Umukinnyi wa Filimi nyarwanda, Uwamwezi Nadège wamenyekanye nka Nana muri filime Citymaid yasezeranye n’umugabo we Nsanzimana Patrick mu mategeko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nana wakinnye muri Citymaid yasezeranye n’umugabo we imbere y’amategeko
17 December 2024, by Joseph Iradukunda -
Uganda Abasirikare bateye sitasiyo ya Polisi
2 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAbasirikare ba Uganda bo mu mutwe w’ingabo zidasanzwe bateye sitasiyo ya Polisi ya Lubowa mu karere ka Wakiso, bakubita abapolisi batanu bahakorera.
-
Kwemera imishyikirano si ikimenyetso cy’intege nke - Perezida Ruto avuga ku kibazo cya RDC
8 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuDr William Samoei Ruto uyobora Kenya n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), yasabye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kwemera imishyikirano n’umutwe witwaje intwaro, asobanurira ko imishyikirano itajyamo abanyantege nke.
-
Davido yagizwe Perezida w’Ikigega cy’Imikino cya Osun
23 October 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi wo muri Nigeria Davido yagizwe Perezida w’Ikigega cy’Imikino cya Leta ya Osun mbere y’uko ataramira i Kigali.
-
ITANGAZO RY’IKOMEZA RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
7 July 2025, by UbwanditsiUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa uherereye mu karere ka Gasabo.
Soma itangazo rirambuye…… -
U Rwanda na Tanzania byiyemeje gukemura ibibazo byo ku mupaka
15 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda n’iya Tanzania byatangiye urugendo rwo kurushaho kongerera imbaraga umutekano wo ku mupaka ibihubu byombi bisangiye, mu rwego rwo kwimakaza amahoro n’umutekano hirindwa ibyaha n’ibindi byaha byambukiranya imipaka.
-
Banki yo mu Budage yibwe miliyoni 35$
31 December 2025, by ISIMBI EstellaPolisi yo mu Budage yatangaje ko mu bihe bya Noheli abajura bibye Banki yo mu Mujyi wa Gelsenkirchen miliyoni 35 $, angana na 95% by’amafaranga yari abitswe muri iyi banki.
-
Abasore 3 batawe muri yombi bakekwaho kwiba moto
27 September 2024, by Joseph IradukundaKuri sitasiyo ya RIB ya Macuba mu Karere ka Nyamasheke hafungiye Niyoniringiye Jacques w’imyaka 26, Gatsinzi James w’imyaka 27 na Tuyisabe bahimba Kazungu w’imyaka 23 bakekwaho ubujura bwa moto.
-
Element ari mu biganiro na 1:55AM Ltd
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’igihe hatutumba intambara y’amagambo hagati ya 1:55AM Ltd na producer Element, kuri ubu ikibazo cyabo cyatangiye kuganirwaho n’impande zombi zishaka igisubizo.
-
U Rwanda rwagaragaje uko rwimakaje uburezi bushingiye ku bumenyingiro
4 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu nama y’iminsi ibiri yatangiye kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Kamena mu Mujyi wa Kigali, u Rwanda binyuze muri Minisiteri y’Uburezi rwagaragaje uko rwahisemo guteza imbere amasomo y’uburezi bushingiye ku bumenyingiro.
Umuryango.rw
Nana wakinnye muri Citymaid yasezeranye n’umugabo we imbere y’amategeko
Uganda Abasirikare bateye sitasiyo ya Polisi
Kwemera imishyikirano si ikimenyetso cy’intege nke - Perezida Ruto avuga ku kibazo cya RDC
Davido yagizwe Perezida w’Ikigega cy’Imikino cya Osun
ITANGAZO RY’IKOMEZA RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
U Rwanda na Tanzania byiyemeje gukemura ibibazo byo ku mupaka
Banki yo mu Budage yibwe miliyoni 35$
Abasore 3 batawe muri yombi bakekwaho kwiba moto
Element ari mu biganiro na 1:55AM Ltd
U Rwanda rwagaragaje uko rwimakaje uburezi bushingiye ku bumenyingiro