Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yahamije ko gahunda ye yo kwigarurira Gaza itazigera yemerera abaturage ba Palestine kongera kuhatura kuko hangijwe cyane n’abasirikare ba Israel.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Trump ntazemerera abaturage ba Palestine gusubira muri Gaza nayigarurira
11 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Nta kibazo mfitanye na Bishop Gafaranga! Murava yavuze
10 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Annette Murava, yagaragaje ko nta kibazo afitanye n’umugabo we Bishop Gafaranga, uherutse gukatirwa gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, kubera ibyaha birimo icyo guhoza ku nkeke uwo bashakanye n’icyo kumukubita no kumukomeretsa.
-
PAC yatunguwe n’inyubako z’ibitaro bya Kibirizi zidafite ubwishingizi
11 July 2025, by Joseph IradukundaKomisiyo y’Abadepite ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu, PAC, yabajije ibitaro bya Kibirizi biherereye mu Karere ka Gisagara mu Ntara y’Amajyepfo, impamvu bidafata ubwinshingizi bw’inyubako ndetse n’ibikoresho by’ibitaro.
-
Uganda: Umusore yihaniye mu rusengero ko yishe umukunzi, ahamagarirwa Polisi
15 August 2025, by ISIMBI EstellaUmusore w’imyaka 24 witwa Clinton Mwesiime yatawe muri yombi na Polisi ya Uganda ubwo yihaniraga mu rusengero ko yiciye umukunzi we mu karere ka Kabale mu kwezi gushize.
-
Gitego Arthur yasinyiye ikipe nshya
8 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRutahizamu w’Umunyarwanda, Gitego Arthur yamaze kubona ikipe nshya nyuma yo gutandukana na AFC Leopards yo muri Kenya, aho yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri Clube Ferroviário de Beira yo muri Mozambique, ariko ashobora kongerwa bitewe n’imyitwarire ye.
-
U Bwongereza bwahagaritse ikoreshwa ry’inkota zizwi nk’izakoreshwaga n’ininja
4 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri w’Umutekano w’Imbere mu Gihugu mu Bwongereza, yatangaje ko inkota zizwi nk’izakoreshwaga n’ininja zahagaritswe mu Bwongereza no muri Pays de Galles, aho uyifatanwe mu ruhame ashobora guhanishwa igifungo gishobora kugera ku myaka ine.
-
Shyorongi: Impanuka yakomerekeje abagenzi ku muhanda wa Kigali - Musanze
18 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu muhanda Kigali-Musanze ahazwi nko muri Kanyinya ya Shyorongi habereye impanuka abantu barakomereka.
-
Seninga yatandukanye na Gendarmerie FC yo muri Djibouti yaramazemo amezi 4
7 January 2025, by Joseph IradukundaUmutoza Seninga Innocent watazaga Gendarmerie FC yo muri Djibouti yatandukanye na yo nyuma y’iminsi 129 ayigezemo.
-
Iran yahawe iminsi 60 yo kwemera amasezerano ku ikoreshwa rya nucléaire
12 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIran yahawe iminsi 60 yonyine yo kuba yaramaze kwemera amasezerano y’ikoreshwa ry’intwaro za nucléaire, bitaba ibyo Leta Zunze Ubumwe za Amerika ikifashisha imbaraga za gisirikare mu guhangana n’icyo gihugu.
-
Anora yegukanye ibihembo byinshi muri Oscars 2025
4 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu cyumweru, tariki ya 2 Werurwe 2025 habaye umuhango wa 97 w’itangwa ry’ibihembo bya Oscars. Filime Anora ni yo yitwaye neza kurusha izindi, itsindira ibihembo bitanu birimo n’icy’iya filime nziza y’umwaka (Best Picture) ndetse n’icy’umuyobozi mwiza wa filime (Best Director).
Umuryango.rw
Trump ntazemerera abaturage ba Palestine gusubira muri Gaza nayigarurira
Nta kibazo mfitanye na Bishop Gafaranga! Murava yavuze
PAC yatunguwe n’inyubako z’ibitaro bya Kibirizi zidafite ubwishingizi
Uganda: Umusore yihaniye mu rusengero ko yishe umukunzi, ahamagarirwa Polisi
Gitego Arthur yasinyiye ikipe nshya
U Bwongereza bwahagaritse ikoreshwa ry’inkota zizwi nk’izakoreshwaga n’ininja
Shyorongi: Impanuka yakomerekeje abagenzi ku muhanda wa Kigali - Musanze
Seninga yatandukanye na Gendarmerie FC yo muri Djibouti yaramazemo amezi 4
Iran yahawe iminsi 60 yo kwemera amasezerano ku ikoreshwa rya nucléaire
Anora yegukanye ibihembo byinshi muri Oscars 2025