Ikipe y’Igihugu ya Handball y’Abatarengeje imyaka 20, yegukanye Igikombe cya Afurika "IHF Trophy/Continental Phase" cyaberaga muri Ethiopia nyuma yo gutsinda Ibirwa bya Réunion ibitego 34-25.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Handball: Ikipe y’u Rwanda yegukanye Igikombe cya Afurika cya U-20
6 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Urukiko Rukuru rwatesheje agaciro ubujurire bwa Diane Rwigara na nyina rutegeka ko bakomeza gufungwa
21 November 2017, by Nsanzimana ErnestKu gicamunsi cyo kuri uyu wa 21 Ugushyingo, Urukiko Rukuru rwasomye umwanzuro warwo ku bujurire bwa Diane Rwigara na nyina Adeline Rwigara ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
Kuwa Kane tariki 16 Ugushyingo 2017, mu iburanisha rishize uruhande rw’abaregwa n’Ubushinjacyaha bumviswe n’Urukiko, Ubushinjacyaha butanga impamvu z’uko ubujurire bwabo ku mwanzuro w’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugege nta shingiro bufite, bugaragaza ko aba baregwa ibyaha bikomeye.
Diane Rwigara washakaga kuba (…) -
M23 iri gukoza imitwe y’intoki kuri Minova nyuma yo kwigarurira umusozi indege zikatiraho
20 January 2025, by Joseph IradukundaUmutwe witwaje intwaro wa M23 waraye wigaruriye umusozi wa Buragiza wo muri Teritwari ya Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo.
-
Israel iri mu mugambi wo kugaba ibitero kuri Iran
20 April 2025, by Angeline MUKANGENZILeta ya Israel irimo gutegura kugaba ibitero ku bigo bikora intwaro za nucléairemuri Iran, umugambi idahuriyeho na Amerika kuko Perezida Donald Trump ashyigikiye inzira y’amahoro.
-
AFC/M23 yashinje MONUSCO kurekura ingabo 800 za RDC zari zayihungiyeho
15 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryashinje ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) kurekura ingabo 800 zari zayihungiyeho kugira ngo zihungabanye umutekano w’umujyi wa Goma.
-
Colombia: Umukandida ku mwanya wa Perezida yarashwe mu mutwe
8 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika muri Colombia, Miguel Uribe Turbay, yarashwe inshuro eshatu ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza mu Murwa Mukuru w’icyo gihugu, Bogota.
-
Uganda yakebuye u Rwanda na DRC bihindura amafaranga kenshi kandi ko Atari byiza ku bucuruzi
14 October 2024, by Joseph IradukundaBanki Nkuru ya Uganda ifata amafaranga y’u Rwanda (Rwf) na DRC (CDF) nk’amafaranga ashingiye kuri politiki kandi atari meza ku bucuruzi muri Uganda .
-
Byahinduye isura mu rubanza rwa Diddy wareze leta ya Amerika
10 October 2024, by Joseph IradukundaSean "Diddy" Combs umaze iminsi ari mu butabera akurikiranyweho ibyaha byiganjemo ibyo gufata abagore ku ngufu, yashinje inzego zishinzwe umutekano muri Amerika n’abashinjacyaha, gushyira hanze amakuru y’ibyo aregwa mu buryo butemewe n’amategeko kugira ngo hangizwe isura ye.
-
U Burundi bwafunze Umunyarwanda n’Abarundi batatu bari bavuye mu Rwanda
16 September 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’u Burundi rushinzwe iperereza (SNR) mu mpera z’ukwezi gushize rwataye muri yombi Umunyarwanda n’Abarundi batatu bari bavuye mu Rwanda.
-
Amavubi agomba kubanza gusezerera Sudani y’Epfo ngo abashe kwerekeza muri CHAN 2024
3 November 2024, by Joseph IradukundaIkipe y’igihugu y’umupira w’amaguru (Amavubi) izahura na Sudani y’Epfo mu ijonjora rya nyuma ryo gushaka itike ya CHAN 2024 izabera mu bihugu bitatu byo mu karere muri Gashyantare 2025.
Umuryango.rw
Handball: Ikipe y’u Rwanda yegukanye Igikombe cya Afurika cya U-20
M23 iri gukoza imitwe y’intoki kuri Minova nyuma yo kwigarurira umusozi indege zikatiraho
AFC/M23 yashinje MONUSCO kurekura ingabo 800 za RDC zari zayihungiyeho
Colombia: Umukandida ku mwanya wa Perezida yarashwe mu mutwe
Uganda yakebuye u Rwanda na DRC bihindura amafaranga kenshi kandi ko Atari byiza ku bucuruzi
Byahinduye isura mu rubanza rwa Diddy wareze leta ya Amerika
U Burundi bwafunze Umunyarwanda n’Abarundi batatu bari bavuye mu Rwanda
Amavubi agomba kubanza gusezerera Sudani y’Epfo ngo abashe kwerekeza muri CHAN 2024