Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu hagaragaye abantu 13 banduye Coronavirus mu Rwanda bituma umubare w’abamaze kwandura iyi ndwara ugera ku bantu 102.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanduye Coronavirus mu Rwanda babaye 102…Kuri uyu wa Gatandatu habonetse abantu 13
4 April 2020, by Dusingizimana Remy -
NTAWUHUNGURWAJE Valens yasabye guhindura amazina akitwa NIYOMUGISHA Valens
5 November 2024, by UbwanditsiUwitwa NTAWUHUNGURWAJE Valens yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NIYOMUGISHA Valens mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina n’izina ry’Ababyeyi…… -
Umuraperi Soulja Boy arashinjwa gufata umukozi ku ngufu
20 March 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi w’Umunyamerika DeAndre Cortez Way uzwi nka Soulja Boy, ari mu mazi abira nyuma y’uko uwahoze ari umukozi we witwa Jane Doe amushinje kumukorera ihohoterwa rikomeye ririmo gufatwa ku ngufu, gukubitwa no kwangizwa mu mitekerereze.
-
Perezida Kagame yahakanye ko u Rwanda rudakoresha ikoranabuhanga rifasha gukora ubutasi kuri telephone z’abantu ku giti cyabo
8 November 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida Paul Kagame yabwiye abanyamakuru mu kiganiro yagiranye nabo ko u Rwanda rudakoresha rya Pegasus ryo gukora ubutasi kuri telephone z’abantu ku giti cyabo kuko rihenze cyane.
-
Kenya: Ababiligi baciwe 7.700$ cyangwa bagafungwa umwaka bazira ibimonyo
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbasore b’Ababiligi basanganwe ibimonyo, abayobozi bavuga ko byari bigenewe amasoko y’i Burayi na Aziya, mu buryo bugaragara bw’ubucuruzi butemewe buri kuzamuka bw’amoko y’ibinyabuzima atazwi.
-
Perezida Kagame yemereye umusanzu RDC mu kurwanya imitwe ihungabanya umutekano wayo
26 June 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yatangaje ko u Rwanda rwiteguye guha RDC ubufasha bwose ikeneye mu gukemura ibibazo by’umutekano muke byabaye akarande mu Burasirazuba bwa RDC.
-
Ukraine yizeye ko ibiganiro byayihuje n’u Burusiya na USA birangiza intambara
24 January, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko yizeye ko ibiganiro byamuhuje n’u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bizasiga intambwe ikomeye yo kurangiza intambara, imaze imyaka ibahanganishije n’u Burusiya.
-
Perezida Kagame yitabiriye umusangiro w’Abaminisitiri b’ubuzima bo muri Afurika
4 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yitabiriye umusangiro n’abaminisitiri b’ubuzima bo muri Afurika bitabiriye umuhango wo gutangiza ikigo cy’u Rwanda cyifashisha ubwenge buhangano (AI) mu gukusanya no kubika amakuru yerekeye ku buzima.
-
Abanyazimbabwe 15 bishwe barwanira u Burusiya mu ntambara ya Ukraine
26 March, by Angeline MUKANGENZIZimbabwe yatangaje ko abaturage bayo 15 bishwe nyuma yo guhabwa akazi ko kurwanira u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine, abarenga 60 bakaba bakiri ku rugamba.
-
Basketball: APR na REG z’Abagore zerekeje Zanzibar muri Zone V
25 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuREG na APR z’abagore zerekeje muri Zanzibar kwitabira imikino Nyafurika ya Zone V izatangira tariki ya 27 Ukwakira kugeza ku ya 1 Ugushyingo 2024.
Umuryango.rw
Abanduye Coronavirus mu Rwanda babaye 102…Kuri uyu wa Gatandatu habonetse abantu 13
Umuraperi Soulja Boy arashinjwa gufata umukozi ku ngufu
Kenya: Ababiligi baciwe 7.700$ cyangwa bagafungwa umwaka bazira ibimonyo
Perezida Kagame yemereye umusanzu RDC mu kurwanya imitwe ihungabanya umutekano wayo
Ukraine yizeye ko ibiganiro byayihuje n’u Burusiya na USA birangiza intambara
Perezida Kagame yitabiriye umusangiro w’Abaminisitiri b’ubuzima bo muri Afurika
Abanyazimbabwe 15 bishwe barwanira u Burusiya mu ntambara ya Ukraine
Basketball: APR na REG z’Abagore zerekeje Zanzibar muri Zone V