndetse bakanashyingiranwa n’abasaza, aho gukundana n’abasore bari mu kigero kimwe, bigatuma abasore benshi bavuga ko batakibona abageni.
Mu kiganiro yagiranye n’imwe muri televiziyo zikorera kuri murandasi, Aisha yumvikanishije impamvu zitandukanye zituma abakobwa bikundira abasaza zirimo kuba babitaho kurusha abasore.
Yagize ati: “Ukabona umukunzi wawe arakundana n’umusaza ukababara, ariko uzi ukuntu abantu bakuru bagira keya (Care). Icya mbere baba bafite abana mungana, akwitaho nk’umwana yibyariye, uko ubona amuha amafaranga y’ishuri akajya ku ishuri, ni nako nawe aguha byose.”
Yongeraho ati: “Naho abasore umubwira ibihumbi ijana akumva ni milliyoni ebyiri, ariko uwo musaza ibihumbi 100 abikuguriramo icyo kunywa akaza no kuguha andi ukitahira, kandi umusore nta n’impano yaguha yayo mafaranga.”
Nubwo avuga ibi ariko ngo ntabwo aribyo Aisha yivugira, ahubwo ni ukumenera abahungu amabanga y’abakobwa, kugira ngo bige kwita ku bakunzi babo, barekere aho kujya mu basaza.
Uyu mukinnyi wa filime avuga ko kuba abakobwa batitabwaho, ngo abasore bababarira iminsi yabo y’uburumbuke kugira ngo bagire igihe cyo kuryamana na bo, kandi nta n’ikintu na kimwe cyabo bazi.
Ati: “Umukobwa ari mu mihango urugero, nta kunyitaho nta n’imbuto urimo kumushyira, nta kotekisi igura igihumbi wanzaniye, ariko urimo kumubarira iminsi ngo uzamuhamagare aze kugusura!”
Aisha avuga ko nubwo uko kuri abakobwa batakuvuga ariko iby’ibyo byose yavuze n’ibindi ngo ari byo bituma abakobwa bakunda abasaza ntibakunde abasore.
Aisha avuze ibi nyuma y’uko aherutse kurikoroza ubwo yumvikanaga mu kiganiro avuga ko abasore beza bose bagiye mu mutwe w’ingabo zishinzwe gucunga umutekano w’Umukuru w’Igihugu bazwi nka CTU, ko abasigaye ari amagweja n’ibimonyo, nubwo nyuma yaje kuvuga ko atari azi ko ari igitutsi byanatumye asaba imbabazi abo byarakaje.
-
Perezida Kagame yashyizeho abaminisitiri bashya barimo Gatabazi JMV n’abandi bayobozi bashya
15 March 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa 15 Werurwe 2021, Perezida Kagame yashyize abayobozi bashya mu myanya mu buryo bukurikira:
Gatabazi Jean Marie Vianney yagizwe Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu asimbuye Prof Shyaka Anastase wari minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu kuva mu 2018.
Habyarimana Beata yagizwe Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda.
Madamu Soraya Hakuziyaremye yagizwe Guverineri wungirije wa Banki Nkuru y’u Rwanda
Gatabazi Jean Marie Vianney yayoboraga Intara y’Amajyaruguru kuva muri Kanama 2017, (…)
Umuryango.rw
Ntwari Fiacre yavuze umugambi ahuriyeho na bagenzi be mbere yo guhura na Benin
Urukiko rw’ikirenga rw’Amerika rwahagaritse iyirukanwa ry’Abanya-Venezuela bafunze
Zelensky yasabye Amerika kuzahana Putin niyanga ibiganiro
Tanzania yateye utwatsi iby’icyorezo cya Marburg ku butaka bwayo
Rutaremara avuga ko Tshisekedi yishyuye abanyamahanga kugira ngo bagire uruhare muri Jenoside
Amerika Irashakisha Uko Agahenge Kaboneka mu Ntambara yo muri Gaza
Misiri yohereje ubwato bwuzuye intwaro i Mogadishu! Harakekwa intambara yeruye
Aisha avuze igitera abakobwa gukunda abasaza kurusha abahugu batarashaka