Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku Cyumweru tariki ya 17 Ugushyingo zemereye Ukraine kurasa mu Burusiya ikoresheje za missile zirasa kure zayihaye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amerika yemereye Ukraine kurasa ku Burusiya ikoresheje missile sirasa kure yayihaye
18 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Uganda Yavuguruye Imikoranire Na DRC Mu Bya Gisirikare
15 October 2024, by Joseph IradukundaGuverinoma ya Uganda yavuguruye imikoranire n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu guhashya Allied Democratic Forces( ADF). Bivuze ko Kampala na Kinshasa babona ko ADF ari ikibazo kibugarije bombi.
-
Umujyi wa Kigali wishyuye indishyi kuri konti y’uwapfuye bikurura impaka muri PAC
8 July 2025, by ISIMBI EstellaAbadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’Imari n’umutungo bya Leta, PAC, bagaragaje ko bitumvikana uburyo Umujyi wa Kigali wagiye kwishyura indishyi ku muryango w’umuntu wari witabye Imana, amafaranga agashyirwa kuri konti ya nyakwigendera.
-
Donald Trump yagennye ku mwanya wa Ambasaderi ushobora kumubera umukazana
11 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuDonald Trump witegura kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Mutarama 2025, yagennye umukunzi w’umuhungu we, Kimberly Guilfoyle, ku mwanya wa Ambasaderi w’iki gihugu mu Bugiriki.
-
Diddy yavuye ku izima yemera kuburana afunze
15 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperi Sean “Diddy” Combs umaze iminsi asaba kuburana adafunze, ndetse watanze ingwate gatatu bikaba iby’ubusa, yashyize ararekura yemera kuguma muri gereza, areka ibyo gukomeza gusaba kuzaburana adafunze.
-
Kizza Besigye yasobanuye mu buryo burambuye imvo n’imvano y’amakimbirane ari hagati y’U Rwanda na Uganda
7 March 2019, by Martin MunezeroMu kiganiro n’abanyamakuru , umukuru w’Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Kizza Besigye asobanura mu buryo burambuye imvo n’imvano y’amakimbirane ari hagati y’U Rwanda na Uganda.
-
Abaturiye umupaka wa Shonga babangamiwe no kudahabwa ibyangombwa by’ubutaka
9 February, by Angeline MUKANGENZIBamwe mu baturage bo mu Kagari ka Mutojo mu Murenge wa Karama, Akarere ka Nyagatare baturiye umupaka na w’u Rwanda na Uganda bavuga ko bahangayikishijwe no kuba batagira ibyangombwa by’ubutaka bwabo aho bibagiraho ingaruka mu mibereho yabo bikanabadindiriza iterambere.
-
Minisitiri W’Ingabo Yagiye i Beni Kuziganiriza Uko Zakoma Imbere M23
11 February 2025, by Joseph IradukundaGuy Kabombo Mwadiamvita uyobora Minisiteri y’ingabo yagiye mu Mujyi wa Beni( niwo Leta isigaye yita Umurwa mukuru wa Kivu ya Ruguru) ngo aganire n’abasirikare bahakorera, abahe morale yo kuzahangana na M23.
-
Uganda: Ishyaka rya Bobi Wine ryatangaje ko arimo koroherwa nyuma y’igitero cya polisi
4 September 2024, by Joseph IradukundaUmukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda Bobi Wine yakomeretse ku kuguru mu guhangana n’umupolisi w’umugabo, ariko ishyaka rye rivuga ko arimo koroherwa mu bitaro.
-
U Burundi bwiregangije umugogo uri mu jisho ryabwo, buhirikira impamvu y’umubano mubi ku Rwanda
24 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga Mukuru w’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, Révérien Ndikuriyo, yashimangiye ko u Burundi budateze kubana neza n’u Rwanda mu gihe butarahabwa abagerageje guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza wahoze ayobora icyo gihugu mu 2015.
Umuryango.rw
Amerika yemereye Ukraine kurasa ku Burusiya ikoresheje missile sirasa kure yayihaye
Uganda Yavuguruye Imikoranire Na DRC Mu Bya Gisirikare
Umujyi wa Kigali wishyuye indishyi kuri konti y’uwapfuye bikurura impaka muri PAC
Donald Trump yagennye ku mwanya wa Ambasaderi ushobora kumubera umukazana
Diddy yavuye ku izima yemera kuburana afunze
Abaturiye umupaka wa Shonga babangamiwe no kudahabwa ibyangombwa by’ubutaka
Minisitiri W’Ingabo Yagiye i Beni Kuziganiriza Uko Zakoma Imbere M23
Uganda: Ishyaka rya Bobi Wine ryatangaje ko arimo koroherwa nyuma y’igitero cya polisi
U Burundi bwiregangije umugogo uri mu jisho ryabwo, buhirikira impamvu y’umubano mubi ku Rwanda