Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC Dr Sabin Nsanzimana yanenze abantu bambara udupfukamunwa mu buryo budakwiriye barimo n’abajya kuvugana n’umuntu bakakamanura kandi icyo kamaze ari ugukumira amacandwe ataruka umuntu avuga kuba yagwa ku bandi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abantu bose baramutse bambaye udupfukamunwa neza Coronavirus yatemberaga muri bo yagabanukaho 80%-Umuyobozi wa RBC
25 April 2020, by Dusingizimana Remy -
Mutobo: Abari Abarwanyi ba FDRL barimo na Coloneri basubijwe mu buzima busanzwe
23 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu kigo cya Mutobo cya Komisiyo y’Igihugu yo Gusezerera no Gusubiza mu Buzima Busanzwe abari Abasirikare (RDRC) giherereye mu Karere ka Musanze, kuri uyu wa kabiri hasezerewe ikiciro cya 72 kigizwe n’abari abarwanyi 39 bahoze mu mitwe yitwaje intwaro mu mashyamba Kongo barimo n’ufite ipeti rya Koloneri.
-
Mu kwizihiza umunsi w’Intwari, Abanyarwanda batuye muri Sénégal banakoze umuganda
9 February, by Angeline MUKANGENZIAbanyarwanda batuye muri Sénégal, bizihije umunsi w’Intwari, bakorera n’umuganda ahubatse Urwibutso ruzwi nka Monument de la Renaissance Africaine, muri komini ya Ouakam mu Mujyi wa Dakar.
-
Parike ya Nyungwe yabonetsemo uducurama dufite ibyago byo kuzimira
28 April 2025, by Angeline MUKANGENZIAbashakashatsi babonye uducurama twitwa ‘Rhinolophus hilli’ muri Parike y’Igihugu ya Nyungwe turi mu dufite ibyago byo gushira ku Isi, basaba ko hashyirwaho gahunda yo kubungabunga uducurama aho tugaragara hose mu gihugu.
-
Perezida Putin agiye kwinjiza mu gisirikare abarenga ibihumbi 160
2 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIgisirikare cy’u Burusiya kigiye kwinjiza abantu ibihumbi 160 mu gisirikare mu rwego rwo kucyongerera imbaraga, uyu ukaba ari wo mubare munini ugiye kwinjizwa mu gihembwe cya mbere cy’umwaka, kuko byaherukaga mu 2011.
-
Racine na Papa Cyangwe bahuje imbaraga mu ndirimbo nshya bise igiceri cy’i 100
13 May 2025, by Gladiator OGUmuraperi Racine afatanyije na mugenzi we Papa cyangwe bateguje indirimbo nshya bahuriyemo bise ijana , iyi ndirimbo izasohoka ku munsi wo ku wa gatanu w’iki cyumweru tariki 16 Gicurasi ikaba yitwa 100 Cent cyangwa se igiceri cy’Ijana mu Kinyarwanda.
-
Ibyo wamenya ku mukino wa nyuma wa Europa League uhuza Man United na Tottenham
21 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu, tariki ya 21 Gicurasi 2025, guhera saa Tatu z’ijoro hateganyijwe umukino wa nyuma wa UEFA Europa League hagati ya Manchester United na Tottenham Hotspurs zihurira kuri Stade San Mames y’i Bilbao muri Espgane.
-
U Burusiya burakekwaho uruhare mu mpanuka y’indege ya Azerbaijan Airlines
29 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi mukuru ushinzwe ububanyi n’amahanga mu Muryango w’Ubumwe bw’i Burayi, Kajja Kallas, yasabye ko hakorwa iperereza ryimbitse ku cyateje impanuka y’indege ya sosiyete Azerbaijan Airlines.
-
Uganda: Abanyeshuri ba Ntare School bagerageje kwica bagenzi babo bashinja kuryamana n’abo bahuje ibitsina
11 August 2025, by ISIMBI EstellaAbanyeshuri ba Ntare School muri Uganda bagerageje kwica bagenzi babo bane, babashinja kuryamana n’abo bahuje ibitsina no kwamamaza iyo migirire muri iri shuri riherereye mu Karere ka Mbarara.
-
M23 ntigihuye n’impuguke za Loni
22 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 kuri uyu wa Gatandatu watangaje ko gahunda yari ihari yo guhura n’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye yahindutse ku munota wa nyuma.
Umuryango.rw
Abantu bose baramutse bambaye udupfukamunwa neza Coronavirus yatemberaga muri bo yagabanukaho 80%-Umuyobozi wa RBC
Mutobo: Abari Abarwanyi ba FDRL barimo na Coloneri basubijwe mu buzima busanzwe
Mu kwizihiza umunsi w’Intwari, Abanyarwanda batuye muri Sénégal banakoze umuganda
Parike ya Nyungwe yabonetsemo uducurama dufite ibyago byo kuzimira
Perezida Putin agiye kwinjiza mu gisirikare abarenga ibihumbi 160
Racine na Papa Cyangwe bahuje imbaraga mu ndirimbo nshya bise igiceri cy’i 100
Ibyo wamenya ku mukino wa nyuma wa Europa League uhuza Man United na Tottenham
U Burusiya burakekwaho uruhare mu mpanuka y’indege ya Azerbaijan Airlines
Uganda: Abanyeshuri ba Ntare School bagerageje kwica bagenzi babo bashinja kuryamana n’abo bahuje ibitsina
M23 ntigihuye n’impuguke za Loni