Urukiko rwa Gisirikare rwa Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwahanishije igihano cy’urupfu abasirikare barenga 200 kubera guhunga urugamba bahanganyemo n’umutwe witwaje intwaro wa M23, bagakora ibyaha birimo ubwicanyi, gufata ku ngufu no gusahura.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abasirikare ba FARDC barenga 200 bahunze M23 bakatiwe urwo gupfa
15 February 2025, by Joseph Iradukunda -
Minisitiri wa Siporo avuga ko Jenoside nta muntu ukwiye kuyijyaho impaka
11 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yagaragaje ko u Rwanda rufite ibimenyetso by’uko Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe kandi igashyirwa mu bikorwa, bityo atari igikorwa cyo kugibwaho impaka, dore ko hari abayipfopfa bashaka kugoreka amateka.
-
Tanzania yakumiriye abanyamahanga mu mirimo iciriritse
29 July 2025, by Joseph IradukundaLeta ya Tanzania yashyize hanze urutonde rw’imirimo abanyamahanga bari muri iki gihugu batemerewe gukora, ndetse ishyiraho ibihano ku muntu uzayifatirwamo wese.
-
U Rwanda rwashyikirije Loni raporo ku burenganzira bwa muntu; rushimangira intambwe idasubira inyuma rwateye
21 January, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ubutabera y’u Rwanda yashyikirije Agashami k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Uburenganzira bwa Muntu raporo ikubiyemo ibyagezweho ku myanzuro 160 ijyanye no kurengera Uburenganzira bwa Muntu rwahawe.
-
Byateje urujijo! Ben Affleck na Jennifer Lopez bongera kugaragara bari kumwe nyuma y’amezi batandukanye
7 October 2025, by ISIMBI EstellaNyuma y’amezi menshi bivugwa ko batandukanye burundu, Ben Affleck na Jennifer Lopez bongeye kugaragara bafatanye agatoki ku kandi mu birori byo kwerekana filime nshya yitwa "Kiss of the Spider Woman", bituma abakunzi babo bakanguka bundi bushya.
-
Gakenke: Inzu y’ababyeyi ya Rutake yarinze ababyeyi kubyarira mu nzira no mu ngo
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbabyeyi bamaze gusezera ku ngendo ndende bakoraga bajya kubyarira kwa muganga, nyuma y’uko ku kigo nderabuzima cya Rutake hubatswe inzu y’ababyeyi ifasha abategereje kwibaruka, binabarinda kubyarira mu nzira kimwe no mu ngo.
-
Trump yasebeje abakuru b’ibihugu bya Afurika yakiriye i Washington
10 July 2025, by ISIMBI EstellaKu wa 9 Nyakanga 2025, Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriye Perezida wa Liberia, uwa Gabon, Mauritania, Sénégal na Guinée Bissau, bagirana ikiganiro cyibanze ku bufatanye mu iterambere ry’ubukungu.
-
Minisitiri w’Imari yashyize umucyo ku kibazo cy’izamuka ry’ibiciro
5 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Imari n’igenamigambi, Murangwa Yusuf, yashyize umucyo ku kibazo cy’izamuka ry’ibiciro bidahura n’ubukungu bw’abaturage.
-
Afurika y’Epfo: Abagera ku 10 bapfiriye mu myuzure
16 January, by Angeline MUKANGENZIImvura nyinshi yaguye mu majyaruguru y’iburasirazuba bwa Afurika y’Epfo yateje umwuzure ukomeye wahitanye abagera ku 10, inatera inzego z’ubukerarugendo muri icyo gihugu gufunga pariki ya Kruger, imwe mu zihambaye ku mugabane wa Afurika.
-
Amerika yaburiye Ukraine ikomeje gutsimbarara ku kutumvikana n’u Burusiya
18 August 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yavuze ko Amerika itazahatira Ukraine kugirana amasezerano y’amahoro n’u Burusiya, ariko avuga ko icyo gihugu gikwiye kumenya ko uko intambara itinda ibintu birushaho kujya iwa ndabaga.
Umuryango.rw
Abasirikare ba FARDC barenga 200 bahunze M23 bakatiwe urwo gupfa
Minisitiri wa Siporo avuga ko Jenoside nta muntu ukwiye kuyijyaho impaka
Tanzania yakumiriye abanyamahanga mu mirimo iciriritse
U Rwanda rwashyikirije Loni raporo ku burenganzira bwa muntu; rushimangira intambwe idasubira inyuma rwateye
Byateje urujijo! Ben Affleck na Jennifer Lopez bongera kugaragara bari kumwe nyuma y’amezi batandukanye
Gakenke: Inzu y’ababyeyi ya Rutake yarinze ababyeyi kubyarira mu nzira no mu ngo
Trump yasebeje abakuru b’ibihugu bya Afurika yakiriye i Washington
Minisitiri w’Imari yashyize umucyo ku kibazo cy’izamuka ry’ibiciro
Afurika y’Epfo: Abagera ku 10 bapfiriye mu myuzure
Amerika yaburiye Ukraine ikomeje gutsimbarara ku kutumvikana n’u Burusiya