Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yaburiye abaminisitiri bavuga ibyo batatumwe na Guverinoma bishobora gushyira dipolomasi n’umutekano by’igihugu mu kaga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kinshasa: Abaminisitiri bavuga ibyo batatumwe na Guverinoma baburiwe
10 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Libya itumye Abanyarwanda barara bigunze
14 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi itsinzwe na Libya igitego kimwe ku busa mu mukino wa Gatanu mu gushaka itike yo kujya mu gikombe cya Afurika, amahirwe yo gukomeza atangira kuyoyoka
-
Polisi yarashe Abakurikiranwaga ku cyaha cyo kwica Mukandekezi
22 January 2025, by Joseph IradukundaAbasore babiri bari mu kigero cy’imyaka 22 y’amavuko bo mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Save, barashwe n’Umupolisi ubwo yabatahuraga aho bari bihishe nyuma yo gufata ku ngufu no kwica urubozo Mukandekezi Clementine; babonye bagiye gutabwa muri yombi, barwanya Umupolisi wari ubaguye gitumo.
-
Ronaldo yishimiye ihamagarwa ry’umuhungu we mu ikipe y’igihugu ya Portugal
6 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRutahizamu ufatwa nk’umwe mu beza isi yagize, Cristiano Ronaldo yishimiye guhamagarwa k’umuhungu we, Cristiano Ronaldo Junior.
-
Perezida Kagame ategerejwe mu Bufaransa
16 May 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame tariki 24 na 26 Gicurasi uyu mwaka azitabira imurikabikorwa ryo guhanga udushya n’ ubuvumbuzi mu ikoranabuhanga rigiye kuba ku nshuro ya gatatu.
-
USA: Umucamanza wa Leta yitambitse ihagarikwa rya USAID
20 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika USA, Umucamanza wa Leta yatambamiye ubuyobozi bwa Perezida Donald Trump, mu mugambi wabwo wo gukinga Ikigo gitera inkunga iterambere mpuzamahanga (USAID).
-
Nyarugenge: Amaduka 60 yafunzwe kubera kwica amabwiriza yo kwirinda Covid-19
14 December 2020, by Dusingizimana RemyAbacuruzi 60 bo mu karere ka Nyarugenge ahazwi nko muri Down Town bafungiwe amaduka kubera kurenga ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19, harimo kutagira kandagira ukarabe, kutambara udupfukamunwa,kurenza umubare w’abagomba kwinjira mu iduka,gusuzugura inzego inzego zinyuranye.
-
U Bushinwa: Imibare y’abashyingiranwa ikomeje kugabanuka
11 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmubare w’abashyingiranwa mu Bushinwa wagabanyutse ku kigero cya 20% mu 2024. Uyu mwaka wabaye uwa mbere mu mateka habaye igabanyuka nk’iri muri iki gihugu.
-
Karekezi N. Eric yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Agateganyo wa CMA
8 January, by ISHIMWE Jean de DieuInama y’Ubuyobozi y’Urwego rw’u Rwanda Rugenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane (CMA) yagize KAREKEZI Ngabonziza (Eric) Umuyobozi Mukuru w’Agateganyo. Yahawe inshingano zo gukomeza guteza imbere uru rwego rufite uruhare mu iterambere ry’ubukungu bw’u Rwanda.
-
Nyanza: Abagororwa bitabajwe mu rubanza rwa Munyenyezi
25 June 2025, by ISIMBI EstellaMunyaneza Jean Damascène Alias Saddam na Nshimiyimana Jean Damascène bafungiye mu Igororero rya Huye, batanze amakuru ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi Munyenyezi Béatrice akurikiranyweho.
Umuryango.rw
Kinshasa: Abaminisitiri bavuga ibyo batatumwe na Guverinoma baburiwe
Libya itumye Abanyarwanda barara bigunze
Polisi yarashe Abakurikiranwaga ku cyaha cyo kwica Mukandekezi
Ronaldo yishimiye ihamagarwa ry’umuhungu we mu ikipe y’igihugu ya Portugal
USA: Umucamanza wa Leta yitambitse ihagarikwa rya USAID
U Bushinwa: Imibare y’abashyingiranwa ikomeje kugabanuka
Karekezi N. Eric yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Agateganyo wa CMA
Nyanza: Abagororwa bitabajwe mu rubanza rwa Munyenyezi