Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye bwashyizeho amabwiriza mashya agenga imikoreshereze y’imihanda mu Mujyi wa Huye, bijyanye n’ibirori byo gutanga impambabumenyi ku banyeshuri basaga 9500 barangije amasomo muri Kaminuza y’u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Huye: Hashyizweho impinduka mu mikoreshereze y’imihanda
17 October 2025, by ISIMBI Estella -
Dj Toxxyk yajuririye ibyo gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
26 January, by Angeline MUKANGENZIShema Arnaud uzwi nka DJ Toxxyk yajuririye icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko afungwa iminsi 30 y’agateganyo bitewe n’uko hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibyaha bitatu muri bine akurikiranyweho.
-
Icyo dusaba abanyarwanda nibareke gushyira ubuzima bwabo mu kaga bajya ahari icyorezo –Minisitiri Gashumba
2 August 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Dr Diane Gashumba, yasabye abanyarwanda baturiye hafi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abajyayo mu bucuruzi n’ibindi guhagarika kujyayo kuko hari icyorezo cya Ebola.
-
U Rwanda rwasabye Perezida wa Ghana gushyigikira Mushikiwabo
11 April, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yashyikirije Perezida wa Ghana, John Dramani Mahama, ubutumwa bwa Perezida Kagame, bumusaba kuzashyigikira Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umuyobozi wa OIF.
-
Amerika ibereyemo Loni umwenda wa miliyari 4$
20 February, by ISIMBI EstellaUmuryango w’Abibumbye watangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziwubereyemo imyenda igera kuri miliyari 4$ ikomoka ku misanzu iki gihugu kitatanze cyane cyane kuva igihe Perezida Donald Trump yagiriye ku butegetsi.
-
ABC News igiye kwishyura miliyoni 15$ Donald Trump yatangajeho ibinyoma
15 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkinyamakuru ABC News kiri mu bikomeye muri Amerika, cyemeye kwishyura Donald Trump miliyoni 15$ nyuma y’aho akijyanye mu nkiko agishinja kumutangazaho amakuru y’ibinyoma.
-
Google yakoze amavugurura muri ’Google Chrome’ ya iPhone
13 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGoogle yatangaje ko yakoze amavugurura kuri porogaramu yayo ifasha abantu gufungura imbuga za internet zitandukanye yitwa Google Chrome muri telefoni za iPhone, ihabwa imikorere ihura n’isanzwe muri telefoni za Android.
-
Los Angeles: Ingabo zoherejwe guhangana n’abigaragambya
8 June 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump yohereje Ingabo 2000 mu Mujyi wa Los Angeles, ahamaze iminsi imyigaragambyo y’abaturage bamaganwa ifatwa n’itabwa muri yombi ry’abimukira badafite ibyangombwa.
-
Burya yari amashengo!Putin wari wavuze ko ashyigikiye Kamala Harris
22 September 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov yatangaje ko ibiheruka kuvugwa na Perezida Putin ko ashyigikiye kandidatire ya Visi Perezida Kamala Harris byari amashyengo no kwiganirira kuko uyobora Amerika agenwa n’abavuga rikijyana bategeka igihugu mu buryo butagaragarira bose.
-
Rayon Sports yatangaje ibiciro ku mukino izakiramo mukeba APR FC
29 November 2024, by Joseph IradukundaIbiciro by’umukino wa Rayon Sports na APR FC uzakinwa tariki 07 Ukuboza 2024 byamaze gutangazwa, aho itike ya menshi izaba ari Miliyoni y’amafaranga y’u Rwanda.
Kuva tariki 29 Ugushyingo kugeza tariki 05 Ukuboza 2024:
Umuryango.rw
Huye: Hashyizweho impinduka mu mikoreshereze y’imihanda
Dj Toxxyk yajuririye ibyo gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
U Rwanda rwasabye Perezida wa Ghana gushyigikira Mushikiwabo
Amerika ibereyemo Loni umwenda wa miliyari 4$
ABC News igiye kwishyura miliyoni 15$ Donald Trump yatangajeho ibinyoma
Google yakoze amavugurura muri ’Google Chrome’ ya iPhone
Los Angeles: Ingabo zoherejwe guhangana n’abigaragambya
Burya yari amashengo!Putin wari wavuze ko ashyigikiye Kamala Harris
Rayon Sports yatangaje ibiciro ku mukino izakiramo mukeba APR FC