Arikiyepisikopi Gatolika wa Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Cardinal Fridolin Ambongo, yagaragaje ko atizeye niba Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika azahagarika intambara yo mu burasirazuba bw’igihugu cyabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu
11 July 2025, by Joseph Iradukunda -
MINEDUC yibukije urubyiruko kwirinda amacakubiri rukarangwa n’ubwitange
26 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Uburezi, MINEDUC yasabye urubyiruko rukiri mu mashuri n’urwayasoje gukomeza gusigasira ibyagezweho birinda amacakubiri bakagira umuco wo gukorera no kwitangira Igihugu kandi bakabikora batizigamye
-
Menya umushahara ndetse n’ibindi byose Perezida w’Urukiko rw’ikirenga agenerwa kugirango akore akazi ke neza.
25 March 2025, by ISIMBI EstellaPerezida w’Urukiko rw’ikirenga ari mu bayobozi bakuru igihugu cy’U Rwanda gifite ndetse ni umwe mu bayobozi baba bari ku ruhembe rw’imigendekere myiza ya gahunda nyinshi za guverinoma y’U Rwanda. kugirango uyu muyobozi abashe kuzuza inshingano ze nta birantega ahuye nayo hari ibyo yemererwa n’amategeko birimo umushahara ndetse n’ibindi bitandukanye kugirango hatagira na kimwe cyangirika mu kuzuza inshingano ze. muriyi nkuru mutwemerere turebere hamwe umushahara ndetse n’ibindi byose perezida (…)
-
Igihombo gikabije gishyira Nike ku ntera yo kuva mu Bushinwa
30 March, by ISIMBI EstellaAmashami y’uruganda rwa Nike mu Bushinwa ashobora gufunga imiryango nyuma y’ibihombo byaturutse ku baguzi bake n’ihangana rikomeye ry’izindi nganda zikora imyambaro.
-
Amerika yahaye iminsi 30 Israel ngo ibe yahagaritse intambara muri Liban
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuLeta Zunze Ubumwe za Amerika zandikiye Israel, ziyiha iminsi 30 yo kongera ubufasha bw’ikiremwamuntu muri Gaza cyangwa igahura n’ibyago byo guhagarikirwa inkunga ya gisirikare ihabwa na Amerika .
-
Umudepite w’u Burusiya yise Ukraine igihugu cy’ibyihebe
2 June 2025, by Angeline MUKANGENZIUmudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Burusiya witwa Andrey Kartapolov, yashinje inzego z’ubutasi gutegura igitero gikomeye cyasenye ikiraro mu gace ka Bryansk kigahitana barindwi, avuga ko ari igikorwa cy’iterabwoba kigamije guca igikuba mu baturage b’u Burusiya no gushotora ubutegetsi bwabwo, mu gihe impande zombi ziteguraga ibiganiro by’amahoro.
-
DR Congo iracyatsimbaraye ku gitutu cyo kuganira na M23
3 March 2025, by Joseph IradukundaMu gihe igitutu gikomeza kwiyongera, leta ya DR Congo ikomeje guhagarara ku cymezo cyayo cyo kutagirana ibiganiro bitaziguye n’umutwe wa M23 umaze gufata ibice bitandukanye mu burasirazuba bw’iki gihugu.
-
Ashorwa mu bindi yashyizwe mu gukora intwaro: Intambara karundura ya EU n’u Burusiya
8 December 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe wa Hongrie, Viktor Orban, yatangaje ko Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) uri kwitegura intambara n’u Burusiya ishobora kuba mu 2030.
-
Umugore ufite agahigo ko kugira umunwa munini
15 April 2025, by ISIMBI EstellaUmugore wo muri Alaska uherutse guca agahigo ko kuba umugore wa mbere ufite umunwa munini ku isi, yatangaje ko gahunda ari kongera gushyiraho akandi gahigo gakuraho ako yashyizeho.
-
Elon Musk yahombye 25% by’umutungo we kubera uruhare agira muri politiki ya Trump
30 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuherwe Elon Musk, akaba na nyiri sosiyete ya Tesla ikora imodoka zikoresha amashanyarazi, yahombye miliyari 113$, ni ukuvuga 25% by’umutungo rusange we kuva Perezida Donald Trump yatangira manda ye ya kabiri muri Mutarama 2025.
Umuryango.rw
Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu
MINEDUC yibukije urubyiruko kwirinda amacakubiri rukarangwa n’ubwitange
Menya umushahara ndetse n’ibindi byose Perezida w’Urukiko rw’ikirenga agenerwa kugirango akore akazi ke neza.
Igihombo gikabije gishyira Nike ku ntera yo kuva mu Bushinwa
Amerika yahaye iminsi 30 Israel ngo ibe yahagaritse intambara muri Liban
Umudepite w’u Burusiya yise Ukraine igihugu cy’ibyihebe
DR Congo iracyatsimbaraye ku gitutu cyo kuganira na M23
Ashorwa mu bindi yashyizwe mu gukora intwaro: Intambara karundura ya EU n’u Burusiya
Umugore ufite agahigo ko kugira umunwa munini
Elon Musk yahombye 25% by’umutungo we kubera uruhare agira muri politiki ya Trump