Urukiko rwa gisirikare rwa Butembo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ruri kuburanisha abantu 92 barimo abasirikare 45 ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bashinjwa ibyaha birimo gufata abana ku ngufu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Lubero: Abasirikare 45 bakurikiranyweho ibyaha birimo gusambanya abana
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
None Perezida Kagame aratangira kuyobora AU
28 January 2018, by Nsanzimana ErnestKuri iki Cyumweru tariki 28 Mutarama 2018 nibwo Perezida Paul Kagame atangira kuyobora umuryango w’Afurika yunze Ubumwe (AU). Yasabye Abanyafurika gukorera hamwe nk’ uko akunzwe kubisaba Abanyarwadna.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Mutarama 2018, Perezida Kagame yongeye gusaba abayobozi b’ibihugu by’Afurika kurangwa no gukorera hamwe hatitawe ku bibatandukanya kugira ngo bateze ibihugu byabo n’umugabane muri rusane imbere.
Yari yitabiriye inama ya AU igamije ubufatanye hagati y’ibihugu (…) -
Boko Haram yishe abasirikare 40 ba Tchad
29 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe w’iterabwoba wa Boko Haram wagabye igitero ku kigo cya gisirikare cya Tchad mu ijoro ryo ku wa 27 Ukwakira 2024, wicamo abasirikare bagera kuri 40.
-
Ambasaderi wa Sudani yavuze ko u Rwanda ari ikitegererezo ku gihugu cyabo
17 April 2025, by Angeline MUKANGENZIAmbasaderi wa Sudani mu Rwanda, Khalid Musa Dafalla Musa, yagarageje ko amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’uburyo u Rwanda rwiyubatse nyuma y’ibyo bihe bibi, akwiriye kubera urugero igihugu cye kiri mu ntambara.
-
M23 yafashe Sake mu gihe iri kwerekeza i Goma
13 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amakuru mashya ku munyamakuru wa Siporo uzwi mu Rwanda
2 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamakuru Nduwayezu Ndibyariye Jean de Dieu wamamaye nka Jado Max uzwi mu biganiro bya Siporo, byumwihariko ibitambuka ku maradiyo, agiye kugaragara kuri televiziyo, mu kiganiro gishya cy’igitangazamakuru agiye gukorera anakorana n’undi bakoranye.
-
Katy Perry yatandukanye na Orlando Bloom
26 June 2025, by ISIMBI EstellaKaty Perry na Orlando Bloom batandukanye mu gihe bari bagiye kumarana imyaka 10 babana nk’umugabo n’umugore, aho banabyaranye umwana w’umukobwa, n’ubwo bari batarasezerana.
-
Amavubi ntazitabira CHAN 2024
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma ya tombola igaragaza uko Ibihugu byabonye itike bizaba biri mu matsinda ane y’irushanwa ry’Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu Bihugu bya bo (CHAN 2024), hahise hamenyekana amakipe azahatanira imyanya ibiri isigaye ngo yuzure 19.
-
Kiliziya Gatolika yasabye imbabazi abakomerekejwe n’inyandiko iherutse gushyira hanze isabira abahamijwe jenoside bageze mu zabukuru n’abarwaye koroherezwa ibihano
14 April 2019, by Dusingizimana RemyKiliziya Gatolika yanditse ibaruwa isaba imbabazi Abanyarwanda bose bakomerekejwe n’ibyari bikubiye mu nyandiko yayo yo kuwa 25 Werurwe yatangajwe kuwa 7 Mata 2019, yasabaga ko harebwa uburyo abafungiye icyaha cya Jenoside bageze mu zabukuru n’abafite indwara zitandukanye, bakoroherezwa ibihano ariko kandi na bo bagakomeza kwinjira muri gahunda yo gusaba imbabazi no kwiyunga n’abo bahemukiye.
-
Amavubi y’u Rwanda azategereza amahirwe azahabwa ibihugu 2 mu marushanwa ya CAF
31 December 2024, by Joseph IradukundaImpuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yashyize ahagaragara ibihugu 17 byamaze kubona itike yo kuzakina CHAN 2024 izabera muri Uganda, Tanzania na Kenya tariki 1-28 Gashyantare 2025.
Umuryango.rw
Lubero: Abasirikare 45 bakurikiranyweho ibyaha birimo gusambanya abana
Boko Haram yishe abasirikare 40 ba Tchad
Ambasaderi wa Sudani yavuze ko u Rwanda ari ikitegererezo ku gihugu cyabo
M23 yafashe Sake mu gihe iri kwerekeza i Goma
Amakuru mashya ku munyamakuru wa Siporo uzwi mu Rwanda
Katy Perry yatandukanye na Orlando Bloom
Amavubi ntazitabira CHAN 2024
Amavubi y’u Rwanda azategereza amahirwe azahabwa ibihugu 2 mu marushanwa ya CAF