Ikipe ya APR FC yatangiye neza inzira yo kwiyunga n’abakunzi bayo ba batishimye,kuko banze kuza kuyishyigikira kuri uyu wa Gatatu, mu mukino ubanza wa 1/16 cy’igikombe cy’Amahoro yatsinzemo Rwamagana City ibitego 2-0.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
APR FC yiyunze n’abakunzi bayo banze kuza kuyishyigikira mu ntangiriro z’igikombe cy’Amahoro
5 June 2019, by Dusingizimana Remy -
Abavoka bavuze impamvu batakomeje gukurikana ikibazo cya Me Toy warashwe n’ abashinzwe umutekano
24 November 2017, by Nsanzimana ErnestUrugaga rw’ abavoka mu Rwanda rwatangaje ko rutatereye agati mu ryingo nyuma yuko Me Toy Nzamwita wari umwavoka arashwe n’ umupolisi, ko ahubwo rwakurikiranye iki kibazo kugeza ubwo umuryango wa Me Toy urubwiriye ko niwongera gukenera ubufasha uzarumenyesha.
Me Toy yarashwe n’ umupolisi wari mu kazi saa cyenda z’ igitondo cyo ku wa 30 Ukuboza 2017. Yarasiwe hafi ya Kigali Convention Center ubwo yari mu modoka ya Land Cruiser agiye mu gitaramo cy’ umuririmbyi wo muri Repubulika iharanira (…) -
Cristiano Ronaldo yakorewe ’cake’ yihariye ku isabukuru ye y’amavuko
6 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbakinnyi ba Al-Nassr yo muri Arabie Saoudite bakinana na Cristiano Ronaldo, bamwifurije isabukuru y’amavuko nyuma yo kuzuza imyaka 40, bamukorera ’cake’ y’akataraboneka, nyuma y’aho agirana ibihe bidasanzwe n’inshuti n’umuryango.
-
AFC/M23 n’ingabo za RDC byahanganiye muri Fizi mbere yo kwinjira muri Noheli
25 December 2025, by ISIMBI EstellaIngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zifatanyije na Wazalendo byahanganiye bikomeye muri santere ya Makabola muri teritwari ya Fizi mbere yo kwinjira mu munsi mukuru wa Noheli.
-
Rubavu: Umugabo n’umugore bafashwe bakekwaho kwiba imodoka
25 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmugabo w’imyaka 32 n’umugore we w’imyaka 29 bakoraga akazi ko mu rugo mu Karere ka Rubavu batawe muri yombi bakekwaho kwiba Imodoka y’uwari umukoresha wabo
-
Dr.Kayumba Christopher yajyanwe kwa muganga yanga gusuzumwa
13 September 2021, by Dusingizimana RemyUmunyamategeko wunganira Umunyapolitiki Dr Christopher Kayumba uherutse gutabwa muri yombi, yatangaje ko umukiliya we yajyanywe kwa muganga mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 13 Nzeri 2021 nyuma y’iminsi ari mu myigaragambyo yo kwiyicisha inzara.
-
Amerika yahagaritse inkunga ya gisirikare yahaga Ukraine
4 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmukozi wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko Trump yifuza ko Perezida Zelenskyy yiyemeza kugirana amasezerano y’amahoro n’u Burusiya.
-
Induru zavutse: Uwasifuriye Barcelone isezererwa na Inter de Milan, yasanganywe igikapu cya Real Madrid
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbakinnyi ba FC Barcelone ntibishimiye ibyemezo by’umusifuzi w’Umunya-Pologne, Szymon Marciniak, nyuma yo gusezererwa na Inter Milan muri ½ cya Champions League, basaba UEFA gukora iperereza mu gihe kimwe mu binyamakuru by’i Catalogne cyavuze ko ari umukunzi wa Real Madrid.
-
Hafashwe abagabo batatu bakekwaho kwica umuhanzi Liam Payne wahanutse kuri etaje
8 November 2024, by Joseph IradukundaAbantu batatu bamaze gufatwa bashinjwa uruhare mu rupfu rwa Liam Payne wahoze aririmba mu itsinda rya One Direction.
-
Umuraperi Kimzer yavuze urwo akunda Miss Kayumba Darina
7 February 2025, by ISIMBI EstellaHakim Abdul-Hussein, uri mu bahanzi bakiri kubaka izina mu njyana ya Hip Hop, aho akoresha izina rya Kimzer, yongeye gushimangira ko yihebeye Miss Kayumba Darina, amutera imitoma mu magambo aryoheye amatwi yifashishije amwifuriza isabukuru nziza y’amavuko.
Umuryango.rw
Cristiano Ronaldo yakorewe ’cake’ yihariye ku isabukuru ye y’amavuko
AFC/M23 n’ingabo za RDC byahanganiye muri Fizi mbere yo kwinjira muri Noheli
Rubavu: Umugabo n’umugore bafashwe bakekwaho kwiba imodoka
Dr.Kayumba Christopher yajyanwe kwa muganga yanga gusuzumwa
Amerika yahagaritse inkunga ya gisirikare yahaga Ukraine
Induru zavutse: Uwasifuriye Barcelone isezererwa na Inter de Milan, yasanganywe igikapu cya Real Madrid
Hafashwe abagabo batatu bakekwaho kwica umuhanzi Liam Payne wahanutse kuri etaje
Umuraperi Kimzer yavuze urwo akunda Miss Kayumba Darina