Abashinzwe umutekano baraye bafunze abakozi benshi bo ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Ndjili i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bashinjwa guheza indege ya Perezida Félix Tshisekedi mu kirere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kinshasa: Abakozi bashinjwa guheza indege ya Tshisekedi mu kirere bafunzwe
12 September 2025, by ISIMBI Estella -
Niyonkuru Samuel na Nirere Xaverine begukanye ‘Umusambi Race 2025’ (Amafoto)
22 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNiyonkuru Samuel mu bagabo na Nirere Xaverine mu bagore begukanye irushanwa ry’amagare ryiswe “Umusambi Race” ryateguwe ku nshuro ya gatatu mu rwego rwo kubungabunga inyoni y’umusambi.
-
Iran yababajwe n’icyifuzo cya Amerika ku ntwaro za nucléaire
2 June 2025, by Angeline MUKANGENZIIran yagaragaje ko yababajwe n’icyifuzo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku itunganywa ry’ingufu za nucléaire mu kinyabutabire cya Uranium, bikekwa ko zishobora kuzifashishwa mu gukora intwaro kirimbuzi.
-
Yakinnye iminota 40 yonyine! Dore uko umwana wa Cristiano Yitwaye mu kibuga uyu munsi
13 May 2025, by Gladiator OGKuri uyu wa Kabiri Cristiano Ronaldo Junior yakinaga umukino we wa mbere mu ikipe y’Igihugu ya Portugal ya batarengeje imyaka 15, uyu mwana wa Cristiano wagiye mu kibuga asimbuye yabashije gukina iminota igera kuri 40 ndetse atera ikirenge mu cya se akinira ikipe y’Igihugu.
-
WASAC Group yijeje gukosora ibibazo bigaragara mu isaranganya ry’amazi
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura, WASAC Group, cyasobanuye cyijeje abaturage ko kizakosora ibibazo byagaragaye mu isaranganya ry’amazi riba cyane cyane mu mpeshyi.
-
APR FC yafunze isoko ryo kugura abakinnyi isinyisha rutahizamu na myugariro bashya
7 July 2025, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Mbere, ikipe ya APR FC yatangaje ko yasinyishije rutahizamu w’Umunya-Cote d’Ivoire William Togui Mel na myugariro Nduwayo Alex wakiniraga Gasogi United.
-
Guverinoma y’u Rwanda yizeye kubona umusaruro wa Guma mu rugo ya 2 mu mujyi wa Kigali
3 February 2021, by Martin MunezeroKuri uyu wa Kabiri tariki ya 02 Gashyantare 2021, Inama y’Abaminisitiri yateranye mu buryo bw’ikoranabuhanga iyobowe na Perezida Paul Kagame, yanzuye ko ingamba zo gukumira ikwirakwira rya COVID-19 mu mujyi wa Kigali zari zarashyizweho zizoroshywa kuva mu cyumweru gitaha.
-
Abarwanyi ba M23 ku mupaka w’u Rwanda na RDC
29 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, abarwanyi ba M23 bagaragaye ku mupaka w’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bari kugenzura umutekano ku ruhande rwa Congo, nyuma y’uko bafashe Goma.
-
Ubushinjacyaha bwagaragaje neza uko Bamporiki yakoze icyaha cyo kwakira ruswa
21 September 2022, by Dusingizimana RemyUbushinjacyaha bwagaragarije Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge uko Bamporiki Edouard yakoze icyaha cyo kwakira ruswa nawe yemeye.
Aya mafaranga ngo yayahawe na Gatera Norbert ufite Uruganda ku Gisozi rukora ibinyobwa, ngo mu 2021 Umujyi wa Kigali wararufunze, bamuha ibaruwa igaragaza ko ruzize ko rutujuje ibisabwa.
Umushinjacyaha yavuze ko icyaha kijya gukurikiranwa, Gatera Norbert ufite Uruganda rwitwa Norbert Business Group rutunganya inzoga, yandikiye Umunyamabaga Mukuru w’Urwego (…) -
Burera:Ingo 621 z’i Burera zibanye mu makimbirane
13 July 2025, by Joseph IradukundaUmuyobozi w’Akarere ka Burera, Mukamana Solina, yatangaje ko nyuma y’uko babaruye ingo 621 zifitanye amakimbirane, batangiye kuzisura no kuziganiriza kugira ngo ziyavemo.
Umuryango.rw
Kinshasa: Abakozi bashinjwa guheza indege ya Tshisekedi mu kirere bafunzwe
Niyonkuru Samuel na Nirere Xaverine begukanye ‘Umusambi Race 2025’ (Amafoto)
Iran yababajwe n’icyifuzo cya Amerika ku ntwaro za nucléaire
Yakinnye iminota 40 yonyine! Dore uko umwana wa Cristiano Yitwaye mu kibuga uyu munsi
WASAC Group yijeje gukosora ibibazo bigaragara mu isaranganya ry’amazi
APR FC yafunze isoko ryo kugura abakinnyi isinyisha rutahizamu na myugariro bashya
Abarwanyi ba M23 ku mupaka w’u Rwanda na RDC
Ubushinjacyaha bwagaragaje neza uko Bamporiki yakoze icyaha cyo kwakira ruswa
Burera:Ingo 621 z’i Burera zibanye mu makimbirane