Gatsinzi Venuste wakiniraga APR VC yasubiye muri Gisagara VC, asinya amasezerano y’imyaka itatu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Gatsinzi Venuste yasubiye muri Gisagara VC
19 August 2025, by ISIMBI Estella -
Minisitiri Nduhungirehe ntiyishimiye ibihe bibi Kiyovu Sports irimo
6 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ntawakishimira ibihe bibi Kiyovu Sports nk’ikipe y’amateka iri kunyuramo nubwo we ari umukunzi wa Mukura Victory Sports.
-
Mexique: Abantu 41 baguye mu mpanuka y’imodoka
9 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu 41 bapfuye bazize impanuka ya bisi itwara abagenzi yagoganye n’ikamyo ya rukururana mu Majyepfo ya Mexique.
-
Tanzania: Abarobyi 550 barohamye
25 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Tanzania haravugwa inkubi y’umuyaga yateje impanuka mu Kiyaga cya Rukwa, mu Karere ka Sumbawanga mu Ntara ya Rukwa, abarobyi 550 bararohama, abagera kuri 540 muri bo baratabarwa, ariko 10 baburirwa irengero, ibikorwa byo kubashakisha bikaba bikomeje.
-
Minisitiri Nduhungirehe yagize icyo avuga kundirimbo nshya ya The Ben ‘Plenty’
7 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Ambasaderi Olivier J.P. Nduhungirehe, yagarutse kubuhanga bwa The Ben n’ubukaka bwe muri Muzika Nyarwanda avuga ko Plenty aherutse gushyira hanze ari indirimbo ifite umwihariko.
-
Umukino wa APR FC na Rayon Sports wahinduriwe amatariki byakirwa ukundi
5 October 2024, by Joseph IradukundaUbuyobozi bwa Rwanda Premier League bwatangaje ko Umukino wagombaga guhuza APR FC na Rayon Sports wari uteganyijwe tariki 19 Ukwakira wasubitswe nyuma yaho APR FC itanze ubusabe ko ingengabihe isanzwe ya Shampiyona yakubahirizwa, umukino ugashakirwa undi munsi wakinwaho.
-
Iran yigambye kwiba amakuru y’ubutasi ya Israel
8 June 2025, by ISIMBI EstellaIbinyamakuru bya Leta muri Iran byatangaje ko inzego z’ubutasi z’icyo gihugu, ziherutse kubona amakuru y’ibanga y’inzego z’ubutasi za Israel, arimo ajyanye n’intwaro kirimbuzi, uburyo icyo gihugu cyirinda ibitero, imitegurire y’intambara n’andi makuru akomeye.
-
Indege z’intambara 6 gusa nizo zikora, South African Air Force igeze aharindimuka
24 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImirwano iherutse kubera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yashyize ahagaragara ibibazo bikomeye mu ngabo z’igihugu cya Afurika y’Epfo (SANDF), ariko ngo ikibazo ni kibi cyane kuruta uko byatekerezwaga.
-
Umwe mu bashoferi yagaragaje ikiri gutera amakamyo ya HOWO gukora impanuka bikabije
8 December 2022, by Dusingizimana RemyMu minsi ishize,abasenateri basabye Polisi ko hasuzumwa ibibazo imodoka zo mu bwoko bwa HOWO zifite bituma zikunda gukora impanuka zikanatwara ubuzima bwa benshi.
Bwana Usengamungu JMV utunze ikamyo ya HOWO yabwiye RBA ko ikibazo cy’izi mpanuka atari amakamyo ubwayo ahubwo ari abayatwara baba basinze cyangwa bakajya mu tubari bakayaha aba tandiboyi bakabasimbura.
Yagize ati "Abashoferi batwara amakamyo abenshi baba basinze.Abatasinze,ugasanga rimwe ayihaye umutandiboyi niwe (…) -
Nigeria: Umugore n’abana be batanu bishwe n’ibiryo
19 August 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’umutekano mu gihugu cya Nigeria rwatangaje ko rwatangiye gukora iperereza ryerekeranye n’urupfu rw’umubyeyi n’abana be batanu bapfuye nyuma yo kurya ibiryo bikekwa ko byari byararengeje igihe.
Umuryango.rw
Gatsinzi Venuste yasubiye muri Gisagara VC
Minisitiri Nduhungirehe ntiyishimiye ibihe bibi Kiyovu Sports irimo
Mexique: Abantu 41 baguye mu mpanuka y’imodoka
Tanzania: Abarobyi 550 barohamye
Minisitiri Nduhungirehe yagize icyo avuga kundirimbo nshya ya The Ben ‘Plenty’
Umukino wa APR FC na Rayon Sports wahinduriwe amatariki byakirwa ukundi
Iran yigambye kwiba amakuru y’ubutasi ya Israel
Indege z’intambara 6 gusa nizo zikora, South African Air Force igeze aharindimuka
Umwe mu bashoferi yagaragaje ikiri gutera amakamyo ya HOWO gukora impanuka bikabije
Nigeria: Umugore n’abana be batanu bishwe n’ibiryo