Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Kenya basabye ko imyaka yo kwitabira imikino y’amahirwe izwi nka ‘betting’ izamurwa ikagezwa kuri 21, ndetse n’amafaranga abantu basheta ntajye munsi y’Amashilingi ya Kenya 50 (asaga 500 Frw).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kenya: Abadepite ntibashaka ko abakora ‘betting’ bajya basheta ari munsi ya 500 Frw
31 July 2025, by ISIMBI Estella -
Ingo zigerwaho n’amashanyarazi zigeze kuri 85%, ibiciro bigiye kuvugururwa
16 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma yo gusuzuma intambwe imaze guterwa mu kwihaza ku mashanyarazi, Guverinoma y’u Rwanda yatangaje amavugurura y’ibiciro by’amashanyarazi mu myiteguro yo guharanira kugera ku ntego yo kwihaza ku ngufu z’amashanyarazi.
-
Gen Muhoozi yagaragaje ko Wazalendo igomba kuraswaho
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko Ihuriro Wazalendo rishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rigizwe n’abagizi ba nabi bagomba kuraswa.
-
Abanyekongo batuye mu Bubiligi bigaragambije basabira u Rwanda ibihano
5 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZABamwe mu bakongomani batuye mu Bubiligi bishoye mu mihanda mu Mujyi wa Buruseli basaba Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi gufatira ibihano bikakaye igihugu cy’u Rwanda n’umutwe ya M23 ugenzura Umujyi wa Goma n’ibindi bice bya Kivu zombi.
-
Musenyeri Mugiraneza Mugisha yahakanye ibyaha byose aregwa
7 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rw’Ibanze rwa Muhoza ruherereye mu Karere ka Musanze, ku wa Kane tariki 6 Gashyantare 2025, rwaburanishije Musenyeri Dr Mugiraneza Mugisha Samuel wahoze ari Umushumba wa EAR Diyosezi Shyira, ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku byaha akurikiranweho birimo kunyereza no gukoresha umutungo wa Diyosezi mu nyungu ze bwite mu gihe yayiyoboraga, ibyo byaha byose akaba abihakana.
-
France Mpundu wahagarariye u Rwanda mu marushanwa ya ‘Secret Story’ yageze i Kigali
1 December 2025, by ISIMBI EstellaFrance Mpundu wabaye Umunyarwanda wa mbere winjiye mu marushanwa ‘Secret Story’ yabereye muri Afurika y’Epfo ahagarariye u Rwanda, yageze i Kigali akomoza ku byo yungukiye muri aya marushanwa.
-
U Burusiya bwashinje u Bwongereza gutiza umurindi intambara yo muri Ukraine
17 May 2025, by Angeline MUKANGENZILeta y’u Burusiya yashinje u Bwongereza kwenyegeza intambara yo muri Ukraine binyuze mu gutanga intwaro ndetse no kwitambika inzira y’ibiganiro kuva mu 2022.
-
Perezida Zelensky agiye gusubira i Washington
16 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yatangaje ko ku wa 18 Kanama 2025 azahura na Perezida wa Amerika Donald Trump mu biganiro bizibanda ku buryo bwo guhagarika intambara muri Ukraine.
-
Uko amakuru ashingiye ku isanzure ari kwihutisha itangwa rya serivisi mu Rwanda
1 July 2025, by ISIMBI EstellaU Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu bijyanye no kwimakaza ikorababuhanga rishingiye ku isanzure muri serivisi za leta bijyanye na gahunda yo gukoresha amakuru y’iby’isanzure mu guteza imbere imiyoborere myiza.
-
Kayonza: Umusore wari urangije ayisumbuye yapfiriye mu kirombe
20 August 2025, by ISIMBI EstellaUmusore w’imyaka 23 wo mu Murenge wa Rukara mu Karere ka Kayonza, yagwiriwe n’ikirombe ahita apfa, nyuma yo kujyana na bagenzi be gucukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko.
Umuryango.rw
Kenya: Abadepite ntibashaka ko abakora ‘betting’ bajya basheta ari munsi ya 500 Frw
Ingo zigerwaho n’amashanyarazi zigeze kuri 85%, ibiciro bigiye kuvugururwa
Gen Muhoozi yagaragaje ko Wazalendo igomba kuraswaho
Abanyekongo batuye mu Bubiligi bigaragambije basabira u Rwanda ibihano
Musenyeri Mugiraneza Mugisha yahakanye ibyaha byose aregwa
France Mpundu wahagarariye u Rwanda mu marushanwa ya ‘Secret Story’ yageze i Kigali
U Burusiya bwashinje u Bwongereza gutiza umurindi intambara yo muri Ukraine
Perezida Zelensky agiye gusubira i Washington
Uko amakuru ashingiye ku isanzure ari kwihutisha itangwa rya serivisi mu Rwanda
Kayonza: Umusore wari urangije ayisumbuye yapfiriye mu kirombe