Umwuzure n’inkangu byibasiye Koreya y’Epfo bimaze guhitana abantu 14 mu gihe abandi 12 bakiri gushakishwa, inzego zishinzwe gutanga ubutabazi bwihutirwa zikavuga ko hari ubwoba bw’uko abahitanywe n’ibi biza ari benshi kurushaho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Koreya y’Epfo: Umwuzure umaze guhitana abantu 14
20 July 2025, by ISIMBI Estella -
Miss Irasubiza yakoreye ubukwe muri Amerika (Amafoto)
19 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIrasubiza Alliance, wamenyekanye cyane ubwo yegukanaga ikamba rya Miss Popularity mu irushanwa rya Miss Rwanda 2020, yakoze ubukwe mu birori byabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Umujinya w’umuranduranzuzi watumye Abanyekongo bakorera ibidakorwa Sitade yabo
10 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbafana b’Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bari bagiye kureba umukino wayihuje n’iya Senegal warangiye ikipe yabo itsinzwe ibitego 3-2 nyuma yo kugomborwa ibyo yari yabanje, bagaragaje umujinya w’umuranduranzuzi bakura zimwe mu ntebe zo muri Sitade, barazimenagura.
-
Uwacu Julienne yatangiye imirimo mishya muri Unity Club Intwararumuri
5 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwacu Julienne wahoze ari Umuyobozi Nshingwabikorwa ushinzwe itorero no guteza imbere umuco muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE), yashimiye Perezida Paul Kagame wamugiriye icyizere, akamuha inshingano zitandukanye.
-
Umuhoza Christa yagizwe Umuyobozi Mukuru wungirije wa Imbuto Foundation
18 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuhoza Christa yagizwe Umuyobozi Mukuru wungirije wa Imbuto Foundation, asimbuye Geraldine Umutesi wari muri izo nshingano kuva mu 2017.
-
Urukiko rwategetse ko abakekwaho uruhare mu rupfu rwa Olga Kayirangwa bakomeza gufungwa
18 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Nasagambe Fred na Gatare Gedeon Junior bakekwaho uruhare mu rupfu rw’umukobwa witwa Olga Kayirangwa, bakomeza gufungwa by’agateganyo kuko hagikorwa iperereza ku byo bakurikiranyweho, cyane ko hari impamvu zikomeye zituma bakekwaho icyo cyaha.
-
Urubanza rwa Diddy rushobora kumuhagama: Abatangabuhamya bariteguye
2 May 2025, by ISIMBI EstellaNyuma y’imyaka myinshi ari icyamamare mu muziki no mu bucuruzi, Sean “Diddy” Combs, wigeze gutunga miliyari y’amadolari y’Amerika, agiye kwitaba urukiko ku byaha bikomeye birimo ihohotera rishingiye ku gitsina n’ibyaha by’ubugizi bwa nabi. Uyu mugabo w’imyaka 55 ubu ari mu maboko y’ubutabera, aho azatangira kuburanishwa n’urukiko rwo mu Karere ka Southern District muri New York ku itariki ya 5 Gicurasi 2025.
-
Icyo Min.Nduhungirehe avuga ku byatangajwe na FARDC ko igiye kwambura intwaro FDLR no kuyirandura
1 April, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yibukije Leta ya DRC ko gushyira mu bikorwa Amasezerano y’Amahoro bitagarukira mu magambo ahubwo ko ari ibikorwa bifatika, agaragaza ko amasezerano adasohoza yakunze gutanga, ari na yo ntandaro y’akaga gahoraho gaterwa na FDLR
-
Rihanna yasobanuye impamvu y’itinda rya album ye
24 February 2025, by Joseph IradukundaRobyn Fenty uzwi nka Rihanna yasobanuye ko impamvu yatumye atinda gushyira hanze album yasezeranyije abakunzi be, ari uko yifuza ko izaba ikozwe neza, ifite umwihariko uzitandukanya n’izindi.
-
Kigali: Imvura idasanzwe yahitanye babiri, isenya inzu 27
14 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel yatangaje ko imvura idasanzwe yaguye kuva ku wa 10 kugeza ku wa 13 Mata 2025 yahitanye abantu babiri isenya inzu nyinshi kandi ifunga imihanda by’igihe gito.
Umuryango.rw
Koreya y’Epfo: Umwuzure umaze guhitana abantu 14
Miss Irasubiza yakoreye ubukwe muri Amerika (Amafoto)
Umujinya w’umuranduranzuzi watumye Abanyekongo bakorera ibidakorwa Sitade yabo
Uwacu Julienne yatangiye imirimo mishya muri Unity Club Intwararumuri
Umuhoza Christa yagizwe Umuyobozi Mukuru wungirije wa Imbuto Foundation
Urukiko rwategetse ko abakekwaho uruhare mu rupfu rwa Olga Kayirangwa bakomeza gufungwa
Urubanza rwa Diddy rushobora kumuhagama: Abatangabuhamya bariteguye
Icyo Min.Nduhungirehe avuga ku byatangajwe na FARDC ko igiye kwambura intwaro FDLR no kuyirandura
Rihanna yasobanuye impamvu y’itinda rya album ye
Kigali: Imvura idasanzwe yahitanye babiri, isenya inzu 27